#COVID19: Abantu 9 bitabye Imana, abanduye bashya ni 519

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 28 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 519 bakaba babonetse mu bipimo 26,058.

Abantu 9 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1074. Abitabye Imana ni abagore 5 n’abagabo 4.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka