MENYA UMWANDITSI

  • Umukobwa ugaragara mu ndirimbo nshya ya Juno Kizigenza yavugishije abantu (Video)

    Umuhanzi Juno Kizigenza yashyize hanze indirimbo yise ‘Please me’ igaragaramo umukobwa wambaye mu buryo bamwe mu barebye iyo ndirimbo batangariye, dore ko kumutangarira byagaragaye na mbere mu minsi ishize ubwo uyu muhanzi yashyiraga ku mbuga nkoranyambaga amafoto ateguza iyi ndirimbo.



  • Polisi y’u Rwanda n’iya Malawi mu bufatanye bwibanda ku kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka

    Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda n’umuyobozi mukuru wa Polisi ya Malawi ku wa Mbere tariki ya 26 Nyakanga 2021 bagiranye ibiganiro mu rwego rwo gukomeza gushimangira ubufatanye buri hagati y’izi nzego zombi. Ni ubufatanye bwibanda ku kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka ndetse no guhanahana amahugurwa ku mpande zombi.



  • Minisitiri w

    Imirenge imwe n’imwe yashyizwe muri Guma mu Rugo

    Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) yatangaje ko imirenge imwe n’imwe isanzwe mu turere turi muri Guma mu Karere yashyizwe muri Guma mu Rugo mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.



  • #COVID19: Abantu 15 bitabye Imana, abakingiwe ni 1,171

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku Cyumweru tariki 25 Nyakanga 2021 mu Rwanda hafashwe ibipimo 11,339 bibonekamo abanduye 618. Abantu 10 bashyizwe mu mitaro, mu gihe abasezerewe mu bitaro ari 14.



  • Colonel Assimi Goita ubwo yarahiriraga kuba Perezida w

    Mali: Uwagerageje kwica Perezida yapfiriye muri Gereza

    Ku wa Kabiri tariki 20 Nyakanga 2021 nibwo umuntu yagerageje kwica Perezida w’inzibacyuho muri Mali, colonel Assimi Goïta, akoresheje icyuma.



  • Mu Rwanda abantu 14 bishwe na #COVID19, abakize ni 815

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 23 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 953 babasanzemo Covid-19, muri bo 176 bakaba babonetse i Kigali, ahandi habonetse benshi ni i Musanze bangana na 98, i Nyanza habonetse 70. Abakize ni 815, abantu 14 bitabye Imana, naho abarembye ni 71 nk’uko imibare yatangajwe (…)



  • Rubavu: Umuturage yavanze urumogi n’ibirayi ashaka kuruzana i Kigali

    Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu, kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Nyakanga 2021, yafashe uwitwa Muhawenimana Jeannette w’imyaka 25, afatanwa udupfunyika 500 tw’urumogi yaruhishe mu mufuka urimo ibirayi. Yafatiwe mu Murenge wa Kanzenze mu Kagari ka Kiremera, Umudugudu wa Bisesero, afatwa yari ategereje imodoka zitwara (…)



  • #COVID19: Abanduye bashya 1,309 babonetse mu bipimo 22,818

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Kane tariki 22 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 1,309 babasanzemo Covid-19, muri bo 189 bakaba babonetse i Kigali, ahandi habonetse benshi ni i Rubavu bangana na 79. Abakize ni 869, abantu 11 bitabye Imana, naho abarembye ni 78 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.



  • Umwana wishe nyina akanatema abavandimwe be yahanishijwe igifungo cy’imyaka 10

    Umwana wavutse mu mwaka wa 2004 (bivuze ko afite imyaka 17) wari ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku cyaha cy’ubwicanyi, icyo gukubita cyangwa gukomeretsa ku bushake byateye urupfu, ndetse n’icyo gukubita cyangwa gukomeretsa ku bushake umwana, yahamwe n’ibyo byaha tariki 21/07/2021 akatirwa igihano cy’igifungo cy’imyaka 10.



  • Umuhanzi Platini na Olivia bibarutse imfura yabo nyuma y’amezi ane barushinze

    Amakuru agera kuri Kigali Today aravuga ko umuhanzi Nemeye Platini n’umugore we Ingabire Olivia bibarutse imfura yabo y’umuhungu mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane tariki 22 Nyakanga 2021.



  • #COVID19: Mu Rwanda abantu 1,104 bakize, abapfuye ni 16

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 21 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 925 babasanzemo Covid-19, muri bo 122 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 1,104 abantu 16 bitabye Imana, naho abarembye ni 74 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.



  • Kigali: Barakekwaho kwiba abamotari babanje kubaniga (Video)

    Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC) ku wa Kabiri tariki ya 20 Nyakanga 2021 ryafashe itsinda ry’abantu batanu bacyekwaho kuba bibaga za Moto mu Mujyi wa Kigali. Batatu muri abo ni Dusabimana Claude uzwi ku izina rya Eric w’imyaka 25, Biziyaremye Alphonse bakunze kwita Micheal w’imyaka 37 na (…)



  • Nyabihu: Polisi yafashe bamwe mu bari bitwaje imihoro bikoreye magendu ya caguwa

    Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano, mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 21 Nyakanga 2021 saa cyenda, bafashe babiri mu bari bikoreye magendu y’imyenda ya caguwa abandi babaherekeje bafite imihoro yo kurwana. Abafashwe ni Twahirwa Marcel w’imyaka 24 na Dukuzumuremyi Valens w’imyaka 39, bafatiwe mu Karere (…)



  • Mu Rwanda abandi bantu 11 bishwe na #COVID19

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 20 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 906 babasanzemo Covid-19, muri bo 182 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 905, abantu 11 bitabye Imana, naho abarembye ni 69 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.



  • Uruhare rwa buri wese rurakenewe mu kwirinda no gukumira ibiza kugira ngo tugabanye ibihombo bidutera - Minisitiri Kayisire

    Ibiza bitandukanye by’umwihariko ibiterwa n’imvura biteza ibihombo byinshi hirya no hino mu gihugu. Bitwara ubuzima bw’abantu abandi bagakomereka, bikica amatungo, bikangiza imyaka mu mirima, bigasenya inzu z’abaturage ndetse n’ibikorwa remezo birimo imihanda, ibiraro, imiyoboro y’amazi, inzira z’amashanyarazi, ibyumba (…)



  • #COVID19: Mu Rwanda abakize ni 1005, abapfuye ni 17

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Mbere tariki 19 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 913 babasanzemo Covid-19, muri bo 152 bakaba babonetse i Musanze, i Kigali haboneka 140. Abakize ni 1005, abantu 17 bitabye Imana, naho abarembye ni 89 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.



  • Polisi yarokoye abantu 7 bari barohamye mu kiyaga cya Kivu

    Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 19 Nyakanga 2021 ahagana saa saba, Abapolisi bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda bashinzwe umutekano wo mu mazi barohoye abantu 7 bari bavuye mu Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro bagiye mu Karere ka Rubavu mu isoko rya Nyamyumba.



  • #COVID19: Abarwayi bashya 2,773 babonetse mu bipimo 73,608

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku Cyumweru tariki 18 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 2,773 babasanzemo Covid-19, muri bo 2,225 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 1,855, abantu 11 bitabye Imana, naho abarembye ni 72 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.



  • #COVID19: Abarwayi bashya 1,391 babonetse i Kigali

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 17 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 1,997 babasanzemo Covid-19, muri bo 1,391 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 976, abantu 12 bitabye Imana, naho abarembye ni 76 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.



  • Meya Richard Mutabazi yababajwe na mushiki we wishwe na COVID-19

    Abinyujije mu butumwa burebure yanditse kuri Twitter, Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Richard Mutabazi, yagaragaje agahinda yatewe n’urupfu rwa mushiki we witwa Uwimbabazi Nadège wazize icyorezo cya COVID-19, nk’uko Meya Richard yabisobanuye.



  • #COVID19: Mu Rwanda abakize ni 732, abakingiwe ni 2,639

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 16 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 927 babasanzemo Covid-19, muri bo 188 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 732, abantu 10 bitabye Imana, naho abarembye ni 74 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.



  • Video: Dore amayeri bakoresha biba amafaranga kuri ‘Mobile Money’ z’abantu

    Uwitwa Niyonzima Valens wo mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Cyabakamyi mu Kagari ka Karama mu Mudugudu wa Karama yahishuye amayeri we na bagenzi be bamaze imyaka myinshi bakoresha mu kwiba amafaranga kuri ‘Mobile money’ z’abaturage. Ibi babikoraga biyita abakozi ba MTN n’ikigo ngenzuramikorere, RURA.



  • #COVID19: Mu Rwanda abantu 896 bakize, abapfuye ni 9

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Kane tariki 15 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 883 babasanzemo Covid-19, muri bo 227 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 896, abantu 9 bitabye Imana, naho abarembye ni 74 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.



  • Kigali ishyizwe muri Guma mu Rugo (Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri)

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Nyakanga 2021, yayoboye inama y’Abaminisitiri yafatiwemo imyanzuro itandukanye, by’umwihariko ingamba zigamije gukumira ubwiyongere bw’icyorezo cya COVID-19. Iyo nama yashyize Umujyi wa Kigali n’utundi turere 8 muri gahunda ya Guma mu Rugo guhera (…)



  • Abantu 10 bafatiwe mu nzu y’umuturage basenga binyuranyije n’amabwiriza yo kwirinda COVID-19

    Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 13 Nyakanga 2021 mu masaha ya saa cyenda, mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Cyuve hafatiwe abantu 10 barimo basengera mu rugo rwa Tuyisenge Philippe w’imyaka 47 ruherereye mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Bukinanyana. Bari barenze ku mabwiriza yo kwirinda no kurwanya ikwirakwira rya (…)



  • Perezida Kagame ayoboye inama y’Abaminisitiri yiga ku ngamba zo kwirinda COVID-19

    Perezida wa Repubulika Paul Kagame ayoboye inama y’Abaminisitiri hifashishijwe ikoranabuhanga. Iyi nama irasuzumira hamwe ingamba zihariye zo kwirinda COVID-19.



  • #COVID19: Mu Rwanda abantu 1211 bakize, abapfuye ni 16

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 13 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 792 babasanzemo Covid-19, muri bo 306 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 1211, abantu 16 bitabye Imana, naho abarembye ni 73 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.



  • Muhanga: Umugabo wasambanyije ku gahato umugore yakatiwe igifungo cy’imyaka 10 n’ihazabu ya Miliyoni ebyiri

    Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga ku itariki ya 09 Nyakanga 2021 rwahamije icyaha umugabo wasambanyije ku gahato umugore amutegeye mu nzira, rumukatira igihano cy’igifungo cy’imyaka 10 n’ihazabu ingana na Miliyoni ebyiri (2.000.000) z’amafaranga y’u Rwanda.



  • Rusizi: Abantu batandatu bakurikiranyweho gusagarira umucamanza

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abantu batandatu bakurikiranyweho gusagarira umucamanza no kuvogera inyubako y’urukiko rw’ibanze rwa Kamembe tariki ya 09 Nyakanga 2021.



  • #COVID19 : Imibare ikomeje kuzamuka

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Kane tariki 08 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 911 babasanzemo Covid-19, muri bo 326 bakaba babonetse i Kigali. Abakize ni 984, abantu 14 bitabye Imana, naho abarembye ni 71 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.



Izindi nkuru: