MENYA UMWANDITSI

  • Ingo Miliyoni ebyiri mu Rwanda zimaze kugezwaho amashanyarazi

    Urugo rwa Yankurije Jeannette na Bigenimana Richard ruherereye mu Kagari ka Nyabugogo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, ku wa gatandatu tariki 05 Ugushyingo 2022, rwabaye urugo rwujuje umubare w’ingo Miliyoni ebyiri zimaze kugezwaho amashanyarazi mu Rwanda.



  • Ishuri rya IPRC Kigali rigiye kongera gufungurwa

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yamenyesheje abanyeshuri n’abakozi b’ishuri rya RP-IPRC Kigali, ko iryo shuri rizongera gufungurwa ku wa Mbere tariki 07 Ugushyingo 2022.



  • Uyu muti ushobora kuba igisubizo ku byangizwaga n’ingese

    Kompanyi yitwa ZINGA ikomoka mu Bubiligi igiye kuzana ku isoko ry’u Rwanda umuti urwanya ingese cyangwa se umugese ku byuma by’ubwoko butandukanye. Stany Mukurarinda uhagarariye iyi kompanyi mu Rwanda, yavuze ko imaze imyaka irenga 40 ikora imiti irwanya umugese n’ibindi byose byangiza ibyuma, bakaba ngo bifashisha (...)



  • Umusenateri wo muri Kenya yaje kwiga uko u Rwanda rwateje imbere ikoranabuhanga

    Umusenateri wo muri Kenya witwa Karen Nyamu ndetse n’itsinda bari kumwe, mu mpera z’icyumweru gishize bagiriye uruzinduko mu Rwanda, bagamije kurwigiraho uko rwateje imbere ikoranabuhanga haba mu bakozi ndetse no muri serivisi zitandukanye zihabwa abaturage.



  • Kanombe: Barishimira ibyagezweho birimo imiryango icumi y’abatishoboye yubakiwe

    Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro, bateranye tariki 30 Ukwakira 2022 mu Nteko Rusange, bishimira kongera guterana nyuma y’uko hari hashize imyaka itatu batabikora biturutse ku cyorezo cya COVID-19 n’izindi mpamvu zitandukanye.



  • Amashanyarazi akomoka ku mirasire y

    Ingo zisaga ibihumbi 42 zahawe amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba mu mezi atatu

    Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu mu Rwanda (REG) igaragaza ko mu mwaka w’ingengo y’imari ushize wa 2021/2022, ingo zahawe amashanyarazi adafatiye ku muyoboro rusange zisaga ibihumbi 116 naho izirenga ibihumbi 127 zikaba zarahawe amashanyarazi afatiye ku muyoboro rusange.



  • Bamwe mu bakozi b

    Hagaragajwe ibikibangamiye ihererekanya ry’amafaranga ku ikoranabuhanga muri Afurika

    Raporo yiswe ‘The State of Instant and Inclusive Payment Systems in Africa (SIIPS – Africa 2022)’ yateguwe n’Ikigo giteza imbere ikoranabuhanga muri Afurika (AfricaNenda), Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe Ubukungu muri Afurika (UN ECA) na Banki y’isi, igaragaza ko guhererekanya amafaranga ku ikoranabuhanga muri (...)



  • Saibou Coulibaly, Umuyobozi Mukuru wa Vivo Energy Rwanda

    U Rwanda rubaye urwa mbere muri Afurika mu gukoresha Essence na Mazutu bya Vivo Energy bidahumanya ikirere

    Leta y’u Rwanda yihaye intego yo kugabanya 38% by’imyuka ihumanya ikirere bitarenze 2030. Ibi kugira ngo bizagerweho, birasaba uruhare rw’abafatanyabikorwa batandukanye. Imyuka isohorwa n’ibinyabiziga iri mu bihumanya ikirere, bikaba kimwe mu bihangayikishije, dore ko n’umubare w’ibinyabiziga ukomeza kwiyongera mu Rwanda.



  • Shene nshya zirenga 120 kuri Dekoderi ya StarTimes zirimo iza siporo n’izihugura abanyeshuri

    Mu rwego rwo gukomeza gufata neza abakiriya bayo, sosiyete icuruza ibijyanye no gusakaza amashusho StarTimes yongereye shene zirenga 120 kuri Dekoderi ikoresha antene y’igisahani, z’Igifaransa n’iz’Icyongereza ziyongera ku zo yari isanzwe yerekana.



  • Abakozi bacu bahabwa ikiruhuko nk’uko babyemererwa n’itegeko - RITCO

    Ubuyobozi bwa Rwanda Interlink Transport Company (RITCO) buravuga ko amakuru aherutse kunyuzwa ku mbuga nkoranyambaga avuga ko hari abashoferi b’icyo kigo badahabwa ikiruhuko nta shingiro afite, kuko abakozi b’icyo kigo harimo n’abashoferi bafatwa kimwe hakurikijwe amasezerano y’akazi, hakurikijwe kandi ibiteganywa (...)



  • Barebeye hamwe ibijyanye no guteza imbere ubuhinzi muri Afurika

    Barasaba ko ingengo y’imari igenerwa ubuhinzi muri Afurika yongerwa

    Impuzamashyirahamwe y’abahinzi mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba iravuga ko ihangayikishijwe no kuba Leta na Guverinoma z’ibihugu bya Afurika bikigenda biguru ntege mu gushyira mu bikorwa ibikubiye mu masezerano ya Malabo ibihugu bya Afurika byashyizeho umukono.



  • Baganiriye ku bibazo by

    Abanyamakuru n’abanditsi basabwe kugira uruhare mu kurwanya ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe

    Umuryango w’abanyamakuru baharanira iterambere rirambye (Rwanda Journalists for Sustainable Development- RJSD), watangije gahunda zo kurwanya ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe hifashijwe inyandiko n’itangazamakuru.



  • Gatsibo: Yafatiwe mu kiyaga cya Muhazi atwaye magendu

    Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi (Marine Unit) kuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Ukwakira, ryafashe uwitwa Nizigiyimana Francois, ufite imyaka 24 y’amavuko, wari utwaye magendu y’ibiro 18 by’amabuye y’agaciro ya Wolfram, anyuze mu kiyaga cya Muhazi.



  • Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi barishimira ko bagiye kwiyubakira ibiro by’Akagari ka Kicukiro

    Hirya no hino muri Kigali mu mpera z’icyumweru habaye Inteko rusange z’Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi ku rwego rw’Utugari. Mu Kagari ka Kicukiro mu Murenge wa Kicukiro na ho bateranye ku Cyumweru tariki 23 Ukwakira 2022, barebera hamwe ibyageweho, biyemeza kongera imbaraga mu bitaragerwaho.



  • Masaka: Abanyamuryango ba FPR muri Gitaraga barishimira ko abasaga 500 bahangiwe imirimo

    Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Kagari ka Gitaraga, Umurenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, tariki 22 Ukwakira 2022 bahuriye mu Nteko Rusange itegurwa buri mwaka, bagamije kureba ibyo bagezeho, bakurikije ibyo baba bariyemeje mu mihigo. Barebye n’impamvu z’ibyo batagezeho kugira ngo babyihutishe, ndetse bafatira hamwe (...)



  • IPRC Kigali yafunzwe by’agateganyo

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yamenyesheje abanyeshuri, abakozi b’ishuririkuru rya RP-IPRC ishami rya Kigali, ndetse n’Abaturarwanda muri rusange, ko iryo shuri rifunze by’agateganyo mu gihe cy’ibyumweru bibiri.



  • Kicukiro: Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi muri Karambo biyemeje kwihutisha imihigo no gusigasira ibyagezweho

    Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Kagari ka Karambo, Umurenge wa Gatenga mu Karere ka Kicukiro, bahuriye mu Nteko Rusange y’Umuryango wa FPR Inkotanyi tariki 22 Ukwakira 2022, barebera hamwe ibyagezweho, bafatira hamwe n’ingamba zo gukomeza ibikorwa biganisha ku iterambere rishyira umuturage ku isonga.



  • Isabukuru nziza y’amavuko kuri Perezida Paul Kagame

    Kuri uyu wa 23 Ukwakira 2022, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yujuje imyaka 65 y’amavuko. Perezida Kagame yavutse ku itariki 23 Ukwakira 1957. Nyuma yo kugira uruhare rukomeye mu kubohora igihugu cya Uganda yabagamo nk’impunzi, yabaye ku ruhembe rw’ingabo zahoze ari iza FPR Inkotanyi zabohoye u Rwanda zigahagarika (...)



  • Abantu icyenda bafatiwe mu buriganya bwo gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga

    Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, mu bihe bitandukanye, yataye muri yombi abantu icyenda barimo abapolisi babiri n’abasivili barindwi bakurikiranyweho ibikorwa by’uburiganya mu gukora ibizamini by’ uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga rw’agateganyo hifashishijwe mudasobwa.



  • Liz Truss

    U Bwongereza: Minisitiri w’Intebe wari umaze ibyumweru bitandatu atowe yeguye

    Liz Truss wari Minisitiri w’Intebe mu Bwongereza, yasezeye kuri uwo mwanya nyuma y’iminsi itarenga 45, ni ukuvuga ibyumweru bibarirwa muri bitandatu, yari amaze muri ako kazi.



  • Bamwe mu bacuruzi n

    Umuryango ‘International Rewards Program’ wiyemeje guteza imbere abaguzi n’abacuruzi

    Umuryango mpuzamahanga uzwi nka ‘International Rewards Program – IRP’ ni umuryango ufite porogaramu iteza imbere abaturage ihereye ku bucuruzi bwungutse neza, bugahemba abakiriya babuteje imbere, bityo n’Igihugu kikabyungukiramo kuko abaturage iyo bateye imbere, ubucuruzi bugatera imbere, n’imisoro iboneka ari myinshi, (...)



  • Abaturage bafashwa kubona amashyiga avuguruye ku giciro gito bunganiwe

    Abahawe amashyiga avuguruye bunganiwe barishimira impinduka mu buzima bwabo

    Mu rwego rwo kugabanya ikoreshwa ry’inkwi n’amakara mu guteka no kurengera ibidukikije, hatangijwe umushinga ukwirakwiza mu baturage amashyiga avuguruye arondereza ibicanwa ndetse n’andi akoresha ibicanwa bitari inkwi n’amakara.



  • Barebeye hamwe uko Bugesera yakwihuta mu iterambere

    Inzego zitandukanye zirimo ubuyobozi bw’inzego za Leta, izihagarariye abikorera, abashoramari, ndetse n’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Bugesera, biyemeje kurebera hamwe ibikenewe kugira ngo Akarere ka Bugesera kabyaze umusaruro amahirwe gafite, kihute mu iterambere.



  • Gasabo: Muri Jabana barishimira iterambere umugore wo mu cyaro agezeho

    Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore wo mu cyaro ku rwego rw’Akarere ka Gasabo wizihirijwe mu Murenge wa Jabana mu Kagari ka Bweramvura. Ibirori byo kwizihiza uyu munsi byitabiriwe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Wungirije ushinzwe Ubukungu n’Imibereho y’abaturage, Urujeni Martine, na Depite Ndangiza Madine wari Umushyitsi Mukuru.



  • Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri

    Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Ukwakira, yayoboye inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, haganirwa ku ngingo zitandukanye zigamije kwihutisha impinduka mu mibereho n’ubukungu bw’Igihugu.



  • Akarere ka Gasabo hamwe n

    Pro-Femmes yatanze Miliyoni 51Frw zizafasha abazunguzayi 660

    Impuzamiryango Pro-Femmes Twese Hamwe yatanze inkunga y’amafaranga y’u Rwanda angana na Miliyoni 51Frw azakoreshwa nk’igishoro cy’abacururizaga mu muhanda(bazwi nk’abazunguzayi), mu rwego rwo kubarinda gusubirayo.



  • Umushoferi yafatiwe mu cyuho aha ruswa Umupolisi

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rwamagana, tariki ya 7 Ukwakira 2022, yafashe uwitwa Gashema Tumani ufite imyaka 49 y’amavuko, ukurikiranyweho kugerageza guha ruswa umupolisi ingana n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi mirongo irindwi (70,000 Frw) kugira ngo imodoka ye ihabwe icyangombwa cy’ubuziranenge.



  • #COVID19: Abanduye batatu babonetse mu bipimo 2,071

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 08 Ukwakira 2022 mu Rwanda habonetse abantu batatu banduye Covid-19, bakaba barabonetse mu bipimo 2,071.



  • Aho amashanyarazi ageze batandukana n

    Ingo zifite amashanyarazi ziyongereyeho hafi 8% mu mwaka umwe

    Raporo y’ibikorwa by’umwaka w’ingengo y’imari wa 2021/2022 ya Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) yerekana ko umwaka warangiranye n’ukwezi kwa Kamena 2022, wasize ingo zigera ku 243,992 zihawe amashanyarazi yaba afatiye ku muyoboro rusange ndetse n’akomoka ku mirasire y’izuba.



  • #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 1,500

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 07 Ukwakira 2022 mu Rwanda habonetse umuntu umwe wanduye Covid-19, akaba yabonetse mu bipimo 1,500.



Izindi nkuru: