MENYA UMWANDITSI

  • Kugenda kuri moto mu mvura ni kimwe mu byagukururira gukubitwa n’inkuba

    Mu gihe Itumba rya 2019 ryitezweho kuzarangwa n’imvura nyinshi, Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) iravuga ko hari imwe mu myitwarire, irimo no kugenda ku binyabiziga bidatwikiriye, ishobora kubakururira gukubitwa n’inkuba.



  • Minisitiri Sezibera yavuze ko u Rwanda ntaho ruhuriye n

    Rweru si irimbi ry’u Rwanda - Minisitiri Sezibera

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb Dr Richard Sezibera, yiyamye abakomeza gushinja u Rwanda imirambo ikunze kugaragara mu Kiyaga cya Rweru kiri ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi.



  • Ibitangazamakuru byinshi byitabiriye iki kiganiro na Minisitiri Dr Sezibera

    RNC iri mu marembera... Ni umutwe udafite ibitekerezo bya politiki bifatika - Dr Sezibera

    Minisitiri w’ububanyi n’amahanga akaba n’umuvugizi wa Guverinoma Amb Dr Richard Sezibera aravuga ko umutwe urwanya leta y’u Rwanda uzwi nka RNC uri mu marembera kuko ari umutwe udafite ibikerezo bya politike bifatika.



  • Ibivugwa ko u Rwanda rwashyize ingabo ku mipaka na Uganda si byo – Minisitiri Sezibera

    Mu kiganiro n’abanyamakuru cyo kuri uyu wa kabiri tariki 05 Werurwe 2019, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga akaba n’umuvugizi wa Guverinoma Dr Richard Sezibera, yahakanye ibyavuzwe na bimwe mu binyamakuru byo muri Uganda ko haba hari ingabo z’u Rwanda zashyizwe ku mupaka n’icyo gihugu.



  • Abafatanywe ibiyobyabwenge beretswe itangazamakuru

    Abafatanywe ibiyobyabwenge baravuga ko nibarekurwa batazabisubiramo

    Umugabo wo mu kigero cy’imyaka nka 40 ukomoka mu Karere ka Bugesera avuga ko yakuze acuruza urumogi ariko muri 2012, kubera inama zaberaga mu mudugudu atuyemo zamagana ibiyobyabwenge ndetse n’ingero z’abo byangizaga barimo n’abana yabonaga yiyemeza kubireka atangira ubucuruzi bw’akabari.



  • Minisitiri Biruta mu muhango wo gusoza umushinga wo kwandika no gutanga ibyangombwa by

    U Rwanda rwakoresheje Miliyari 52FRW mu byangombwa by’ubutaka

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ubutaka (RLMUA) kiratangaza ko kimaze gukoresha amafaranga abarirwa muri miliyoni 52 z’Amayero, ni ukuvuga abarirwa muri Miliyari 52 na Miliyoni 899 n’ibihumbi 600 mu mafarnga y’u Rwanda mu gikorwa cyo kwandika ubutaka no gutanga ibyangombwa by’ubutaka kuri bene bwo.



  • Minisitiri Kamayirese asaba abatuye mu manegeka kwimuka mbere y

    MINEMA irateganya gushyira utwuma tw’impuruza mu duce twibasirwa n’ibiza

    Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) irasaba abaturarwanda mu bice bitandukanye by’igihugu bikunze kwibasirwa n’ibiza kuba maso kandi bakagira imyitwarire ibafasha kwitegura no gukumira ibiza mu rwego rwo kurinda ubuzima bwabo muri iki gihe cy’imvura y’itumba, byitezwe ko izaba nyinshi mu duce twinshi tw’igihugu.



  • Mukaperezida na Kwizera

    Kuki umusore arongora umukecuru bikaba ikibazo?

    Mu gihe mu Rwanda usanga bamwe bafata ko umusore yagombye gushakana n’umukobwa aruta cg bari mu kigero kimwe, muri 2014, mu Karere ka Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba, umusore w’imyaka 23 witwa Mohamed Habimana yabengutse uwitwa Jeannette Kamagaju w’imyaka 60 y’amavuko abantu bamwe baravuga ngo ‘ishyano ryaguye’.



  • Ibigo biri ku isoko ry’imari n’imigabane byeretswe uko byakurura abakiliya

    Ikigo cya Banki y’Isi gishinzwe iby’Ishoramari (IFC), ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iby’isoko ry’imari n’imigabane (UN Sustainable Stock Exchange), Ikigo cy’u Rwanda cy’Isoko n’Imigabane (RSE) ndetse n’Ikigo kigenzura Imari n’Imigabane (CMA Rwanda), cyeretse ibigo biri ku isoko ry’imari (...)



  • Rukarakara igiye gukoreshwa nk

    Miliyoni 90Frw zigiye kwifashishwa mu bushakashatsi kuri rukarakara

    Mu rwego rwo gufasha abaturage batuye mu mijyi y’u Rwanda, harimo na Kigali, gukoresha itafari rya rukarakara nk’igikoresho gihendutse mu bwubatsi, Ikigo cy’Igihugu cy’Imiturire (RHA) kigiye gutangira ubushakashatsi ku butaka mu turere twose tw’u Rwanda kugira ngo harebwe itafari rya rukarakara ryakoreshwa muri buri gace (...)



