#COVID19: Abantu 8 bitabye Imana, abahawe urukingo rwa mbere mu munsi umwe ni 95,541

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kane tariki 26 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 570 bakaba babonetse mu bipimo 13,261.

Abantu 8 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1056. Abitabye Imana ni abagore 4 n’abagabo 4.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka