Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1295 )

Nitwa NIYONSENGA jean damascene nize indimi n’ubuvanganzo nkaba nararangije muri 2022nkaba narabonye amanota39kuri60Literature C Kiswahili C Kinyarwanda B General study & communication skills S ENT ship E munshakiye akazi mwaba mukoze neza cyane.mugihe ntegereje igisubizo cyanyu cyiza mbaye mbashimiye

Niyonsenga jean damascene yanditse ku itariki ya: 22-01-2024

Nitwa NIYONSENGA jean damascene nize indimi n’ubuvanganzo nkaba nararangije muri 2022nkaba narabonye amanota39kuri60Literature C Kiswahili C Kinyarwanda B General study & communication skills S ENT ship E munshakiye akazi mwaba mukoze neza cyane.mugihe ntegereje igisubizo cyanyu cyiza mbaye mbashimiye

Niyonsenga jean damascene yanditse ku itariki ya: 22-01-2024

Mwiriwe? nifuzaga akazi mfite A2 kumanota 57 kuri 60 Geography A Economics A history B entrepreneurship A General study S mugihe nyitegereje igisubizo cyanyu ndabashimiye mugire akazi keza numunsi mwiza Kandi Imana ibane namwe nomero ni 0781605630

Mukunzi Elie yanditse ku itariki ya: 20-01-2024

MURAKOZE KUTUGEZAHO AMAKURU MEZA.

MANISHIMWE LUCIE yanditse ku itariki ya: 18-01-2024

TUBASHIMIYE AMAKURU MEZA MUDAHWEMA KUTUGEZAHO.

MANISHIMWE LUCIE yanditse ku itariki ya: 18-01-2024

nitwahitimananuyemukarereka nyagatareumurengewarukomondabashimiyekubitekerezobyanyumutugezahombambakurikiye 5 kurigatanu.

hitimana samuel yanditse ku itariki ya: 8-01-2024

Mubigogwe Muzadusure dufite ikibazo. ugera kumure ugiye gushaka indangamuntu wagerayo ugasanga inywaka iri murangamwimere itandukanye niyo ufite. nkubu navutse2003 ariko murangamwimerere ngona navutse 2009? urumva ni ikibazo gikomeyecyaneep. mudufashe mutuvuganire turababaye murakoze{}

Uwiringiyimana +nyabihu+bigogwe+kora yanditse ku itariki ya: 6-01-2024

TURABASHIMIE

J DAMOUR yanditse ku itariki ya: 15-12-2023

Ngororero+kageyo+kageshi+ruganda

Ikindi twifuza ko harinkunga muduhaye yarya ica kuri simucard yumuntu.kandi dufite nikibazo cyuko bajogoye abaturage bagiye guha amafaranga ni nka kandi arabakire.gusa.bahora babakorera inama twabaza ba midugudu abayobozi .bakatubwira ngo ni MaCHINE yabajogoye i kigali.muzatubarize murakoze

Fabien yanditse ku itariki ya: 10-12-2023

Muraho,nshuti z`u Rwanda

abaturage bo murenge wa ka kageyo -kageshi-ruganda :baratwambuye rwiyemeza mirimo wakoresheje amatarasi mutuvuganire,ikindi badutereye imigano batubwira ko bazaduha amafaranga none nayo.kandi ibitaro bya kageyo nago bitanga (service) urahagera ukirirwa utegereje.banatubeshye ngo bazaduha miliyoni yinguzanyo twarayibuze ngo dukore umushinga nkatwe rubanda rugufi.murakoze muzage mutuvuganira

Fabien yanditse ku itariki ya: 10-12-2023

Ndashimira ubuyobozi bwiza bw’igihugu cyacu buyobowe na nyakubahwa perezida wa repubulika Paul KAGAME imana ijye imuha umugisha kukoarashoboye tumuri inyuma ntituzamutererana mu guteza imbere urwanda rwacu

murakoze

ndagijimana charles yanditse ku itariki ya: 5-12-2023

Invura yagiye muduhaye ibiti byohutera byaba byabonetse

Nyombayire yanditse ku itariki ya: 23-11-2023

Mwiriwe neza ni fabien wimurunda ndabasuhuza gusa ntakindi

Nshimiyimana fabien yanditse ku itariki ya: 22-11-2023

Ndashak akazi kubu waitter cyangwa ubu customercare mfite A2 nkaba mfite number ariyo 0781148271

alias yanditse ku itariki ya: 15-11-2023

Ndumujyanamaw’ubuzima kukigonderabuzima cya nyange A mukarere ka ngororero umurenge wa ngororero mudufashije mwazadukorerara ubugenzuzi muri koperative dukoranenigihe yacu abayobozi barayihombeje kuburyo numugabane w’umunyamuryango utakiboneka nkiyo umuntu atakiri munshingano isanduka ibereyaho kandi umugabane waburi munyamuryango yagiye atanga ni 25000 kubanawe nabantu 124 ariko iyo tubajije abayobozibacu ntabisobanuro baduha mudukorere ubuvugizi

Elias yanditse ku itariki ya: 2-11-2023

Mana turagusabye murikongo intambara ihagarare kandi wazarendo iri gushotora urwanda kuburyo bweruye burimuturege aryamire amajanja kandipe dukwiye kubamaso nkabanyarawa tugasengera kumugozi umwe

TUYISENGE ETIENE yanditse ku itariki ya: 22-10-2023

abarimu inyagatare basubijwe akarere kandi bamwe muriba bagasaziyemo ngo nta masomo bafite kubigo bahawemo akazi nyamara mwe nk’ijwi ry’umuturage mwahagera mukiyumvira ako karengane

uc yanditse ku itariki ya: 18-10-2023

abarimu inyagatare basubijwe akarere kandi bamwe muriba bagasaziyemo ngo nta masomo bafite kubigo bahawemo akazi nyamara mwe nk’ijwi ry’umuturage mwahagera mukiyumvira ako karengane

uc yanditse ku itariki ya: 18-10-2023

banyamakuru mumanuke mwumve ibiri kubera i nyagatare muburezi abarimu basubijwe akarere

uc yanditse ku itariki ya: 18-10-2023

Mugihe urugerero rw’abanyeshuri ruri mu bikorwa byo kubakira abatishoboye abaturage barishimira ubufasha bwabo. Abanyeshuri sibyo bakora gusa kuko banakangurira abaturage kwitabira ejo heza.

Hazakorimana yanditse ku itariki ya: 12-10-2023

Mugihe urugerero rw’abanyeshuri ruri mu bikorwa byo kubakira abatishoboye abaturage barishimira ubufasha bwabo. Abanyeshuri sibyo bakora gusa kuko banakangurira abaturage kwitabira ejo heza.

Hazakorimana yanditse ku itariki ya: 12-10-2023

Amakuru kuyabonera kugihe nibyiza cyane

Bizimana jean claude yanditse ku itariki ya: 16-09-2023