  • Abanyeshuri bahize abandi bahembwe mudasobwa

    Dore abanyeshuri bahize abandi mu bizamini bisoza ayisumbuye

    Minisiteri y’Uburezi mu gitondo cyo kuri uyu wa 21 Gashyantare 2019 yatangaje amanota y’abaranyeshuri basoje amashuri yisumbuye, aho mu bijyanye n’amasiyansi umunyeshuri witwa Francois Tuyisenge wo muri Seminari Ntoya ya Ndera ari we waje ku isonga n’inota rya mbere muri buri somo.



  • Abatuye muri aka gace Leta irimo gushaka uko ihabakura kugira ngo hubakwe inzu ziberanye n

    Aba ‘Bannyahe’ baratakambira Umujyi wa Kigali

    Nyuma yo kurega Akarere ka Gasabo bagashinja gushaka kubimura mu buryo bunyuranyije n’amategeko ikirego cyabo urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rukagitesha agaciro, abaturage bo mu midugudu ya Kangondo I&II na Kibiraro I mu Kagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera, ahazwi nko muri “Bannyahe” batakambiye Umujyi wa Kigali (...)



  • Uruganda rwa Kabuye rwagabanyije ibiciro kubera isukari ituruka hanze y

    Niba isukari y’u Rwanda irangura make, kuki umuguzi ahendwa?

    Ubuyobozi bw’uruganda rw’isukari rwa Kabuye “Kabuye Sugar Works Ltd” buravuga ko bwiyemeje kuranguza isukari ku mafaranga make, bitewe n’uko isukari ituruka hanze yinjiye mu Rwanda ku bwinshi kandi ihendutse.



  • Ibi ni bimwe mu bicuruzwa byatahuweho kututuza ubuziranenge

    Hari inganda zikora ibitemewe kandi zifite ibyangombwa by’ubuziranenge - RSB

    Ikigo cy’Igihugu gitsura Ubuziranenge (RSB) kiraburira Abanyarwanda ko hari inganda zahawe ibyangombwa by’ubuziranenge, ariko aho kubahiriza amabwiriza zahawe zikabibika zikikorera ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge.



  • 1/3 cy’abambuye Leta ni abakoze ibyaha bifitanye isano na ruswa

    Mu gihe Leta y’u Rwanda irimo guhiga bukware abantu babarirwa muri 700 bayambuye amafaranga agera muri miliyari zirindwi (7,000,000,000FRW), icukumbura ryakozwe na Kigali Today ryasanze abenshi muri abo ari abakoze ibyaha bifite aho bihuriye na ruswa no kunyereza umutungo wa Leta.



  • Barebeye hamwe uburyo bakwihutisha gahunda zo gukura abaturage mu bukene

    Amafaranga ya VUP agiye kujya agezwa ku muturage atanyuze mu nzego z’ibanze

    Mu gihe bamwe mu bagenerwabikorwa ba VUP bakunze kumvikana binubira gutinda kw’amafaranga baba bagomba guhabwa nk’ingoboka cyangwa ayo baba bakoreye binyuze mu mirimo rusange, Ministeri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (Minaloc) iratangaza ko icyo kibazo cyavugutiwe umuti.



  • Dr. Alvera Mukabaramba asanga hakwiye gufatwa ingamba zikomeye kugira ngo u Rwanda ruzabe rutakirangwamo ubukene bukabije muri 2024

    Hari abahabwa inkunga zo kubakura mu bukene ariko ntibabuvemo

    Bamwe mu bayobozi b’uturere bungirije bashinzwe imibereho myiza y’abaturage basanga hari abaturage bahawe inkunga zo kubakura mu bukene ariko ntibabuvemo kuko batahawe umwanya mu gutegura izo gahunda.



  • Kwimurwa muri aka gace kazwi nka

    Urukiko rwateye utwatsi ikirego cya Bannyahe

    Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo kuri uyu wa mbere tariki 11 Gashyantare 2019 rwasomye umwanzuro warwo ku isuzuma rwakoze niba ikirego cya Bannyahe gikomeza kuburanishwa mu mizi cyangwa kigateshwa agaciro.



  • Minisitiri Busingye mu nama n

    Leta yatangatangiye impande zose abayirimo imyenda

    Urutonde rw’ababereyemo Leta imyenda rwagejejwe mu bigo bikomeye byose birimo Ikigo cy’Igihugu cy’Ubutaka, Ikigo gishinzwe kumenya abafitiye amabanki amafaranga (CRB ), Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (RRA), ikigo gishinzwe abinjira n’abasohoka, ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize (RSSB), n’ibindi.



  • Kwimurwa muri aka gace kazwi nka ‘Bannyahe

    Akarere ka Gasabo kasabye urukiko gutesha agaciro ikirego cya ‘Bannyahe’

    Urubanza abaturage bo mu midugudu ya Kangondo I&II na Kibiraro I mu Kagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera baregamo Akarere ka Gasabo kubera gushaka kubimura badahawe “ingurane ikwiye kandi yumvikanweho” n’impande zombi, rwasubukuwe kuri uyu wa 6 Gashyantare 2019 maze Akarere ka Gasabo gasaba urukiko kutakira (...)



  • Umugaba mukuru w

    Ubutasi bwa EAC buhuriye i Kigali bushakira umuti iterabwoba

    Kuri uyu wa 5 Gashyantare 2019, i Kigali hatangiye inama y’iminsi ibiri y’inzego nkuru z’ubutasi bwa gisirikare mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EAC), irebera hamwe uko umutekano wifashe mu karere ikazibanda ahanini ku birebana no guhangana n’iterabwoba.



  • Minisitiri Shyaka yashimye uruhare rwa DALGOR mu guteza imbere imiyoborere myiza

    Umushinga DALGOR usize uturere twahoraga inyuma mu miyoborere turi mu twa mbere

    Ubushakatsi bwakozwe n’Ishyirahamwe ry’Uturere n’Umujyi wa Kigali (RALGA) binyuze mu mushinga DALGOR, ugamije kwimakaza imiyoborere myiza, bugaragaza ko uturere twazaga inyuma mu miyoborere myiza mu myaka itatu ishize, ubu turi mutuza ku isonga.



  • Kaminuza ya Gitwe

    MINEDUC yafunze burundu amashami abiri yo muri Kaminuza ya Gitwe

    Minisiteri y’Uburezi (Mineduc), kuri uyu wa 29 Mutarama 2018, yafashe umwanzuro wo gufunga burundu udushami tubiri twa Kaminuza y’Abadivantisiti b’Umunsi wa karindwi ya Gitwe (ISPG), nyuma yo gusanga ibyo bayisabye gukosora itarabikosoye.



  • Bashimye uruhare rw

    Kicukiro : Abaturage ba Kavumu bashimiwe kwiyubakira umuhanda wa kaburimbo

    Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu n’Umujyi wa Kigali barashima abaturage bo mu Mudugudu wa Kavumu, mu Kagari ka Nonko mu Murenge wa Nyarugunga ho mu Karere ka Kicukiro barimo kwiyubakira umuhanda wa kaburimbo bagamije kwishakamo ibisubizo.



  • Umuyobozi w

    I Nyacyonga barakigishiriza abanyeshuri 70 mu ishuri rimwe

    Mu gihe Minisiteri y’uburezi iteganya abanyeshuri 45 mu ishuri rimwe, ishuri ribanza rya Nyacyonga rifite abanyeshuri 624 bigira mu byumva bitandatu n’ibindi bitatu biri gusanwa, bivuze ko mu ishuri rimwe higiramo abanyeshuri barenga 70.



  • Abatunganya imisatsi bemeza ko ari umwuga ufite agaciro n

    Guha impamyabushobozi abatunganya imisatsi bizabakuraho igisuzuguriro

    Marie Claire Ingabire, ufite inzu itunganya imisatsi y’abagabo n’abagore (salon de coiffure) mu Mujyi wa Kigali akaba n’umuyobozi w’ishyirahamwe ry’abatunganya imisatsi muri Kigali, avuga ko umwuga wo kogosha ari umwuga abenshi bafata nk’umwuga ugayitse, bigatuma hari abatawibonamo bitewe n’uko ahanini ufatwa nk’umwuga (...)



  • Bamwe mu bakanishi n

    Abakanishi 239 basanzwe mu mwuga bahawe impamyabumenyi

    Abakanishi 239 bakorera umwuga wabo mu magaraji yo mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa 23 Mutarama 2019 bahawe impamyabumenyi n’Ishuri ry’Imyuga n’Ubumenyingiro “Rwanda Polytechnic (RP) zishimangira ubumenyi n’ubushobozi mu mwuga wabo.



  • Aya magufi ngo azajya agurishwa ibihumbi 20Frw mu gihe amaremare adakenera ameza azajya agurishwa ibihumbi 50Frw

    Amashyiga ya gaz yatangiye gukorerwa mu Rwanda

    Kuva muri Gashyantare uyu mwaka, Abanyarwanda bashobora gutangira gukoresha amashyiga ya gaz akorerwa mu Rwanda, mu gihe ayari asanzwe ku isoko ry’u Rwanda yaturukaga mu Bushinwa.



  • Bamwe mu bari batuye kuri Mazane bifashishaga ubwato kugirango bagere aho bajya

    Abari basigaye ku Kirwa cya Mazane bagiye kwimurwa

    Imiryango 140 yari isigaye ku Kirwa cya Mazane mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera igiye kwimurirwa mu nzu zigezweho mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abo baturage.



  • Amazing Grace yitwaye nabi mu bihano none byayiviriyemo guhagarikwa burundu

    Radio Amazing Grace yahagaritswe burundu mu Rwanda

    Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) kuri uyu wa 24 Mata 2018 cyasheshe amasezerano aha Radio Amazing Grace uburenganzira bwo gukorera mu Rwanda.



Izindi nkuru: