Imyambarire y’abubu yayobeye abakuze

Ibitekerezo   ( 6 )

aka n’akateye

UWIMANA Deos yanditse ku itariki ya: 6-05-2016  →  Musubize

Erega umuntu yamba uko ushaka. Umuco uriho ntamuntu utabizi keretse utarakuriye mu Rwanda ubwo rero iyo umuntu atannye aba yabitekerejeho ntibiba byamucitse plz ahubwo ntimukabyiteho buriwese aba azi ibye kandi nta mwana ubyambara byambarwa nabantu bakuu nukuvuga ko baba baitekerejeho. JUst live your life and never mind about people ndumva ari yo solutions naho ubundi cyeretse ufashe igiti ukajya ubakubita.

alias yanditse ku itariki ya: 28-04-2016  →  Musubize

vision nayo izarikora, ubundi ubusanzwe umuntu yigana ibyiza biriya rero ntabwiza mbibonamo, umuco waracitse pe

BLUEZ yanditse ku itariki ya: 27-04-2016  →  Musubize

Erega mujye mureka abantu bambare uko babyumva maze gusa abareba mwoye kubiha agaciro muzarebe ko abantu batongera bagafata umuco.

Ikibazo cy’imyabarire ni umuco, iyo abantu batangiye kwambara ubusa kandi mumuco wabo bazi ko batambara ubusa, ubwo baba batannye nyine.

Dukwiye kwiga kubaha umuco wacu nyarwanda!

alias yanditse ku itariki ya: 26-04-2016  →  Musubize

Buriya Bavuga Ko Nyine Bari Muri Vision! Ahaaa!

Eva. yanditse ku itariki ya: 26-04-2016  →  Musubize

Imyambarire Y’ubu iteye ubwoba pe!

Claude Nsengiyera yanditse ku itariki ya: 26-04-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.