Ikipe y’Amagaju ikomeje akazi kwiyubaka, aho kuri uyu wa mbere yari yasinyishije umukinnyi watowe nk’uwa gatatu mu bitwaye neza muri Shampiona y’u Burundi witwa Shabban Hussein, ubu noneho hari hatahiwe umunyezamu.

Perezida w’Amagaju Nshimyumuremyi Jean Paul na Shyaka Regis nyuma yo gusinya amasezerano

Shyaka Regis asinya amasezerano y’imyaka ibiri
Amagaju nyuma y’uko yari yatakaje umunyezamu wari usanzwe uyafatira witwa Rukundo Protogene werekeje muri Etincelles, ubu yamaze gusinyisha Shyaka Regis wari umunyezamu wa kabiri w’ikipe ya Mukura VS.
National Football League
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Ni byiza Ubwo equipe yo mu rugo Uri kwiyubaka.njye ntuye canada ariko nkunda Amagaju.ndashima abakoze Uri rubuga cyane.mujye mukomeza muduhe Amakuru.uyu munyamakuru nawe dominique ndamushima aduha inkuru vuba