Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Mbere tariki 5 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 811 babasanzemo Covid-19, muri bo 338 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 231, abantu 9 bitabye Imana, naho abarembye ni 62 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Ku Cyumweru tariki ya 04 Nyakanga saa kumi n’iminota cumi n’itanu z’umugoroba (16h15) Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 12 bari muri Mojo Palace Motel iherereye mu Mudugudu wa Uwabarezi, Akagari ka Rubirizi mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro begeranye barimo banywa barenze ku mabwiriza yo kurwanya ikwirakwizwa rya (…)
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku Cyumweru tariki 4 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 889 babasanzemo Covid-19, muri bo 309 bakaba babonetse i Kigali. Ntawakize, abantu batanu bitabye Imana, naho abarembye ni 61 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Ku wa Gatandatu tariki ya 03 Nyakanga 2021 mu masaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Huye mu Murenge wa Tumba yafatiye muri resitora y’uwitwa Nshimiyimana Anatole bakunze kwita King w’imyaka 43 abantu 17 bayihinduye akabari bikingiranye barimo banywa inzoga barenze ku mabwiriza yo (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko gutsinda icyorezo cya COVID-19 bizafasha Abanyarwanda gukomeza ibikorwa byo kwibohora, yizeza ko hari izindi nkingo zizaboneka muri iyi minsi ariko kandi anatangaza ko u Rwanda rurimo gukora ibishoboka byose kugira ngo rubashe kwikorera inkingo n’indi miti.
Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 03 Nyakanga 2021 imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange yo mu bwoko bwa Coaster yari itwawe na Ndayisaba Daniel w’imyaka 35 yafatiwe mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Kanyinya ahetse abagenzi batanu ari bo Uwiringiyimana Dativa w’imyaka 20, Manikuze Goderiva w’imyaka 35, (…)
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 3 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 898 babasanzemo Covid-19, muri bo 424 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 334, abantu 12 bitabye Imana, naho abarembye ni 47 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abantu batandatu ari bo: Kubwimana Jean de Dieu, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamiyaga, Bizimana Innocent, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Mukinga, Niyonzima Jean Rene, Umubaruramari w’Umurenge wa Nyamiyaga, Ntirenganya Vedaste, (…)
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Bazimaziki Clement, umutekinisiye muri Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (Chief Technician - REG) nyuma yo gufatwa yakira ruswa y’ibihumbi magana atanu (500,000frw) yari yasabye umukiliya.
Ku wa Gatanu tariki 02 Nyakanga 2021 mu gitondo nibwo byatangajwe ko amafi apima toni zirenga 109 yo muri kareremba mu Kiyaga cya Muhazi yapfuye.
Ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 01 Nyakanga 2021 mu masaha ya saa moya, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Huye mu Murenge wa Huye ku bufatanye n’inzego z’ibanze, bakoze igikorwa cyo kugenzura abatubahirije amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19. Muri icyo gikorwa abantu 19 bafatiwe mu tubari tubiri twa (…)
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 02 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 884 babasanzemo Covid-19, muri bo 179 bakaba babonetse i Kigali. Ntawakize, abantu batanu bitabye Imana, naho abarembye ni 43 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda byatangaje ko Dr. Anita Asiimwe yirukanywe ku mwanya w’umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA).
Mu kiyaga cya Muhazi giherereye mu Karere ka Rwamagana haravugwa ikibazo cy’amafi menshi yororerwa muri icyo kiyaga yapfuye. Abafite amafi yororerwa muri icyo kiyaga baravuga ko ayapfuye abarirwa muri toni 100 akaba ngo yazize imihindagurikire y’amazi.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Kane tariki 01 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 867 babasanzemo Covid-19, muri bo 208 bakaba babonetse i Kigali. Ntawakize, abantu 10 bitabye Imana, naho abarembye ni 37 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko kugera ku buringanire hagati y’umugore n’umugabo mu bijyanye n’ikoranabuhanga no guhanga udushya ari kimwe mu bintu by’ingenzi mu guha amahirwe n’uburenganzira abagore n’abakobwa.
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda byatangaje ko Alfred Dusenge Byigero akuwe ku mwanya w’umuyobozi mukuru w’ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi, isuku n’isukura (WASAC).
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yageze i Bujumbura mu Burundi, akaba yagiye ahagarariye Perezida Paul Kagame mu birori byo kwizihiza ubwigenge bw’u Burundi.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 30 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 849 babasanzemo Covid-19, muri bo 199 bakaba babonetse i Kigali. Ntawakize, abantu barindwi bitabye Imana, naho abarembye ni 36 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 29 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 814 babasanzemo Covid-19, muri bo 187 bakaba babonetse i Kigali. Ntawakize, abantu bane bitabye Imana, naho abarembye ni 36 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Mbere tariki 28 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 757 babasanzemo Covid-19, muri bo 280 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 182, abantu barindwi bitabye Imana, naho abarembye ni 35 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Ubushinjacyaha bukurikiranye umusore ukekwaho kwicira mu nzu umumotari akamutwara moto. Ku wa 7 Kamena 2021, Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, bwaregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye, busabira ifungwa ry’agateganyo mu gihe hagikorwa iperereza uwo musore ukekwaho kwicira mu nzu umumotari akamutwara moto .
Ku Cyumweru tariki ya 27 Kamena 2021 nibwo Umunyarwanda, Commissioner of Police (CP) Christophe Bizimungu yageze mu gihugu cya Repubulika ya Central Africa aho agiye mu mirimo yo kuyobora Polisi y’Umuryango w’Abibumbye (UNPOL) igizwe n’abapolisi baturuka mu mahanga bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri kiriya gihugu (…)
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 25 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 875 babasanzemo Covid-19, muri bo 343 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 112, abantu babiri bitabye Imana, naho abarembye ni 26 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko rwakiriye ikirego cyatanzwe n’umushoramari wibwe amafaranga y’u Rwanda agera kuri Miliyari imwe bikozwe n’abatekamutwe.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rurashakisha uwitwa Sugira Léonce ukekwaho icyaha cyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Perezida Félix Tshisekedi i Rubavu ku mupaka wa La Corniche.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Kane tariki 24 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 883 babasanzemo Covid-19, muri bo 234 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 131, abantu batanu bitabye Imana, naho abarembye ni 18 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Indege ya kajugujugu yari itwaye abasirikare bo muri Kenya yakoze impanuka kuri uyu wa Kane tariki 24 Kamena 2021, abasirikare 10 bahasiga ubuzima, abandi 17 barakomereka.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 23 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 964 babasanzemo Covid-19, muri bo 326 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 22, abantu batanu bitabye Imana, naho abarembye ni 12 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.