Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Johnny McKinstry asanga kuba bakina n’igihugu cye cy’amavuko cya Ireland y’amajyaruguru ari ikintu cyashoboka mu minsi iri mbere.
Nyuma yo gufata icyemezo cyo kugarura Kayiranga Baptiste ku mwanya w’umutoza, Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gutangariza abakunzi bayo impinduka zinyuranye.
Abakinnyi, abatoza ndetse n’abayobozi baherekeje ikipe y’igihugu Amavubi mu mukino wa Gicuti basuye ahashyinguye imibiri y’abakinnyi n’abayobozi b’ikipe ya Zambia baguye mu mpanuka y’indege yabaye mu mwaka w’1993.
Ku cyumweru tariki ya 29 Werurwe 2015 Shampiyona y’umukino w’intoki wa Handball yarakomeje ku munsi wayo wa kabiri, aho ikipe ya Police Handball Club isanzwe ifite igikombe yanyagiye ikipe ya GS Rambura.
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru “Amavubi” yatsinzwe ibitego bibiri ku busa n’ikipe y’igihugu ya Zambia mu mukino wa gicuti wabereye i Lusaka muri Zambia, kuri Heroes National Stadium ku wa 29 Werurwe 2015.
Cairo, 28 werurwe 2015- Ikipe y’Ikigo cy’Imisoro n’amahoro yagiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa nyafurika ry’amakipi yabaye aya mbere iwayo mu Misiri, mu mukino wa volleyball, abagore ntiyabashije gukura insinzi kuri Shams yo mu Misiri.
Ku wa gatandatu tariki ya 28 Werurwe 2015, Shampiyona y’umukino w’intoki wa Volleyball iraza gukomeza aho ikipe ya INATEK iri ku mwanya wa mbere iza kuba irwanira umwanya wa mbere n’amanota 15 na Rayon Sports VC ya kabiri n’amanota 14.
Uwahoze akinira ndetse akanatoza ikipe ya Rayon Sports, Kayiranga Baptiste yongeye kugirwa umutoza mukuru wayo, ndetse indi myanya itari ifite abayobozi muri Rayon Sports iruzuzwa.
Umunyamabanga mukuru w’ikipe ya APR FC, Kalisa Adolphe aratangaza ko iyi kipe igikomeje iperereza ku mvururu zabereye i Rusizi nyuma y’umukino ikipe ya Espoir FC yatsinze mo APR FC igitego kimwe ku busa.
Umunyarwanda Adrien Niyonshuti ukina mu ikipe y’ababigize umwuga ya MTN Qubeka ibarizwa mu gihugu cy’Afrika y’Epfo ari mu ikipe izitabira irushanwa rizwi ku izina rya Coppi e Bartalli rizaba kuva kuri uyu wa kane.
Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Amagare, Hadi Janvier akomeje kwitwara neza mu marushanwa ari kubera mu gihugu cy’Algerie (Grand Tour d’Algerie) aho yaje ku mwanya 2 mu gace gasoza isiganwa rya Tour international d’Annaba.
Tariki ya 05 Mata 2015, ku cyicaro cy’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) i Cairo mu Misiri hazabera tombola y’uko amakipe azahura mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika gihuza abakinnyi bakina imbere mu gihugu (CHAN) kizabera mu Rwanda umwaka wa 2016.
Ikipe ya Rayon Sports igiye gushyiraho Team Manager uzasimbura Thierry Hitimana watandukanye na yo mu mpera z’icyumweru gishize aho mu mazina avugwa harimo Kayiranga Baptista.
Umunya Ireland y’amajyaruguru w’imyaka 29 Johnattan McKinstry yahawe ikipe y’igihugu Amavubi nk’umutoza mukuru wayo, asimbuye Stephen Constantine ubu utoza ikipe y’igihugu y’ubuhinde.
Ikipe ya Rayon Sport Volleyball club yihimuye ku ikipe y APR Volleyball Club ku munsi wa 7 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere cy’umukino wa Volleyball iyitsinda amaseti atatu kuri imwe.
