Abaturage b’Akarere ka Rwamagana bamaze kwitabira ubuhinzi bwa kijyambere, bavuga ko ubuso buto bw’ubutaka butakiri imbogamizi mu kubona umusaruro mwinshi, mu gihe babukoresheje neza.
Abakorerabushake ba Croix Rouge mu Karere ka Kirehe baravuga ko bagiye kongera ibikorwa by’ubujyanama ku ihungabana nyuma y’amahugurwa bahawe n’uyu muryango ku matariki 21 na 22 Werurwe 2016.
Mu Murenge wa Gashonga mu Karere ka Rusizi, habonetse imibiri ibiri y’abantu bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.
Minisitiri w’Ibidukikije n’Umutungo Kamere, Dr Vincent Biruta, aravuga ko Abanyarwanda bataramenya gucunga neza amazi, bityo Leta ikaba yarashyize ingufu mu mishinga migari ijyanye no kuyabyaza umusaruro.
Bamwe mu bakecuru b’incike bo mu murenge wa Musange muri Nyamagabe, babana n’amatungo mu nzu bitewe n’uko amazu bubakiwe ataruzura.
Munyanziza Piere Celestin n’umugore we Muragijemariya Primitive babayeho mu ntonganya mu gihe cy’imyaka 15, bongeye kumvikana kubera amahugurwa ya DUHAMIC ADRI.
Abahinzi bo mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango baravuga ko bagiye kwibumbira hawme kugira ngo babashe gukodesha imashini zihinga.
Abacuruzi bo mu Rwanda kugira ngo bajyane ibicuruzwa byabo hanze baba bagomba kubigurira ibibiranga (barcodes) bikabahenda ntibabone inyugu ihagije.
Brig. Gen. Joseph Nzabamwita yagizwe Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rushinzwe iperereza n’Umutekano (NISS), asimbuye kuri uyu mwanya Lt. Gen. Karenzi Karake.
Ministeri y’ubuhinzi n’ubworozi (MINAGRI) yatangaje ko u Rwanda rwishyize hamwe n’ibihugu bine ku isi, byiyemeza kuzaba byihagije mu biribwa muri 2025.
Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubushinwa (National People’s Congress), Zhang Dejiang, yasuye u Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, tariki 22 Werurwe 2016.
Akarere ka Rubavu kasheshe amasezerana kari gafitanye na rwiyemezamirimo ABBA Ltd wari wareguriwe Isoko rya Gisenyi kubera ko yari yararihawe mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Bwa mbere mu mateka y’isi, indashyikirwa mu guharanira uburenganzira bwa muntu izashyikirizwa igihembo cyiswe “Prix Aurora Awards” gifite agaciro ka miliyoni 1US$.
Abacuruza resitora n’utubari bo mu Karere ka Gasabo baravuga ko kugira amabwiriza y’isuku akubiyemo ibisabwa n’ibihano ku batayubahiriza, ari byo byaca akajagari mu bihano bahabwaga.
Huye ni kamwe mu turere umunani tugize Intara y’amajyepfo. Gafite ubuso ubuso bwa kirometero kare 581,5 kakagira Imirenge 14, utugari77 n’imidugudu 509.
Abantu bataramenyekana bateye ibisasu ku nyubako z’Ikibuga cy’Indege cya Buruseli mu Bubiligi n’aho abagenzi bategera gari ya moshi, mu gitondo cyo kuri uyu wa 22 Werurwe 2016.
Ikipe ya AS Muhanga iza ku myanya wa nyuma muri shampiyona y’u Rwanda 2015-2016 ishobora kuzasenyerwa mu makipe atarabigize umwuga akinira mu mujyi wa Muhanga.
Urupfu rwa Gen Musare wishwe n’abarwanyi ba Mayi Mayi rwaciye intege FDLR Rud bituma iva Walikale ijya Rutshuru itinya gutakaza abandi basirikare.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare nibwo yageze i Kanombe izanye umwanya wa gatatu yatsindiye muri Tour du Cameroun
Bamwe mu batuye Umurenge wa Nyarubaka muri Kamonyi bashoboye kubona inguzanyo z’amatungo babikesha kwishyira hamwe mu matsinda agamije kubateza imbere.
Abayobozi b’ibigo by’amashuri y’inshuke n’abanza, baraburirwa ko kutita kuri gahunda y’ “Inkongoro y’umwana” bishobora kubaviramo gukurikiranwa mu rwego rw’amategeko.
Lt Col Nzeyimana Fulgence wakoraga mu buyobozi bwa FDLR avuga ko amakuru atangwa muri FDLR atandukanye n’ukuri ku ibibera mu Rwanda.
Kuri uyu wa mbere kuri Stade Amahoro nibwo Amavubi yatangiye imyitozo yo kwitegura umikino uzayihuza n’Ibirwa bya Maurice kuri uyu wa Gatandatu
Umutoza Kayiranga Baptista w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yamaze gutangaza abakinnyi 26 bazakurwamo abazifashishwa ku mukino wa Uganda
Mwiseneza Fidele wari watorewe kuba Umujyanama Rusange mu Murenge wa Gihango mu Karere ka Rutsiro yasezeye kuba umwe mu bagize Inama Njyanama y’Akarere ka Rutsiro atanamaze ukwezi arahiye.
Abakirisitu b’itorero ry’Imana ry’Isezerano Rishya” mu Karere ka Nyamasheke barishimira ko itorero ryabo ryita ku bitunga roho n’ibibungabunga ubuzima bwabo.
Umuhanzi Cecile Kayirebwa agiye kongera gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo “Inganzo ya Kayirebwa” kizabera i Kigali muri Hotel Des Milles Collines, tariki 27 Werurwe 2016.
Bamwe mu batuye mu Murenge wa Muhazi mu Karere ka Rwamagana basanga ivuriro bubakirwa rizabakiza imvune baterwaga no kwivuriza kure.
Abibumbiye mu Muryango Mpuzamahanga w’Ubuziranenge (ISO) basanga kudahuza amabwiriza y’ubuziranenge bizitira iterambere rya bimwe mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere.
Ministeri y’Umutungo Kamere (MINIRENA), itangaza ko icyerekezo 2020 Leta yihaye mu mwaka wa 2000, ngo imaze kukigeraho mu rwego rw’amashyamba.
Abaturage bo mu Murenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga bavuga ko kutagira ibikorwa remezo nk’imihanda n’amashanyarazi bibangamiye iterambere ryabo.
Umugore witwa Nyenyeri Evangeline utuye mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza yarangije amashuri yisumbuye, yihangira umurimo wo kogosha.
Abatuye Umurenge wa Mutuntu muri Karongi, bakoresha ibihumbi 20Frw kuri moto, kugira ngo bagere ku biro by’akarere kuko nta modoka ihagera.
Dr Rose Mukankomeje uyobora Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ibidukikije (REMA) yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda, akurikiranyweho gukingira ikibaba abari abayobozi b’Akarere ka Rutsiro bakekwaho ruswa.
Mu marushwanwa yateguwe na Shooting touch,Ubumwe BBC niyo yegukanye igikombe itsinze APR BBC 72-49 mu mukino wabereye Petit Stade
Abashinzwe amasomo mu bigo by’amashuri yisumbuye bikorera mu Karere ka Gatsibo, barashishikarizwa gufatanya n’ababyeyi b’abana babasobanurira ibijyanye n’imyororokerere.
Umunyarwanda Hakuzimana Camera yasoje isiganwa ryari rimaze icyumweru rizenguruka Cameroun ari ku mwanya wa 3
Iyo umukozi wo mu rugo afashwe nabi bimutera ingeso mbi zirimo kwiba, kwangiza ibyo mu rugo no kureka akazi atunguranye.
Bamwe baturage bo mu Karere ka Nyaruguru baratangaza ko kumenya gutegura ingengo y’imari y’ingo zabo bibarinda gusesagura.
Urugaga Nyarwanda rw’Abavuzi b’Amatungo (RCVD) rwahagurukiye gukurikirana imyitwarire ya bamwe mu bavuzi b’amatungo babahesha isura mbi.
Urubyiruko rwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, rwibumbiye mu muryango “Les Fraternelles Zirikana”, rurashimira Ingabo zahagaritse Jenoside bakabasha kurokoka.
Imiryango ihuza abanyeshuri n’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 (AERG & GAERG), iravuga ko ibikorwa barimo by’ubwitange, bigamije gushimira ababareze bakabakuza.
Mu mukino utari witabiriwe cyane nk’uko byari bimaze iminsi bigenda,APR yatsinze Rayon Sports amaseti 3-0 muri Shampiona ya Volleyball mu mukino wabereye Petit Stade Amahoro
Mu nama ya mbere yahuje Abanyarwandakazi baba muri Diaspora ya Amerika, Madamu Jeannette Kagame yabasabye kurushaho gutekereza ku iterambere ry’u Rwanda bakomokamo no gusigasira umurage warwo.
Umuryango mpuzamahanga Care, uravuga ko wishimira uburyo kwibumbira mu matsinda kw’abagore bimaze kubateza imbere ku buryo bushimishije.
APR na Police zari zihagarariye u Rwanda mu marushanwa y’amakipe yitwaye neza mu bihugu byayo,zamaze gusezererwa kuri uyu wa Gatandatu
Njyanama y’Akarere ka Gakenke iravuga ko igiye kumanuka ikegera abaturage kuko bizatuma barushaho kumenya ibibakorerwa, n’abajyanama bakamenya ibyo abaturage bakeneye.
Minisitiri w ‘Umuco na Siporo uwacu Julienne arasaba Intwari z’i Nyange zikiriho gukomeza guhesha ishema igihugu zitsinda ibigeragezo nk’uko zabigenje mu 1997.
Ni mu nteko rusange idasanzwe y’Umuryango FPR-Inkotanyi yateranye ku wa 18/03/2016 ubwo hatorwaga Kayiranga Emmanuel