Ikigo cy’igihugu cyita ku buzima (RBC) gitangaza ko mu Rwanda hagiye gutangizwa uburyo bushya bwo kwipima virusi itera SIDA bidakorewe kwa muganga.
Mu majyepfo ya Pariki y’Iburunga mu Majyaruguru y’u Rwanda, mu minota 20 gusa mu modoka uturutse mu Kinigi, wakirwa n’amazu asakaje ibyatsi afite ishusho y’ibirunga.
Ikipe ya Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzaniya yatsinze ikipe ya Rayon Sports igitego 1-0 mu mukino wa gicuti yayitumiyemo.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatashye ku mugaragaro ikibuga cya Basketball giherereye kuri Club Rafiki
Mu gihe habura iminsi mike ngo iserukiramuco rya muzika rizwi nka KigaliUp! ribe, abahanzi b’abanyamahanga bazasusurutsa abazaryitabira bamaze gutangazwa.
Imiryango Nyarwanda itari iya Leta isaba ko gahunda y’imbaturabukungu ya gatatu (EDPRS3) irimo gutegurwa, yakwita cyane ku ireme ry’uburezi n’ibura ry’imirimo.
Ambasaderi Arnout Pauwels wari umaze imyaka itatu ahagarariye u Bubiligi mu Rwanda, yatangaje ko ubwo asoje ikivi mu Rwanda ahandi agiye azaba umuvugizi w’u Rwanda nk’igihugu cy’intangarugero kandi cyuzuye amahirwe.
Raporo y’imiryango itari iya Leta yibumbiye muri CLADHO ivuga ko amatora y’Umukuru w’Igihugu yagenze neza, igasaba abagore ko baziyamamaza ubutaha.
Mu rwego rwo gukomeza gukusanya amafaranga ashyirwa mu kigega "Agaciro Development Fund" hateguye irushanwa ry’umupira w’amaguru rizahuza amakipe akomeye mu gihugu.
Bwa mbere mu mateka abahinzi b’icyayi bo mu turere twa Rusizi na Nyamaheke, batangiye kunywa ku cyayi bahinga.
Abaturage 120 bo mu murenge wa Kigali muri Nyarugenge bishimira ko batazongera kurembera mu rugo kuko noneho babonye uburyo bwo kwivuza.
Ikipe y’igihugu Amavubi iri kwitegura umukino wa Uganda mu rwego rwo gushaka itike ya CHAN imaze gutsinda Sudani ibitego 2 kuri 1 mu mukino wa gicuti.
Musenyeri Filipo Rukamba, umushumba wa diyosezi gaturika ya Butare, avuga ko umupadiri atari umukozi w’Imana kuko umukozi aruhuka, nyamara bo bakaba bagomba gukorera Imana ubutaruhuka.
Urwego rushinzwe imiyoborere (RGB) rwashimye umutuzo wagaragaye mu matora ya Perezida, runenga ibitangazamakuru mpuzamahanga byibasiye umwe mu bakandida.
Mukura Victory Sports iratangaza ko yamaze guha amasezerano y’imyaka ibiri Umurundi Gael Duhayindavyi wakinaga muri Vital’o Fc
Habumugisha Esiron wabaye mu gisirikari cya Kayibanda n’icya Habyarimana avuga ko amatora y’ubu atandukanye n’ayo hambere kuko ay’ubu akorwa mu mucyo no mu bwisanzure.
Kuva mu kwezi kwa Kamena kugera muri Nzeri uyu mwaka, hari abakiriya ba Banki y’Abaturage (BPR) barimo guhabwa ibihembo by’amafaranga, telefone, televiziyo, imashini yuhirira imyaka, ibyuma bikonjesha, amagare n’ibindi.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ryo muri Afurika yo hagati n’Iburasirazuba (CECAFA), ryashimiye Perezida Paul Kagame ku ntsinzi yegukanye mu matora aheruka.
Mu rwego rwo gushishikariza abakobwa gukora siporo cyane cyane iyo koga, Miss Rwanda, Iradukunda Elsa agiye gutangiza irushanwa ngarukamwaka ryo koga.
Ibyishimo ni byose mu gihugu ku bashyigikiye Paul Kagame kubera intsinzi yaraye yegukanye, mu gihe Komisiyo y’Amatora yo ikomeje gukusanya amajwi ya nyuma ngo itangaze imibare ntakuka.
Mu mukino wo guhatanira umwanya wa gatanu, ikipe y’igihugu ya Handball y’abatarengeje imyaka 20 yatsinze Ethiopia ibitego 40 kuri 33.
Paul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi niwe uyoboye urutonde rw’agateganyo mu matora, aho afite amajwi 5,433,890 angana na 98.66% mu turere twose, nk’uko bimaze gutangazwa na Komisiyo y’Amatora (NEC).
Perezida Paul Kagame n’umuryango we, abayobozi batandukanye ndetse n’abandi baturage batandukanye bitabiriye amatora ya perezida w’u Rwanda.
Abitabiriye amatora ya perezida w’u Rwanda baje barimbye, Annonciata Mafurebo Kayitesi bakunze kwita Anita yarushijeho kuko yatamirije ibyanganga.
Mu mukino wa nyuma w’amatsinda wabaye kuri uyu wa Kane, Senegal yatsinze u Rwanda ibitego 37-33 mu mukino wabereye kuri Stade Amadou Bary, Senegal ihita yerekeza muri 1/2.
Komisiyo y’igihugu y’amatora (NEC) itangaza ko Abanyarwanda bari mu Burundi n’abari muri Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo batatoye kubera ikibazo cy’umutekano muke muri ibyo bihugu.
Sosiyete ya VISA yamaze gushyiraho gahunda nshya ikoresha uburyo bwa QR code buzajya bworohereza abaturage kwishyura bakoresheje telefone.
Mu gihe habura amasaha make ngo Abanyarwanda batuye mu Rwanda batore Perezida wa Repubulika, hirya no hino mu gihugu batangiye imyiteguro.
Mu mukino wa kabiri wo mu matsinda, Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yatsinze u Rwanda ibitego 36-31 mu gikombe cy’Afurika cya Handball cy’abatarengeje imyaka 20.
Paul Kagame yakuriye inzira ku murima abiyita abahanga muri demokarasi banenga buri kintu u Rwanda rwagezeho kandi bamwe muri bo barahawe abayobozi na mudasobwa.
Mbere y’uko ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball ihura na DR Congo mu irushanwa riri kubera muri Senegal, Ambasaderi w’u Rwanda muri Senegal yasuye abakinnyi mu myitozo anabaha impanuro
Intore za FPR Inkotanyi ziba mu Mujyi wa Oxford mu Bwongereza, zihugiye mu gikorwa cyo kwamamaza umukandida wabo Paul Kagame.