Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1258 )

Mfite umushinga nateguye wogukumira inda ziterwa abangavu , kwiyahura amakimbirane,hifasjishijwe terefone none nabuze ubufasha mwamfasha

Francine yanditse ku itariki ya: 22-05-2023

Dukeneye kumenyekanisha impano zacu

Rukundo Eric yanditse ku itariki ya: 15-05-2023

Mwiriwe neza kodukenerj gukora sport tukabura ahotuyikorera.kandi dufite impano ya sport ari volleybool.footbool.nibindi mwatuvuganira tukabona equipe yakarere nkuko numva gicumbi fc.musanze fc.natwekukagira burera fc murakoze

NSENGIYUMVA Dieu Donne yanditse ku itariki ya: 5-04-2023

Mwaramutse. Maze gusoma inkuru ya Riziki Uwimana. None nabasabaga niba mwamenyesha umuntu wanditse iyi nkuru ye kugira ngo tube twaganira birenze ho.
Murakoze

Jeanne d’Arc Habarugira yanditse ku itariki ya: 27-03-2023

MWIRIWE NEZA MFITE IMPANO YO GUKINA UMUPIRA W’AMAGURU NKENEYE UMUTERANKUNGA

TWIZERIMAN ELISSA yanditse ku itariki ya: 25-03-2023

Mwiriwe neza. ndi Jackson i Musanze nkaba ndi umushoferi mfite categories " B " nkaba kandi mfite uburambe muri uwo murimo ariko kubera ikibazo nahuye nacyo cyo kuvunikisha umwana akavunika amagufa yukuguru agacika byatumye ntabona akazi kubwo kumuvuza ariko ubu ariga ni muri urwo rwego habonetse ahakenewe umushoferi mwamfasha rwose. murakoze kuntega amatwi, 0788782213

Jackson yanditse ku itariki ya: 13-03-2023

Mwiriwe neza.
Ndi Jackson nkaba ndi Musanze,
Mubuzima busanzwe ndi umushoferi mfite categories "B".
Mfite uburambe muri uwo murimo ariko kubera ikibazo nahuye nacyo cyo kuvunikisha umwana akavunika amagufa yukuguru agacika byatumye ntabona akazi kubwo kumuvuza ariko ubu ariga ni muri urwo rwego habonetse ahakenewe umushoferi mwamfasha rwose.
Murakoze kuntega amatwi 👂

Jackson yanditse ku itariki ya: 13-03-2023

Thanks for your help.

Nsengiyumva Joseph yanditse ku itariki ya: 28-02-2023

Mwiriwe ndi umukinyi wa frime nyarwanda nepline TV nkaba ncaka umutera nkunga

Manishimwe yanditse ku itariki ya: 12-02-2023

Mwiriwe neza ni manishimwe herso nkaba ndi umukinyi wa frime nkabancaka umuterankunga 0789176663

Manishimwe yanditse ku itariki ya: 12-02-2023

Mwiriweneza nukuri mufanshije mukambonerakazi mwabamukoze kuko kubaho gutyandabirambiwe akazikose nagakora agasabimbaraga & nakadasabimbaraga mwabamukoze kuko inzara nidanger 0722149552

Alias yanditse ku itariki ya: 10-02-2023

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023

Nibyiza ko kuruyu munsi dusigasira ibyo intwari zacu zagezeho.

Vevogastar yanditse ku itariki ya: 1-02-2023

Ese abikorera nkabacuruzi baratangira imirimo yabo sangahe kuruyumutsi wintwari

Mugire philibert yanditse ku itariki ya: 1-02-2023

Uyumutsi abikorera baratangira imirimo yabo ayahe masaha

Mugire philibert yanditse ku itariki ya: 1-02-2023

Murakoze kumakuru meza mutugezaho.

albert ishimwe yanditse ku itariki ya: 28-01-2023

Ndifuza kuzafatira amahugurwa muri TTC SAVE mu karere ka. HUYE Kandi kuva itangazo ryasohoka narabikoraga bikanga mwamfasha murakoze

ICYIMPAYE Claire yanditse ku itariki ya: 11-01-2023

Mwandangiye akazi kokuri internet

Arcene yanditse ku itariki ya: 3-12-2022

tubakurirana twicecekeye

ntakirutimana yanditse ku itariki ya: 1-12-2022
1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ... | 58