Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwasohoye urutonde rwa Hoteli 13 na Resitora 40 zo muri Kigali zashyiriweho amabwiriza yihariye ajyanye no kwakira abantu muri iki gihe cyo guhangana n’ikwirakwira rya COVID19. Amwe muri ayo mabwiriza avuga ko izo Hoteli na Resitora zizajya zakira abazigana ari uko babanje kwerekana ko (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Colonel Muhizi Pascal ahabwa ipeti rya Brigadier General.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 22 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 861 babasanzemo Covid-19 muri bo 388 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 8, abantu bane bitabye Imana, naho abarembye ni 10 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Mbere tariki 21 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 622 babasanzemo Covid-19 muri bo 305 bakaba babonetse i Kigali. Ntawakize, abantu batandatu bitabye Imana, naho abarembye ni 13 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere tariki 21 Kamena 2021 iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yafatiwemo ibyemezo bijyanye no kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19, birimo no kuba ingendo mu gihugu hose zibujijwe guhera saa moya z’ijoro.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Kamena 2021, ku cyicaro cya Polisi mu Karere ka Nyarugenge yerekanye uwitwa Nizeyimana Jean Marie Vianney n’abatumirwa be 11. Bari bitabiriye ibirori by’abana be babiri baherukaga guhabwa amasakaramentu. Ubusanzwe Nizeyimana n’abatumirwa be batuye mu Karere ka Kamonyi mu (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 21 Kamena 2021, yayoboye inama idasanzwe y’Abaminisitiri. Iyo nama yabereye mu biro by’umukuru w’Igihugu (Village Urugwiro) ikaba yiga ku ngingo zitandukanye harimo n’ingamba zigamije guhangana n’icyorezo cya COVID-19.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku Cyumweru tariki 20 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 296 babasanzemo Covid-19 muri bo 166 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 126, abantu batatu bitabye Imana, naho abarembye ni 11 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Kuri iki cyumweru tariki ya 20 Kamena 2021 Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 26 bafashwe batwaye imodoka banyoye ibisindisha ndetse bamwe banarengeje isaha ya saa tatu yo kuba bageze aho bataha nk’uko amabwiriza yo kwirinda COVID-19 abivuga.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 19 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 469 babasanzemo Covid-19, abakize ni 185, undi muntu umwe yitabye Imana, naho abarembye ni 13 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Ku wa Gatandatu tariki ya 19 Kamena 2021 Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 88 bari mu muhango wo kwiyakira mu bukwe bw’uwitwa Buregeya Saidi Codo w’imyaka 34 na Nyampundu Thausie. Bwari bwabereye mu busitani bwitwa "Green Mountain Biking Garden" ahazwi nko kwa Hadj Farouk buherereye mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa (…)
Mu Karere ka Musanze mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda ku wa Gatanu tariki ya 18 Kamena 2021 hasojwe ibiganiro ku mahoro, umutekano n’ubutabera. Ibi biganiro byari bimaze iminsi ibiri byitabiriwe na ba Ofisiye bakuru mu nzego z’umutekano biga muri iri shuri amasomo yo ku rwego rwo hejuru mu bijyanye n’akazi bakora.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 18 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 451 babasanzemo Covid-19, umuntu umwe ni we wakize, undi muntu umwe yitabye Imana, naho abarembye ni 16 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Umwalimu ukomoka mu gihugu cya Nigeria witwa Prof Abdulrazaq Oniye wigisha muri Kaminuza ya Kigali avuga ko gusura inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi ari ingenzi kuko zigaragaza ubugome umuntu yakoreye mugenzi we biturutse ku rwango rwagiye rubibwa hagati yabo bikaza kubyara Jenoside.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’Umugaba Mukuru w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye abasirikare mu ntera mu buryo bukurikira:
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yifatanyije mu kababaro n’abaturage ba Zambia bababajwe n’urupfu rwa Kenneth Kaunda wabaye Perezida w’icyo gihugu kuva mu mwaka wa 1964 kugera mu 1991.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Kane tariki 17 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 422 babasanzemo Covid-19, abakize ni 9, umuntu umwe yitabye Imana, naho abarembye ni 9 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 16 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 263 banduye Covid-19, ntawakize, abitabye Imana ni 4 mu gihe abarembye ari 11 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
MINISANTE yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 15 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 298 banduye Covid-19, ntawakize, umubare w’abamaze kwandura bose hamwe uba abantu 28,912. Abakirwaye bose hamwe ni 2,157 mu gihe abarembye ari 14.
Ku wa Gatandatu tariki 15 Ukuboza 2018, ahagana saa kumi n’ebyiri n’iminota 15 z’umugoroba nibwo imodoka eshatu zari mu muhanda mu ishyamba rya Nyungwe mu Murenge wa Kitabi mu Karere ka Nyamagabe zagabweho ibitero n’abantu bitwaje intwaro, barazitwika, bamwe mu bari bazirimo bahasiga ubuzima, abandi barakomereka.
Ku wa Gatanu tariki 11 Kamena 2021 mu ishuri rikuru rya Gisirikare (Rwanda Defence Force Command and Staff College) riherereye i Nyakinama mu Karere ka Musanze habereye umuhango wo gusoza ku mugaragaro amasomo ya ba Ofisiye 47 bagizwe n’Ingabo na Polisi.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) mu Rwanda yihanganishije umuryango w’umugore w’imyaka 57 witabye Imana i Kigali azize Covid-19.
Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryafashe abantu 16 mu Mujyi wa Kigali mu bihe bitandukanye batwaye ibinyabiziga basinze banarengeje amasaha yagenwe yo kuba abantu bageze mu rugo. Umunani (8) muri bo bafashwe mu ijoro ryo ku Cyumweru, batanu (5) bafatwa mu ijoro ryo ku wa Mbere, mu gihe abandi (…)
Mu bihe byashize, Abanyafurika bakunze kwishyura ifatabuguzi ku biciro bihanitse kugira ngo babashe kureba amarushanwa akomeye abera hirya no hino ku Isi. Ibi ntibikwiye. Muri Afurika kureba imikino by’umwihariko umupira w’amaguru bigomba korohera buri wese.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) mu Rwanda yatangaje ko ku Cyumweru tariki 06 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 54 bakize Covid-19. Abayanduye ni 34 bituma umubare w’abamaze kwandura bose hamwe uba abantu 27,245.
Umwe mu bigisha ijambo ry’Imana wamamaye cyane cyane ku mugabane wa Afurika n’ahandi ku isi, TB Joshua, yitabye Imana afite imyaka 57 y’amavuko.
Karasira Aimable Uzaramba uherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) tariki 31 Gicurasi 2021 akurikiranyweho ikindi cyaha gishya cyiyongera ku byavuzwe mu minsi ishize byo guhakana no guha ishingiro Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’icyaha cyo gukurura amacakubiri.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 05 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 42 bakize Covid-19. Abayanduye ni 49 bituma umubare w’abamaze kwandura bose hamwe uba abantu 27,211.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 4 Kamena 2021, mu Rwanda abantu 101 bakize Covid-19. Abayanduye ni 43 bituma umubare w’abamaze kwandura bose hamwe uba abantu 27,162.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) yakoze impinduka mu ngabo z’u Rwanda, hakaba harimo abazamuwe mu ntera ndetse bahabwa n’inshingano nshya.