Ikipe y’Amagaju yongeye guhangara Ikipe ya Police FC iyitsinda ibitego 2-1 mu gihe ikipe ya AS Kigali yaraye ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Musanze ibitego bibiri ku busa.
Tombola y’uko amakipe azahura muri ¼ cya UEFA Champions league igonganishije abakeba b’i Madrid ( Real Madrid na Athletico Madrid) mu gihe FC Barcelone yo izongera gucakirana na PSG bari kumwe mu matsinda.
Ku wa gatanu tariki 20 Werurwe 2015, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yamaze kwemeza Jonathan McKinstry w’imyaka 29 nk’umutoza mukuru w’Amavubi ugomba gusimbura Stephen Constantine wagiye gutoza ikipe y’igihugu y’ubuhinde.
Ku wa 20 Werurwe 2015, Umutoza mukuru w’agateganyo w’ikipe nkuru y’igihugu Amavubi, Lee Johnson yahamagaye abakinyi 26 bitegura umukino mpuzamahanga wa gicuti uzahuza ikipe y’igihugu cya Zambia n’u Rwanda tariki ya 29 Werurwe 2015 i Lusaka.
Ikipe ya Gicumbi ikomeje guhangamura amakipe akomeye arimo APR FC, Police FC na AS Kigali, ku wa kane tariki ya 19 Werurwe 2015 yakurikijeho Rayon Sports iyitsinda ibitego 2-1.
Ikipe ya AS Kigali ikomeje kotsa igitutu ikipe ya APR FC nyuma yo gutsinda Isonga FC igitego kimwe ku busa naho APR FC igatsindirwa i Rusizi na Espoir igitego kimwe ku busa.
Abafana b’ikipe ya Espoir FC y’i Rusizi bararanye akanyamuneza nyuma yo gukura amanota atatu mu mukino bakinnye na APR FC ku wa gatatu tariki ya 18 Werurwe 2015.
Ku wa kabiri tariki ya 17/03/2015, Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda yakomeje ku munsi wa 20, ikipe ya Police Fc inganya na Mukura VS naho Rayon Sports ishyirwa ku mwanya wa gatandatu nyuma yo gukurwaho amanota atatu.
Ikipe ya Kigali Basketball Club (KBC) yasezeye muri Shampiyona y’umukino wa Basketball mu Rwanda nyuma y’impanuka yibasiye iyo kipe ndetse n’umwe mu bakinnyi bayo akitaba Imana.
Murera Zacharie, umusaza wo mu kigero cy’imyaka nka 70 wo mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa Masoro yegukanye umwanya wa gatatu mu bantu umunani basiganwaga mu irushanwa ryo gutwara amagare.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamaze kwemeza ko ikipe ya Rayon Sports ikurwaho amanota atatu nyuma yo kubitegekwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA), kubera umwenda ibereyemo uwahoze ari umutoza wayo, Raoul Shungu.
Ikipe ya Rayon Sports yakiriwe n’abafana benshi ku kibuga cy’indege i Kanombe ubwo yari ivuye mu Misiri aho yatsindiwe na Zamalek ibitego 3-1.
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino w’amagare iri kwitabira amarushanwa mpuzamahanga ya Tour du Cameroun, Bintunimana Emile yegukanye agace ka kabiri k’iri siganwa ku cyumweru tariki ya 15 Werurwe 2015.
Perezida wa Sena y’u Rwanda, Bernard Makuza, aratangaza ko Abanyarwanda bakwiye kwitabira siporo buri gihe kandi bakayishyira mu gahunda zabo za buri munsi nk’uko badashobora gusiba kurya.
Ikipe ya APR Fc yatsinzwe n’ikipe ya Al Ahly yo mu Misiri ibitego bibiri ku busa, mu mukino ubanza mu mikino ihuza amakipe yabaye aya mbere mu bihugu byayo muri Afrika wabaye kuri uyu wa gatandatu taliki 14/3/2014.