#COVID19: Abantu 8 bitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 557

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 17 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 557 bakaba babonetse mu bipimo 8,435.

Abantu 8 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 977. Abitabye Imana ni bagore 2 n’abagabo 6.

Abamaze gukingirwa bose hamwe ni 951,795 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka