Umunyemari ukomoka muri Arabia Saudite, Saadi Ibuni aratangaza ko “Yego” ya Perezida Paul Kagame yongereye igihe cye mu ishoramari mu Rwanda.
Abahoze babunza ibicuruzwa mu muhanda bakorera mu isoko ryitwa ’Fresh Food Market’ i Nyabugogo, barinubira ko ibiciro by’ubukode bw’ibibanza bihanitse.
Abaturage begereye isantere ya Nyakarambi barasaba Leta kububakira inzu zasenywe na Ruhurura inyuramo amazi aturuka mu bikorwa Remezo by’Akarere hagatunganywa n’inzira y’amazi.
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda ivuga ko ubudozi ari urwego rugomba kwitabwaho kuko rukenerwa na benshi ari yo mpamvu hagiye kujyaho ishuri rizabwigisha.
Abasore n’inkumi barangije amashuri yisumbuye bo mu Karere ka Ruhango, bitabiriye Itorero ku kigero cya 89,5%, ku mugoroba wo kuri uyu wa11/01/2016.
Nsengiyumva Bernard, umusaza watwaye tours du Rwanda 2001 arasaba abagikina umukino w’amagare kongera ishyaka bagahigika abanyamahanga.
Kuri sitasiyo Polisi ya Nyamata mu Bugesera, hafungiye abantu bane bacyekwaho kwiba abaturage n’umurenge SACCO bakoresheje uburyo bwa Mobile Money.
Bamwe mu rubyiruko rwo mu murenge wa Katabagemu ruvuga ko ubucuruzi bwa avoka bwatumye babona abageni ndetse runiteza imbere.
Abarangije ayisumbuye 1503 bo mu karere ka Kirehe basanga itorero ry’igihugu rizabungura byinshi mu muco n’indangagaciro z’Umunyarwanda bakemeza ko bazabisangiza abandi.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rulindo n’abafatanyabikorwa bakoze isuzuma ry’aho igihembwe gishize kigeze gishyirwa mu bikorwa, bunategura igihembwe gikurikiyeho cy’imihigo y’uyu mwaka.
Abanyeshuri batangiye Itorero mu Karere ka Nyamasheke basabwe n’abayobozi kuzubakira ku bumenyi bafite n’ubwo bazahabwa mu kuba Abanyarwanda bazima bakunda kandi bakorera igihugu cyabo.
Ku cyumweru taliki ya 10/01/2016,kuri Stade Umuganda habereye umukino wahuje Amavubi na RD Congo,umukino witabiriwe cyane
Bamwe mu borozi bazana amatungo magufi mu isoko rya Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare bagurishiriza hanze y’isoko kugira ngo bahunge imisoro.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyabibu butangaza ko buri mwaka amafaranga yinjira mu misoro agenda yiyongera, biturutse ku bihangira imirimo nabo biyongera.
Mu gihe Manda y’imyaka 5 igana ku musozo umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro Gaspard Byukusenge avuga ko atishimiye aho ubuhinzi buhagaze.
STIPP Hotel yo mu Karere ka Rubavu yari iteganyijwe kwakira amakipe ya Mali na Zimbabwe muri CHAN yafunzwe kubera umwanda.
Imvura ivanzemo urubura n’umuyaga mwinshi yaguye mu mirenge ya Rukumberi na Mugesera mu Karere ka Ngoma yasambuye amazi 19 yangiriza hegitari 150 z’ibihingwa.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 11 Mutarama 2016,Lionel Messi yegukanye umupira wa zahabu ku nshuro ya 5.
Ku nshuro ya gatandatu, mu Rwanda hatangiye igikorwa cyo gutoranya Nyampinga (Miss) w’u Rwanda wa 2016 uzasimbura Kundwa Doriane.
Nubwo Leta yemerera ababyeyi kwishingira amashuri y’abana b’incuke, Akarere ka Gasabo karavuga ko hashobora kuba hatangiye kuzamo akajagari.
Abadozi bo mu Rwanda bashinze urugaga bahurizamo ingufu n’ibitekerezo kugira ngo bahaze isoko ry’imyenda mu bwishi no mu bwiza caguwa icike.
Abayobozi ba Polisi y’igihugu batangiye urugendo mu ntara enye z’igihugu basuzuma uko abapolisi bahakorera bitwara banabagezaho ubutumwa bwa Perezida Kagame.
Ubwo abanyehuye batahaga sitade yabo, ariyo Sitade Huye, Club Ibisumizi yaboneyeho gukora gahunda yayo ngarukamwaka yo guteza imbere siporo.
Ubushakashatsi bw’umuryango “Never Again Rwanda” bugaragaza ko amakimbirane akunze kugaragara mu Karere k’Ibiyaga Bigari akenshi aba ashingiye ku butaka.
