
Ikipe ya Rayon Sports yabonye ikibuga gishya izajya ikoreraho imyitozo
Icyo kibuga cyubatswe mu Kagari ka Nzove mu Karere ka Nyarugenge, ari naho urwo ruganda rwubatswe. Icyo kibuga ni kimwe mu bigize amasezerano y’imyaka itatu y’imikoranire hagati y’ubuyobozi bwa Rayon Sports na Skol yasinywe mu 2014.
Skol iha Rayon Sports inkunga y’amafaranga asaga miliyoni 50Frw buri mwaka n’ibikoresho birimo imyenda yo gukinana.
Amakuru y’itahwa ry’icyo kibuga turakomeza kuyabakurikiranira.

Icyo kibuga cyubatse ku ruganda rwa Skol ahazwi nko mu Nzove

Abafana na bo bateganirijwe aho kwicara kandi bashobora gukurikirana imyitozo bica inyota

Aho abakinnyi baruhukira naho harateganijwe

Icyo kibuga gifite ibikorwa bihagije ku myitozo y’ikipe

National Football League
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
skol irakoze cyane.
Ndashimir Abaterankunga bnse turishimye cyaneerr Reyo spor oyeeee
hhhh skol irabikoze izanubake sitade ijye yakiriraho abafan turishimye cyaneee
nimufaje tubashimire kugikorwa bakoze
uwomutera mpunga turamwishimiye cyane.
Kuba BRALIRWA na SKOL bacuruza INZOGA,ntabwo bishimisha abiyita ko ari “ABAKOZI B’IMANA”.Bavuga ko kunywa inzoga ari icyaha.Igitangaje nuko nta hantu na hamwe Bible yigisha ko inzoga ari icyaha.Abantu bapfa kubyemera gusa kubera ko,nubwo bose batunga Bible,ntabwo baba bazi ibyo ivuga.Dore uko Bible ivuga ku byerekeye VINO n’INZOGA.
Imana itubuza kunywa VINO nyinshi “kugirango tudasinda”.Bisome muli Tito 2:3 na 1 Timote 3:8.Imana ubwayo,itegeka abantu kunywa VINO n’INZOGA.Byisomere muli Gutegeka 14:26 na Yesaya 25:6.Mwese muzi ko na YESU yatanze VINO mu bukwe bw’i KANA.Nyamara abiyita “abakozi b’imana”,bavuga ko atari VINO ahubwo ari UMUTOBE.Aka ni akumiro!!!
Nukuvuga ko banga kwemera ibyo Bible yigisha.Nyamara benshi muli bo,banywa INZOGA bihishe.Ntabwo imana ikunda abantu b’indyarya (Hypocrits).
SKOL yakoze cyane kd n’ibindibigo birebereho. rayon yacu jyambereeeee!