#COVID19: Abantu 9 bitabye Imana, abanduye bashya ni 519

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 28 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 519 bakaba babonetse mu bipimo 26,058.

Abantu 9 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1074. Abitabye Imana ni abagore 5 n’abagabo 4.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka