Nyuma y’uko Ikipe ya Rayon Sports itsinze Police FC mu mikino itegura Shampiyona yongeye kuyitsinda iyinyagira ibitego 3 - 0 mu mukino ufungura Shampiyona.
Abanyeshuri biga muri Kaminuza y’Ikoranabuhanga n’Ibya Buzinesi bavuga ko biyunguye ubundi bumeni mu kwihangira imirimo iciriritse, nyuma y’amahugurwa y’amezi atatu bashoje.
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika John Kerry, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, yunamira imibiri isaga ibihumbi 250,000 irushyinguyemo.
Minisiteri y’urubyiruko n’ikoranabuhanga (MYICT) itangaza ko ikoreshwa ry’indege zitagira abapilote (Drones) mu Rwanda ritazahagararira mu by’ubuvuzi gusa.
Kuri uyu wa gatunu tariki ya 14 Ukwakira 2016, Abanyamideli b’abanyarwanda barerekana ubwiza bw’ibihangano bya Kinyarwanda bakora.
Mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa byo gutwara amaraso hifashishijwe utudege duto ( Drones), Perezida Kagame yavuze ko yizeye umusaruro tuzatanga mu duce twa kure twagoraga ubuvuzi.
Depite Jean Marie Vianney Gatabazi atangaza ko urupfu rwa Depite Joseph Désiré Nyandwi ari "icyuho kinini ku Nteko Ishingamategeko kubera ubunararibonye yari afite".
Ambasadeli Arnout Pauwels uhagarariye Ububiligi mu Rwanda, yatangaje ko ntacyahagarika ubutwererane hagati y’ibihugu byombi.
Minisitiri wo gukumira ibiza no gucyura impunzi avuga ko muri 2016 mu Rwanda, ibiza bimaze guhitana abantu 166, binangiza imitungo ifite agaciro ka miliyari 27RWf.
Joseph Desire Nyandwi wari Umudepite mu Nteko ishingamateko, yitabye Imana azize uburwayi mugitondo cyo kuri yu wa gatanu tariki 14 Ukwakira 2016.
Polisi y’igihugu ikorera mu ntara y’Ibirasirazuba yatashye inyubako nshya y’icyicaro cyayo izabafasha guha serivise nziza ababagana.
Nyuma yo kurangiza kwishyura imodoka bari bamaranye imyaka itanu, abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge yose y’igihugu bagiye guhabwa imodoka nshya.
Roger Patrick Claude Michel na Jean Marc Roger Dimanche, bakomoka mu Bufaransa, boherejwe iwabo nyuma yo gufatwa binjira mu Rwanda batabifitiye ibyangombwa.
Ku Gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Ukwakira 2016, nibwo umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika John Kerry wari utegerejwe mu Rwanda yahageze.
FERWAFA yanzuye ko umukinnyi witwa Iminishimwe Emmanuel aba umukinnyi wa APR FC bidasubirwaho nyuma yo gusuzuma ikirego cyari cyatanzwe na Rayon Sports.
Ibigo by’imari iciriritse, Imirenge SACCO, bigiye gutangira gukoresha abarinzi bafite imbunda mu rwego rwo kongera umutekano w’amafaranga y’abaturage.
Ikigo cy’Igihugu cy’Isoko ry’Imari n’Imigabane (RSE) kizakira inama mpuzamahanga ku isoko ry’imari n’imigabane, kuva tariki 27 kugeza tariki 29 Ugushyingo 2016.
Ubuyobozi bw’umupaka wa Rusumo uhuza u Rwanda na Tanzaniya, buhamya ko kubaka One Stop Border Post byongereye urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu.
Abantu bataramenyekana batemye inka umunani z’uwitwa Uwifashije Augustin utuye mu murenge wa Rilima mu Karere ka Bugesera.
Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi b’isi kuzuza inshingano biyemeje, bubahiriza amabwiriza yo kurengera akayunguruzo k’isi, kugira ngo ingaruka ku mihinagurikire y’ikirere igabanuke.
Umusirikare wa FARDC wafatiwe mu Rwanda yasubijwe iwabo, ashimira ingabo z’u Rwanda uko zamufashe mu gihe yari amaze mu Rwanda.
Abanyarwanda 25 batahutse baturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bakiriwe mu Nkambi ya Nyagatare, i Rusizi, yakira impunzi by’agateganyo.
Abaturage baturiye Pariki ya Nyungwe batangaza ko bashishikajwe no kuyibungabunga kuko umusaruro w’ubukerarugendo buhakorerwa ubageraho bagatera imbere.
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gufata icyemezo cy’uko itagikinnye umukino ufungura shampiyona yagombaga gukina na Police FC kuwa tariki ya 14 Ukwakira 2016.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA), cyamaze guhagarika iyinjizwa n’ikwirakwizwa rya Samsung Galaxy Note 7 ku isoko ryo mu Rwanda.
Sosiyete sivile mu Rwanda ivuga ko imyumvire ikiri hasi ku bijyanye no kwirinda SIDA ibangamira igabanuka ry’iyi ndwara itagira umuti n’urukingo.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse by’agateganyo ibibuga bitatau byagombaga kuzakinirwaho Shampiyona y’icyiciro cya mbere kuko bitujuje ibyangombwa bisabwa.
Ingabire Christine utuye mu Murenge wa Kigeyo mu karere ka Rutsiro, avuga ko amaze iminsi itatu mu Mujyi wa Nyagatare ashakisha umugabo we witwa Nkurunziza Fred.
Ikondera ni kimwe mu bikoresho bikoreshwa n’ababyinnyi b’injyana gakondo zo mu Rwanda ariko hari abatazi akamaro n’inkomoko yaryo.
Umuryango SUN-Alliance uhuriyemo imiryango irwanya imirire mibi mu Rwanda, uvuga ko abana bari munsi y’imyaka 5 bagwingiye bakuzura Sitade amahoro inshuro 29.
Guverineri mushya w’Intara y’Iburengerazuba avuga ko agiye gufatanya n’abayobozi b’uturere n’abadutuye kugira ngo babashe kwesa imihigo uko bikwiye.
Abana b’abakobwa 15 bo mu Karere ka Gatsibo batewe inda zitateguwe, bakabyarira iwabo bafashijwe kwigarurira icyizere bigishwa imyuga izabateza imbere.
Ikigo cyo kubitsa no kuguriza cyitwa Atlantis MFI, cyateye inkunga y’ibikoresho byo kuhira imyaka abahinzi bo mu murenge wa Mimuli bihwanye na 19.800.000Frw.
Umugirasoni Chantal, umutoza w’Intore mu Karere ka Kamonyi, avuga ko binyuze mu bo batoza, basanga hakiri ababangamira ubumwe n’ubwiyunge.
Abahagarariye ibihugu bya Portugal, Singapore, u Budage na Finland, bijeje Perezida wa Repubulika Paul Kagame ko bazashyira imbaraga mu gushora imari mu Rwanda.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Burera buvuga ko bugiye guhangana n’ikibazo cy’umwanda ukigaragara muri bamwe mu baturage.
Urubyiruko rwiga imyuga rwakunze kubangamirwa no kubura igishoro cyo gutangira gushyira mu bikorwa ibyo rwize, mu gihe rushoje amasomo.
Impunzi z’abanyekongo zicumbikiwe mu Karere ka Gisagara zinubira kugaburirwa ibigori n’ifu yabyo, no kutemererwa kubigurisha ngo bagure ibindi biryo byo guhinduranya.
Ku nshuro ya mbere muri Kenya hagiye gutorwa Rudasumbwa na Nyampinga mu bafite ubumuga bw’uruhu mu rwego rwo kurushaho kwimakaza uburenganzira bwabo.
Umuhanzikazi Grace Abayizera uzwi nka Young Grace agiye gusubukura guhanga imideli no kwigisha urubyiruko rubyifuza kudoda.
Umugore ukekwaho guta uruhinja mu musarani ari mu maboko ya Polisi mu Bugesera nyuma yo kumubona atagitwite kandi yari asanzwe atwite.
Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yamaganye umwanzuro w’Inteko ishinga amategeko y’umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’i Burayi, uvuga ko u Rwanda rutagira demokarasi.
Ihuriro ry’abafana ba Riderman bibumbiye mu muryango bise RFC (Riderman Fan Club) batanze ubwisungane mu kwivuza ku bantu130 bibumbiye mu miryango 28.
Abakozi babiri ba Banki y’abaturage (BPR) ishami rya Batima riri mu Murenge wa Rweru mu Bugesera, barakekwaho gutorokana miliyoni zisaga 14RWf.
Ku nshuro ya gatatu Polisi y’u Rwanda yohereje abapolisi 140 mu butumwa bwo kubungabunga amahoro n’umutekano muri Centrafrique.
Abagabo batanu bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Nyamata iri mu Karere ka Bugesera, bakekwaho ubujura bw’inka.
U Bufaransa bwakabaye aribwo buburanishwa ku ruhare rw’abwo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, nk’uko bitangazwa na Perezida Paul Kagame.