Mu Rwanda abantu 911 bamaze kwicwa na #COVID19

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 10 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 600 bakaba babonetse mu bipimo 12,133.

Abantu 13 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 911. Abitabye Imana ni bagore 8 n’abagabo 5.

Iyo Minisiteri yatangaje kandi ko ku wa Kabiri abasezerewe mu bitaro ari 22 mu gihe ababyinjiyemo bashya ari 14, abarembye ni 41.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka