Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Mfite umushinga nateguye wogukumira inda ziterwa abangavu , kwiyahura amakimbirane,hifasjishijwe terefone none nabuze ubufasha mwamfasha
Dukeneye kumenyekanisha impano zacu
Mwiriwe neza kodukenerj gukora sport tukabura ahotuyikorera.kandi dufite impano ya sport ari volleybool.footbool.nibindi mwatuvuganira tukabona equipe yakarere nkuko numva gicumbi fc.musanze fc.natwekukagira burera fc murakoze
Mwaramutse. Maze gusoma inkuru ya Riziki Uwimana. None nabasabaga niba mwamenyesha umuntu wanditse iyi nkuru ye kugira ngo tube twaganira birenze ho.
Murakoze
MWIRIWE NEZA MFITE IMPANO YO GUKINA UMUPIRA W’AMAGURU NKENEYE UMUTERANKUNGA
Mwiriwe neza. ndi Jackson i Musanze nkaba ndi umushoferi mfite categories " B " nkaba kandi mfite uburambe muri uwo murimo ariko kubera ikibazo nahuye nacyo cyo kuvunikisha umwana akavunika amagufa yukuguru agacika byatumye ntabona akazi kubwo kumuvuza ariko ubu ariga ni muri urwo rwego habonetse ahakenewe umushoferi mwamfasha rwose. murakoze kuntega amatwi, 0788782213
Mwiriwe neza.
Ndi Jackson nkaba ndi Musanze,
Mubuzima busanzwe ndi umushoferi mfite categories "B".
Mfite uburambe muri uwo murimo ariko kubera ikibazo nahuye nacyo cyo kuvunikisha umwana akavunika amagufa yukuguru agacika byatumye ntabona akazi kubwo kumuvuza ariko ubu ariga ni muri urwo rwego habonetse ahakenewe umushoferi mwamfasha rwose.
Murakoze kuntega amatwi 👂
Thanks for your help.
Mwiriwe ndi umukinyi wa frime nyarwanda nepline TV nkaba ncaka umutera nkunga
Mwiriwe neza ni manishimwe herso nkaba ndi umukinyi wa frime nkabancaka umuterankunga 0789176663
Mwiriweneza nukuri mufanshije mukambonerakazi mwabamukoze kuko kubaho gutyandabirambiwe akazikose nagakora agasabimbaraga & nakadasabimbaraga mwabamukoze kuko inzara nidanger 0722149552
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Nibyiza ko kuruyu munsi dusigasira ibyo intwari zacu zagezeho.
Ese abikorera nkabacuruzi baratangira imirimo yabo sangahe kuruyumutsi wintwari
Uyumutsi abikorera baratangira imirimo yabo ayahe masaha
Murakoze kumakuru meza mutugezaho.
Ndifuza kuzafatira amahugurwa muri TTC SAVE mu karere ka. HUYE Kandi kuva itangazo ryasohoka narabikoraga bikanga mwamfasha murakoze
Mwandangiye akazi kokuri internet
tubakurirana twicecekeye