Igihugu cy’u Buyapani gifite umuco wo gushimira abagira uruhare rwo kwimakaza umuco w’u Buyapani mu bihugu by’amahanga.
Ikipe ya Rayon Sports nyuma y’imyaka igorwa na Etincelles, iyitsinze igitego 1-0 mu mukino wabereye i Rubavu.
Ikipe ya APR Fc yahawe igikombe cya Shampiona yegukanye mu mwaka w’imikino ushize, aho hari harabuze umwanya wo kugitanga
Mu matora yabereye ku kicaro cy’Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Bufaransa FF Cyclisme Aimable Bayingana usanzwe ayobora ishyirahamwe ry’umukino w’Amagare mu Rwanda, yatorewe kuyobora impuzamashyirahamwe y’umukino w’Amagare muri Francophonie ku rwego rw’isi .
Shampiona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru iratangira kuri uyu wa Gatanu, aho abakunzi benshi b’umupira bayitegereje n’amatsiko menshi
Mu birori byo guhemba abakinnyi bitwaye neza muri Rayon Sports mu mwaka w’imikino ushize, Muhire Kevin yatowe nk’umukinnyi w’umwaka
Mu bihembo by’abakinnyi n’abatoza bitwaye neza mu mwaka w’imikino 2017/2018, Hakizimana Muhadjili atowe nk’umukinnyi w’umwaka
United Generation Basketball (UGB) ifatanyije na Star Times Basketball League bari gutegura irushanwa rya mbere bise Umurage, riteganyijwe kuva tariki 26 kugeza kuri 28 Ukwakira kuri stade Amahoro.
Amavubi yagiye mu gikombe cy’ Afurika mu 2004 amaze imyaka isaga 13 yifuza gusubirayo bikanga. Nyuma yo gukomeza gutenguha Abanyarwanda MINISPOC na FERWAFA bari gushakira igisubizo mu gutegura amakipe y’igihugu y’abakiri bato ahoraho kimwe na Shampiyona yabo.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangaje urutonde rw’abakinnyi 15 bari mu byicoro bitanu, bakazatoranywamo abakinnyi bahize abandi muri Shampiona 2017/2018
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda inganyije na Guinea igitego 1-1 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, ihita ibona inota rimwe kuri 12 amaze gukinirwa.
Bimenyerewe ko mu mikino y’ibihugu, yaba amarushanwa cyangwa se iya gicuti, igomba kubimburirwa n’indirimbo zubahiriza ibihugu.
Rayon Sports yamuritse umwenda izaserukana muri shampiyona ya 2018/2019 ugaragaraho umuterankunga mushya witwa BONANZA.
Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi Haruna Niyonzima, aratangaza ko abifuza ko asezera mu ikipe y’iguhugu atari cyo gihe cyo gusezera
Nyuma yo gutsindwa imikino itatu ibanza mu gushaka itike ya CAN 2019, Mashami Vincent yatangaje ko azakora impinduka ku ikipe izabanzamo bakina na Guinea Conakry
Umunyarwanda Muhitira Felicien w’imyaka 23 yegukanye umwanya wa kabiri mw’isiganwa rikomeye ryo mu Bufaransa rizwi nka “20km de Paris”.
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Mashami Vincent aratangaza ko Amavubi yiteguye urugamba rwo guhangana n’Inzovu za Guinea Conakry.
Abafana ba Gicumbi FC bahangayikishijwe n’umusaruro iyo kipe izatanga muri shampyiona y’ikiciro cya mbere, mu gihe igifite abakinnyi ihemba ibihumbi 20Frw ku kwezi.
Mu mukino w’igikombe kiruta ibindi, APR yegukanye igikombe itsinze Mukura ibitego 2-0, mu mukino wabereye kuri Stade Umuganda i Rubavu
Mu isiganwa ry’amagare rizwi nka Rwanda Cycling Cup, Manizabayo Eric niwe wegukanye agace Musanze-Rubavu
Kuri uyu wa Gatandatu kuri Stade Umuganda, harabera umukino w’igikombe kiruta ibindi hagati ya APR Fc na Mukura Vs
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize ahagaragara ingengabihe y’imikino ya shampiyona umwaka 2018-2019 aho ikipe ya APR FC ifite igikombe giheruka izakira Amagaju ku itariki 19 ukwakira 2018, kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo.
Umutoza Ivan Minnaert wasezerewe muri Rayon Sports, yamaze kwerekanwa mu ikipe ya Al-Ittihad agiye kubera Umuyobozi wa Tekiniki
Roberto Oliviera Goncalves (Robertinho) utoza ikipe ya Rayon Sports ni umugabo ufite amateka akomeye atari azwi na benshi. Nyuma yo kwitwara neza mu mezi 4 amaze mu Rwanda, KT Radio, Radio ya Kigali Today yaramusuye bagirana ikiganiro aho yahishuyemo amakuru menshi benshi batari bazi ku buzima bwe .
Ikipe ya Rayon Sports yegukanye ku nshuro ya gatatu itsinze APR Fc igitego 1-0 kuri Stade Amahoro
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare baraye bakoreye impanuka mu gihugu cya Cameroun aho yari iri kwitabira irushanwa rya Grand Prix Chantal Biya ariko Imana ikinga akaboko.
APR yatsinze Etincelles na Rayon Sports itsinze AS Kigali nizo zizahurira ku mukino wa nyuma w’irushanwa ry’Agaciro
Ku munsi wa mbere w’irushanwa ryiswe Agaciro Championship, AS Kigali irahura na Rayon Sports ku matara ya Stade Amahoro
Ikipe ya Gicumbi ubwo yerekezaga i Kigali ije gukina umukino wo guhatanira kujya mu cyiciro cya mbere na Sorwathe, ikoreye impanuka ahitwa Kigoma
Umutoza w’ikipe y’igihugu Mashami Vincent yahamagaye ikipe y’igihugu y’abakinnyi 27 igomba kwitegura Guinea Conakry