Abanyehuye bavuga ko biteguye kuzareba imikino ya CHAN, ariko ngo bafite n’ubwoba bwo kuzanyagirwa nk’uko byabagendekeye bataha Sitade.
Mu gihe mu cyumweru gishize humvikanye ubushyamirane hagati y’ikigo Eden Business Center n’abafatanyabikorwa bacyo borora inkware, kuri uyu wa 11 Mutarama 2016 cyibasiwe n’inkongi y’umuriro.
Aborozi bo mu murenge wa Nyakarenzo mu karere ka Rusizi babangamiwe n’ikusanyirizo bubakiwe rimaze imyaka 2 ridakora.
Koperative Indashyikirwa-Gashari mu Murenge wa Gashari, Akarere ka Karongi, ngo yahombeye hafi miliyoni 15 mu buhinzi bw’urutoki biturutse ku micungire mibi yayo.
Uwimana Consolata, umukinnyi w’ikinamico uzwi nka Nyiramariza m’ Urunana na Manyobwa muri Musekeweya avuga ko byamufashije kurihira abana batanu amashuri kandi agahindura benshi.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi RAB, kiravuga ko kigiye gutumiza indi mbuto y’imyumbati mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango burasashima imicungire yaranze koperative z’Imirenge Sacco 2015, ariko bukazisaba gukaza ingamba muri uyu mwaka wa 2016.
Mbonazigenda Michel, W’imyaka 83 y’amavuko, ku wa 10 Mutarama 2016, bamusanze mu ishyamba yapfuye.
Komite nyobozi imaze imyaka 5 iyoboye Akarere ka Nyaruguru irishimira ko ari yo ibashije kurangiza manda muri aka karere.
Urubyiruko rwo mu cyaro rurifuza ko ubuyobozi bwashyira ingufu mu kuzamura impano zarwo mu mikino kugira ngo ruzavemo abakinnyi bakomeye b’igihugu.
Mugwaneza Charles w’imyaka 39 y’amavuko ari mu maboko ya Polisi mu Karere ka Ruhango, guhera tariki ya 08 Mutarama 2016, nyuma yo kugubwa gitumo atetse Kanyanga.
Igorofa ya Koperative y’Abamotari b’i Rusiszi, COMURU, ishobora gutezwa cyamunara mu minsi ya vuba kubera kunanirwa kwishyura banki.
Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne atangaza ko muri uyu mwaka inyubako z’imyidagaduro ziziyongera n’abashoramari bagashishikarizwa gushora imari mu myidagaduro.
Imbuto ya pomme isigaye ihingwa mu Karere ka Rulindo, mu gihe mbere yajyaga iboneka ari uko itumijwe hanze y’u Rwanda.
Abagore bo mu Karere ka Muhanga biyemeje kurwanya ihohoterwa rishingiye ku bitekerezo kuko rituma imfu zo mu miryango ziyongera.
Abagenzuzi b’imari mu Ntara y’Iburengerazuba basanga babarirwa ku rwego rwo hasi rutajyanye n’akazi bakora, bigatuma bitaborohera kugenzura abayobozi babafataho ibyemezo.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Louise Mushikiwabo, yatangaje ko yashimye imyitwarire y’Abafana b’Abakongomani, nyuma yo gutsindwa n’Amavumbi mu mukino wa gicuti wabahuje.
Nyuma yo kunganya na Cameroun igitego kimwe kuri kimwe,Amavubi yaje gutsinda Congo igitego 1-0 mu mukino wabereye i Rubavu
Mu rwego rwo gutaha stade Huye,ikipe ya Ushindi yatsinze abayobozi b’Amajyepfo,naho Mukura itsinda Amagaju y’i Nyamagabe 2-0
Nikuze Vestine wigisha ku Rwunge rw’Amashuri rwa Murama mu Murenge wa Musasa muri Rutsiro wagiye kwivuza impyiko ebyiri mu Buhinde, amafaranga yamubanye make.
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Yvonne Mutakwasuku, arasaba abagore kwitabira amatora y’inzego z’ibanze kuko na bo bashoboye.
Ababyeyi bo mu Karere ka Nyagatare baravuga ko amashuri y’incuke yo ku rwego rw’umudugudu adakora kubera amikoro n’imyumvire by’ababyeyi.
Abakinnyi n’abayobozi b’ikipe ya Congo yageze mu Rwanda kwitegura imikino ya CHAN basabye Abanyekongo kubaba hafi mu gihe k’imikino babashyigikira.
Umuyobozi w’ishuri rikuru rya gisirikare riri Nyakinama Gen Major Kazura, rikorera mu Karere ka Musanze, asanga kumenya imico yabo mubana bifasha kumenyana.
Abatuye Umurenge wa Rugarika, ahegereye uruzi rwa Nyabarongo, bakomeje gutaka ikibazo cyo gukoresha amazi mabi kuko babuze n’aho bagura umuti wo kuyasukura.