• Ibikorwa remezo ku mupaka wa Rusumo ngo biracyari bicye barateganya kubyongera.

    Kirehe: Rusumo igiye kubyazwa amashanyarazi angana na megawatts 83

    Nyuma y’uko huzuye ikiraro gishya ku mupaka wa Rusumo uhuza u Rwanda na Tanzaniya, ubu hagiye gukurikiraho umushinga wo kuhubaka isumo rizatanga amashanyarazi angana na megawatts 83 azasaranganwa u Rwanda, Tanzaniya n’u Burundi.



  • Abaturage babajwe n

    Kirehe: Abanyereje amafaranga ya MUSA bahawe amasaha 24 bakaba bayagaruye

    Abayobozi banyereje amafaranga y’imisanzu y’ubwisungane mu kwivuza (MUSA) mu murenge wa Gahara mu karere ka Kirehe bahawe amasaha 24 ngo babe bayagejeje kuri konti ashyirwaho.



  • Sebayoboke n

    Kirehe: Barasaba ubufasha nyuma yo gusenyerwa n’imvura

    Innocent Sebayoboke, umugore n’abana be batandatu batuye mu Kagari ka Nyabikokora umurenge wa Kirehe bamaze icyumweru bacumbitse mu baturanye nyuma yo gusenyerwa n’imvura yaguye tariki 25 Ukwakira 2014.



  • Abaturage bishimira aho imirimo yo kubaka ikiraro igeze.

    Kirehe: Abaturage bari kwiyubakira ikiraro cya miliyoni 30

    Bitewe no kubura ikiraro kibahuza n’akarere ka Ngoma, abaturage bo mu murenge wa Mushikiri mu karere ka Kirehe biyemeje kubaka ikiraro kizatwara miliyoni 30 kugira ngo babashe kujya bagurisha umusaruro w’ibitoki biboroheye.



  • Abanyamabanga nshingwabikorwa b

    Kirehe: Iyo Gitifu atsinzwe umuturage aba atsinzwe-Byukusenge

    Ubwo abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari 6 tugize umurenge wa Gatore basinyaga imihigo y’utugari kuwa gatatu tariki 29/10/2014, Jean Claude Byukusenge ushinzwe igenamigambi mu karere ka Kirehe, yabasabye kwegera abaturage bagafatanya kwesa imihigo kuko yasinywe mu izina ryabo.



  • Abarezi b

    Kirehe: Akagera International School ifite intego yo kuba mpuzamahanga

    Ishuri “Akagera International school” riri mu karere ka Kirehe ryakira abana baturutse mu bihugu binyuranye rikaba rifite gahunda yo kurenga imbibi z’u Rwanda rikaba ishuri mpuzamahanga nkuko izina ry’ikigo ribivuga.



  • Abagore icumi bahawe matora.

    Nta mugore wo mu cyaro uwo mu mujyi ntiyabaho- Depite Mujawamariya

    Depite Berthe Mujawamariya wifatanyije n’abatuye akarere ka Kirehe mu kwizihiza umunsi w’umugore wo mu cyaro yavuze ko umugore wo mu cyaro atunze benshi kandi ngo ni nawe utunze umubare mu nini w’abaturage bo mu mujyi.



  • Gahonzire yavunitse itako ariko akiza abana batanu hapfa umwe.

    Kirehe: Yavunitse itako ubwo yakizaga abana hakarokoka batanu umwe agapfa

    Umugabo witwa Gahonzire Filmin utuye mu kagari ka Bukora, umurenge wa Nyamugali mu karere ka Kirehe yagwiriwe n’igiti avunika igufa ry’itako ubwo igiti cyagwaga akagerageza gukiza abana bariho bakinira munsi yacyo harokoka batanu umwe arapfa.



  • Aho ni mu ruganda Kirehe Rice company, iyo mashini itonora umuceri.

    Kirehe: Ubuhinzi bw’umuceri bukorwa neza ariko imbuto iranengwa

    Umuyobozi wa IFAD ku isi, Kamayo Mwanzi, aherekejwe na Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Gerardine Mukeshimana bishimiye uburyo ibikorwa uwo mushinga ufashamo u Rwanda mu karere ka Kirehe bikorwa neza ariko hanengwa ubwoko bw’imbuto y’umuceri ihingwa.



  • Kubera imvura amazi yabaye menshi mu rugomero.

    Kirehe: Umurambo we wabonetse nyuma y’iminsi ibiri arohamye

    Nyuma yo kurohama mu rugomero rwa Nyamugali yoga, umurambo w’umugabo w’imyaka 33 witwa Aimé Faustin Ndayambaje wo mu kagari ka Nyamugali, umurenge wa Nyamugali mu karere ka Kirehe, wabonetse mu gitondo cyo kuwa kane tariki 23/10/2014.



  • Ntibarihuga Daniel yakatiwe burundu nyuma yo guhamwa n

    Kirehe: Yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo kwica umugore we

    Umugabo witwa Daniel Ntibarihuga wo mu mudugudu wa Nyagasozi, akagari ka Ruhanga umurenge wa Kigina mu karere ka Kirehe, kuwa 17/10/2014 yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umugore we amukubise isuka mu mutwe.



  • Aba bavandimwe bemera ko bishe ise kuko yabatezaga amadayimoni. Uyu muto afite imyaka 29, kuba adakura ngo abiterwa n

    Kirehe: Bishe ise bamuziza ko abateza amadayimoni

    Abasore babiri bafungiye kuri sitatiyo ya Polisi ya Kirehe bariyemerera ko bishe ise witwa Ezechiel Ntakumuhana mu ijoro rishyira kuwa kane tariki 16/10/2014, bamushinja kubateza amadayimoni.



  • Kirehe: Yaketse ko yishe umugore we ahita yiyahura

    Mu ijoro rishyira kuwa 13/10/2014 umugabo witwa Bertin Sinayobye w’imyaka 35 wo mu kagari ka Bwiyorere, umurenge wa Mpanga mu karere ka Kirehe yiyahuye yimanitse mu giti, nyuma yo gukubita umugore we ifuni mu mutwe amushinja ko amuca inyuma.



  • Protais Murayire wari umuyobozi w

    Umuyobozi w’akarere ka Kirehe yeguye (updated)

    Protais Murayire wari umuyobozi w’akarere ka Kirehe mu Ntara y’uburasirazuba amaze kwegura ku mirimo ye kuri uyu mugoroba wo kuwa 13/10/2024. Yeguye ku mwanya w’ubuyobozi bw’akarere no ku mwamya w’ubujyanama muri njyanama y’akarere.



  • Rwemera arasaba abacuruza ibiyobyabwenge kubireka kuko bigira ingaruka ku bantu benshi na nyiri ukubicuruza adasigaye.

    Kirehe: Yafatanywe ibiro 28 by’urumogi

    Uzziel Rwemera utuye mu kagari ka Muhamba, umurenge wa Musaza wo mu karere ka Kirehe yafatanwe ibiro 28 by’urumogi na litiro eshatu za kanyanga kuri uyu wa gatandatu tariki 11/10/2014 ubwo Polisi yamugwaga gitumo iwe mu rugo atararugurisha.



  • Ntibarihungu yasabiwe igifungo cya burundu nyuma yo kwemera icyaha.

    Kirehe: Umugabo yasabiwe gufungwa burundu akekwaho kwica umugore we

    Kuri uyu wa kane tariki 09/10/2014, Umugabo witwa Daniel Ntibarihuga wo mu mudugudu wa Nyagasozi, akagari ka Ruhanga umurenge wa Kigina mu karere ka Kirehe yemeye icyaha cyo kwica umugore we asabirwa igifungo cya burundu.



  • Ababyeyi bishimiye gukingiza abana babarinda iseru.

    Kirehe: Barasabwa kwitabira icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana

    Kuva tariki ya 7-9 Ukwakira 2014 ni icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’ubw’umwana. Abaturage mu karere ka Kirehe bakaba basabwa kwitabira iyo gahunda mu bigo nderabuzima binegereye igihe kitararenga.



  • Abarimu babangamiwe n

    Kirehe: Gutinda k’umushahara wa Mwarimu ni imbogamizi kuri we

    Bamwe mu barezi bo mu karere ka Kirehe baratangaza ko kuba umushahara wabo ubageraho utinze ari imbogamizi ku buzima bwabo bwa buri munsi. Ibi ni bimwe mu byatangajwe mu birori byo kwizihiza umunsi ngarukamwaka wahariwe mwarimu kuri iki cyumweru tariki 5/10/2014.



  • Protais Murayire Chairman wa FPR-Inkotanyi mu karere ka Kirehe arasaba urubyiruko gukunda igihugu.

    Kirehe: Urubyiruko rushamikiye kuri FPR rwiyemeje kurandura ubushomeri

    Inteko rusange y’Urugaga rw’Urubyiruko rushamikiye ku muryango wa FPR-Inkotanyi yateranye tariki 05/10/2014 mu karere ka Kirehe aho urubyiruko rwishimiye inyigisho rwahawe zijyanye no kwihangira imirimo ku buryo bafashe ingamba zo kurwanya ubushomeri.



  • Augustin Garuka ngo yatemye Rucamumihayo yitabara.

    Kirehe: Aricuza ko yabaye nyirabayazana mu itemwa ry’umugabo we

    Jeanette Uwineza w’imyaka 29 ari mu maboko ya Police akekwaho ubufatanyacyaha n’umusore witwa Augustin Garuka w’imyaka 30 ushinjwa gutema bikabije umugabo witwa Jean D’Amour Rucamumihayo usanzwe ari umugabo w’uwo Jeanette bapfa imyifatire mibi yo gucana inyuma.



  • Gratien Habimana yafashwe yihambiriyeho urumogi arugemuye i Kigali.

    Kirehe: Yafatanwe udupfunyika 700 tw’urumogi atwambariyeho

    Umusore witwa Gratien Habimana yatawe muri yombi ubwo yari yihambiriyeho udupfunyika 700 tw’urumogi adukuye mu karere ka Kirehe atugemuye i Kigali aho asanzwe akorera ubwo bucuruzi.



  • Kirehe: Nyuma yo gusambanya umwana we w’imyaka 17 yakatiwe igifungo cy’imyaka 15

    Umugabo witwa Faustin Ryumugabe wakekwagaho gusambanya umwana we w’imyaka 17, urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwamukatiye igifungo cy’imyaka 15 n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 100.



  • Kirehe: Umugabo ukekwaho kwica umugore we yaburiwe irengero

    Daniel Ntibarihuga utuye mu Mudugudu wa Nyagasozi, Akagari ka Ruhanga umurenge wa Kigina mu karere ka Kirehe yaburiwe irengero nyuma yo gukekwaho ko ari we wishe umugore we Viyoleta Mukantwari amukubise agasuka mu mutwe.



  • Uyu mugabo yavuze ko gusambanya umwana we yabitewe n

    Kirehe: Yasabiwe igifungo cya burundu y’umwihariko azira gusambanya umwana we

    Urubanza ruregwamo umugabo ukekwaho gusambanya umwana we w’imyaka 17 kuri uyu wa kabiri tariki 16 Nzeri 2014 rwaburanishirijwe mu kagari ka Nyankurazo mu murenge wa Kigarama aho atuye asabirwa gufungwa burundu y’umwihariko.



  • Umuyaga wagurukanye amabati ku buryo yangiritse cyane.

    Kirehe: Imvura ivanze n’umuyaga bidasanzwe byasenye inzu 10

    Imvura nyinshi yaranzwe n’inkubi y’umuyaga yasenya inzu 10 n’ibikoni byazo mu ijoro ryo kuri uyu wa kane tariki 11/9/2014, mu mudugudu wa Gitega abagari ka Nyakabungo umurenge wa Mpanga k’ubw’amahirwe nta muntu yahitanye cyangwa ngo akomereke.



  • Aba DASSO bahabwa inyigisho n

    Kirehe: DASSO barashaka kugarura isura yangijwe n’abo basimbuye

    Abagize umutwe wa DASSO (District Seculity Support Organ) barahiriye kuzuza inshingano bahawe mu karere ka Kirehe banizeza Abanyarwanda gukorera igihugu batizigama kandi bagarura isura yangijwe n’abo basimbuye bazwi ku izina rya Local Defense Forces.



  • Everiyana Nyiransengiyumva wibarutse abana batatu ahangayikishijwe n

    Kirehe: Arasaba ubufasha nyuma yo kwibaruka abana batatu

    Umubyeyi witwa Everiyana Nyiransengiyumva utuye mu kagari ka Curazo, Umurenge wa Gatore akarere ka Kirehe yabyaye abana batatu umukobwa n’abahungu babiri mu gitondo cya tariki 09 Nzeri 2014 mu bitaro bya Kirehe.



  • Amashyamba y

    Kirehe: Barasabwa kudatema amashyamba bitwaje icyorezo

    Mu gihe mu karere ka Kirehe amashyamba y’inturusu yugarijwe n’icyorezi cy’udusimba twitwa inda (Puceron) dufata ku mababi y’igiti bityo igiti cyose kigatangira kuma buhoro buhoro ndetse hakabaho n’ibyarangije kuma burundu, bamwe mu baturage bafite amashyamba batangiye guhangayika bibaza ku gihombo batejwe n’icyo cyorezo.



  • Iki kigo kizaba ishuri ry

    Kirehe: Huzuye ikigo cy’urubyiruko kizafasha mu kwita ku buzima bwarwo

    Urubyiruko rwo mu karere ka Kirehe rurishimira ikigo rumaze kubakirwa mu Murenge wa Kirehe. Iyi nyubako igizwe n’ibyumba bisaga 20 bizajya bikorerwamo imirimo inyuranye ijyanye no gufasha urubyiruko mu buzima bwarwo bwa buri munsi.



  • Ingemwe z

    Kirehe: Urugomero rwa Sagatare rwatumye umusaruro uva kuri toni 1 ugera kuri 7

    Mu rwego rwo kongera umusaruro uturuka mu buhinzi, urugomero rwa Sagatare ruherereye mu Murenge wa Kirehe mu karere ka Kirehe rumaze gufasha abahinzi mu iterambere rijyanye n’ubwiyongere bw’umusaruro cyane cyane ku gihingwa cy’umuceri.



Izindi nkuru: