#COVID19: Mu Rwanda abantu 8 bitabye Imana, abarembye ni 46

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Mbere tariki 09 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 554 bakaba babonetse mu bipimo 7,563.

Abantu 8 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 898. Abitabye Imana ni bagore 4 n’abagabo 4.

Iyo Minisiteri yatangaje kandi ko ku wa Mbere abasezerewe mu bitaro ari 8 mu gihe ababyinjiyemo bashya ari 13, abarembye ni ni 46.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka