Ubuyobozi bwa GOSHEN FINANCE PLC, ikigo cy’imari gitanga inguzanyo no kuzigama ku mishinga mito n’iciriritse mu Rwanda, buramenyesha abanyamigabane bagaragara ku rutonde rw’abadafite imyirondoro yuzuye ko bakwihutira kugeza imyirondoro yabo yuzuye kuri iki kigo bitarenze iminsi 14 babonye iri tangazo, kugira ngo imigabane (…)
Tariki ya 24 Kanama 2021 nibwo Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda n’umuyobozi mukuru wa Polisi ya Lesotho bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hagati ya Polisi z’ibihugu byombi. Mu itangazo ryasinywe ku wa Gatandatu tariki ya 28 Kanama 2021 haragaragaramo ko aya masezerano ari ingenzi kuko buri ruhande (…)
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku Cyumweru tariki 29 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 371 bakaba babonetse mu bipimo 23,042. Abantu 5 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1079. Abitabye Imana ni abagore 3 n’abagabo 2.
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali, yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Akigera mu Rwanda kKu kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali, yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta.
Ku wa Gatandatu tariki ya 28 Kanama 2021, Umuryango w’Abanyarwanda baba muri Sénégal (Association de la Communauté Rwandaise du Sénégal/ACRS) wizihije umunsi w’Umuganura aho begeranyije ubushobozi bugeze kuri miliyoni eshatu (3,000,000) z’amafaranga y’u Rwanda yabafashije gukora ibikorwa bibiri: Kuganuza abana n’urubyiruko (…)
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 28 Kanama 2021 abapolisi bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda bashinzwe kurwanya abanyereza imisoro(RPU) bafashe amabalo 18 y’imyenda ya caguwa n’inkweto imiguru 30 byinjizwaga mu Rwanda mu buryo bwa magendu. Ibyo bicuruzwa byafatiwe mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Gihundwe, Akagari ka (…)
Nyuma yo gusezerana mu mategeko ku wa Gatanu tariki 27 Kanama 2021, bukeye bwaho ku wa Gatandatu tariki 28 Kanama 2021, umuhanzi Igor Mabano yasabye anakwa umukunzi we bitegura kubana nk’umugabo n’umugore.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 28 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 519 bakaba babonetse mu bipimo 26,058.
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Musanze bwashyikirijwe dosiye iregwamo abantu batanu bakurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi cyakorewe umusore w’imyaka 21 .
Mu gitondo cyo ku wa Gatanu tariki ya 27 Kanama 2021, umuyobozi mukuru wa Polisi y’Igihugu cya Lesotho, Commissioner of Police, Holomo Molibeli n’intumwa ayoboye basuye Abapolisi b’u Rwanda bakorera mu Ntara y’Iburengerazuba. Ku biro bya Polisi muri iyi Ntara mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Gisenyi aba bashyitsi bakiriwe (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ari i Berlin mu Budage aho yitabiriye inama ya G20 Compact with Africa igamije guteza imbere ishoramari ry’abikorera muri Afurika.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kane tariki 26 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 570 bakaba babonetse mu bipimo 13,261.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Kanama 2021, Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 16 yafatiye mu Mujyi wa Kigali batwaye ibinyabiziga banyoye ibisindisha. Bamwe muri abo bashoferi bemereye itangazamakuru ko bari basomye ku bisindisha ariko bagahakana ko batari basinze. Igikorwa cyo kwerekana aba bashoferi cyabereye mu Karere ka (…)
Abo mu muryango wa Ambasaderi Joseph Habineza (Joe) batangaje ko azashyingurwa ku wa Mbere tariki 30 Kanama 2021. Ibi babitangarije mu muhango wo kwibuka nyakwigendera wateguwe n’Abanyarwanda baba muri Kenya.
Ubuyobozi bwa Banki y’Ubucuruzi y’Abanyakenya (KCB) bwatangaje ko bwamaze kwegukana imigabane ingana na 62,06% ikigo cy’ishoramari cya Atlas Mara Ltd cyari gifite muri Banki y’Abaturage y’u Rwanda (BPR).
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki ya 25 Kanama 2021, Polisi y’u Rwanda yashyikirije Sumwiza Sylvain w’imyaka 75 n’umufasha we Ntabahweje Agnes w’imyaka 66 n’abana babo 2 inzu yabubakiye nk’umuryango utishoboye. Iyi nzu iherereye mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Musambira, Akagari ka Cyambwe, Umudugudu wa Ruvumura. (…)
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 25 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 504 bakaba babonetse mu bipimo 12,845. Abantu 10 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1048. Abitabye Imana ni abagore 3 n’abagabo 7.
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie abaye uwa mbere mu mateka y’umuziki nyarwanda wumvikanye asinya amasezerano ya Miliyari y’Amafaranga y’u Rwanda. Ni amasezerano yo kwamamariza sosiyete yitwa Food Bundles Ltd ikora ibijyanye no kugura ndetse no kugurisha ku ikoranabuhanga ibikomoka ku buhinzi.
Ubushinjacyaha bwasabiye gufungwa by’agateganyo iminsi 30 umusore ushinjwa gutera urugo rw’abandi mu ijoro akajya gusambanya umwana w’umukobwa wo muri urwo rugo.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Kanama 2021, Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Lesotho, Commissioner of Police Holomo Molibeli n’intumwa ayoboye, basuye Polisi y’u Rwanda. Ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, aba bashyitsi bakiriwe n’umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, (…)
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiranye umugabo ukekwaho kwica umwana we w’umukobwa w’imyaka 15 y’amavuko amuhoye ko yatinze gutaha.
Kuri uyu wa Mbere tariki 23 Kanama 2021, u Rwanda rwatangiye icyiciro cya 3 cyo gukingira Covid-19 mu buryo bwagutse mu mujyi wa Kigali. Iki cyiciro kirareba abantu bafite imyaka 18 kuzamura, kikaba gitangiranye n’umujyi wa Kigali kuko ari cyo gice gituwe cyane, kikaba kinagaragaramo ubwandu bwinshi.
Mu kwezi gushize, Banki ya Kigali yatangaje ko yavuguruye imikorere ya serivisi ya ’Internet Banking’, cyangwa se ikoranabuhanga rifasha abakiriya b’iyi banki kubona serivisi zitandukanye bitabasabye kubanza kujya kuri banki ahubwo bakazibona bifashishije telefoni cyangwa se mudasobwa.
Umuhanzi nyarwanda Turatsinze Prosper wamamaye ku izina rya Mico The Best n’umukunzi we Clarisse, basezeranye imbere y’amategeko tariki 19 Kanama 2021 biyemeza kubana nk’umugabo n’umugore.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kane tariki 19 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 496 bakaba babonetse mu bipimo 11,534.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe Nsabimana Alphonse na Kwizera Adams bakurikiranyweho gutangaza amakuru y’ibihuha ku mbuga nkoranyambaga.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 18 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 635 bakaba babonetse mu bipimo 10,299.
Mu mukwabu wo kurwanya ubujura bw’amashanyarazi ukorwa buri gihe na Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) ifatanyije n’Inzego z’umutekano ndetse n’abaturage, mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kanama 2021 ingo zigera kuri zirindwi zarafashwe zikekwaho gukoresha amashanyarazi atishyurwa.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 17 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 557 bakaba babonetse mu bipimo 8,435.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Kanama 2021 yayoboye inama ngishwanama y’Umukuru w’Igihugu, abayitabiriye baganira ku ngingo zitandukanye zirimo icyorezo cya COVID-19, n’izindi ngingo zitandukanye.