#COVID19: Abantu 10 bitabye Imana, abanduye bashya ni 504

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 25 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 504 bakaba babonetse mu bipimo 12,845.

Abantu 10 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1048. Abitabye Imana ni abagore 3 n’abagabo 7.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka