Abaturage bo mu Murenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga barifuza ko bakorerwa ubuvugizi bakajya bakirwa n’Ibitaro bya Ruri biri mu Karere ka Gakenke.
Bamwe mu batuye mu Karere ka Nyabihu barakinangira gusezerana imbere y’amategeko, ariko hakaba n’abandi babifata nk’umucu ukwiye gucika.
Abafashisha amaraso barahamagarira abatabikora kubikora kuko gutanga gutanga amaraso ku bushake ari igikorwa cy’ubutwari buri wese yakora agize ubushake.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Werurwe, ikipe ya Rayon Sports yerekeje i Nyamagabe gukina n’Amagaju mu mukino wari wasubitswe, aho iramutse iwutsinze yarara ku mwanya wa mbere
Umuyobozi w’Umujyi wa Edmonton wo muri Canada, Don Iveson, yatanze ubutumwa bw’ihumure ku Banyarwanda bitegura kwibuka ku nshuro ya 22.
Bamwe mu batuye mu Murenge wa Gitoki muri Gatsibo baracyabanza mu bavuzi gakondo iyo barwaye, mbere yo kugana ikigo nderabuzima.
Abanyeshuri barangije icyiciro cya mbere cya Kaminuza muri Kaminuza Gatorika y’u Rwanda ishami rya Huye na Gisagara barasabwa gukoresha ubumenyi bahawe.
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamagabe, bwahagurukiye kurwanya abasambanya abana, buganiriza ababyeyi ku burere n’umutekano w’abana babo, nyuma yo kubona ko gihari.
Umuyobozi Wungirije w’Akarere ka Nyamasheke ushinzwe Ubukungu, Ntaganira Josue Michel, yakomerekeye mu mpanuka y’imodoka.
Imiryango 19 itegamiye kuri Leta yahawe inkunga y’amafaranga irimo kongererwa ubushobozi kugira ngo bizayifafashe kuyikoresha neza.
Abakecuru n’abasaza bo mu Murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi bahabwa inkunga y’ingoboka, kuri uyu wa 17 Werurwe 2016, bashyikirijwe imodoka bemerewe na Perezida Kagame ubwo aherutse kugenderera Akarere ka Rusizi.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) Dr Alvera Mukabaramba, yatangaje ko mu Rwanda hagiye gutangira ubukangurambaga ku isuku yo mu Kanwa.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) kivuga ko ikoranabuhanga riza imbere mu byazamutse nk’uko umusaruro mbumbe w’igihugu (GDP) w’umwaka wa 2015 ubigaragaza.
Abagore 32 bibumbiye muri “Koperative Ingoro Ihuje Ababyeyi” bo mu Karere ka Huye, biyemeje kubumba amatafari mu buryo bw’umwuga, birabatunga.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga n’inzego zishinzwe umutekano baraburira aba DASSO ko gukora nabi bishobora kubaviramo ibyago byo kugawa no kwirukanwa.
Abasirikare bo mu cyiciro cya nyuma cy’abagize Batayo ya 51 bageze i Kigali bavuye mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo.
Abarokotse Jenoside batishoboye n’abandi baturage batishoboye basaba ko ibijyanye no gusorera ubutaka muri Mukamira byakwiganwa ubushishozi.
Abatuye umudugudu wa Gahondo mu Murenge wa Kazo muri Ngoma barataka ubujura bw’amatungo, butuma hari abararana na yo munzu batinya kuyibwa.
Umuryango w’Abanyeshuri Barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 (AERG) wamuritse filime mbarankuru yerekana amateka yawo kuva washingwa kugeza ubu.
Mu mukino wa mbere w’igikombe cy’isi cy’abafite ubumuga kiri kubera mu Bushinwa muri Volleyball,u Rwanda rwatsinzwe na USA amaseti atatu ku busa
Urubyiruko rwihangiye imirimo “Young Entrepreneurs”, rurakangurirwa guhuza imbaraga, rwitabira ihuriro ryarushyiriweho ryiswe “ Chamber of young Entrepreneurs”.
Mu Nama Njyanama y’Aarere ka Kamonyi yatarenye kuri uyu wa 16 werurwe 2016, abajyanama biyemeje kwegera abaturage, kuko abacyuye igihe ari byo banezwe.
Ku gicamunsi cyo ku wa 16 Werurwe 2016, mu Karere ka Kirehe, imvura ivanze n’umuyaga yasenyeye imiryango 38 yiganjemo iyo mu Mudugudu w’abirukanwe muri Tanzaniya inangiza ibyumba by’ishuri rya St Anastase.
Bamwe mu bagore bagize amatsinda yo kubitsa no kugurizanya mu Karere ka Nyaruguru baravuga ko abagabo batakibahohotera babaziza aya matsinda.
Sosiyete sivile isanga umuturage ataragira uruhare rusesuye mu bimukorerwa, byagira ingaruka ku ishyirwamubikorwa ry’imwe mu mihigo aba agomba kugiramo uruhare.
Abashinzwe ubuhinzi (Agoronome) mu mirenge y’Akarere ka Huye basabwe umusanzu mu kongera ubukangurambaga bwo kwitabira ubwisungane mu kwivuza.
Leta y’u Rwanda ngo yafashe icyemezo cyo kutazongera kugurira hanze ibikoresho bikenerwa kandi hari ibikorerwa mu Rwanda bisa na byo.
Abaturiye n’abatuye muri santere ya Rwibikonde yo mu Karere ka Burera batangaza ko ibatera ubwoba kubera urugomo ruyirangwamo.
Banki Nyafurika itsura Amajyambere (BAD/AfDB) yahaye u Rwanda inguzanyo igera kuri miliyari 17,5Frw yo kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Rusizi III.
Polisi y’u Rwanda irakangurira abaturage kudakomeza gushukwa bizezwa ibitangaza n’ababahamagara kuri terefone, bagamije kubiba.
Abinjiye bushya mu rwego rwa DASSO mu Karere ka Rulindo, basabwe kurangwa n’ikinyabupfura kugira ngo basohoze inshingano zo kunganira akarere, bacunga umutekano.
Kuri uyu wa gatatu nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yatangaje urutonde rw’abakinnyi 26 bazatoranywamo abazerekeza mu Birwa bya Maurice
Abarezi bo mu Karere ka Gakenke barasaba kwongererwa amasaha bigishamo isomo ry’Igifaranga kugira ngo abana bazamuke bafite ubumenyi bungana mu ndimi.
U Rwanda rugiye kohereza abaruhagarariye mu myitozo ya gisirikare yo mu bihugu by’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) izabera muri Kenya kuva tariki 20 Werurwe kugeza tariki 4 Mata 2016.
Abaturage bo mu Murenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga barifuza ko igiciro baguraho ibyuma bitanga ingufu za Mobisol byagabanyuka.
Nubwo abenshi batunzwe n’ubuhinzi mu Karere ka Karongi, hari abagaragaza ko batazi gahunda ya “Twigire Muhinzi”, Leta yashyizeho mu kubafasha.
Polisi y’Igihugu yihanangirije abashoferi batwaba mu modoka ibitarayigenewe cyangwa bapakira imodoka ku rugero rurenze urwo yagenewe gutwara, ibasaba gukurikiza amategeko.
Bamwe mu batuye mu Karere ka Nyanza bavuga ko serivisi z’ubuzima bahabwa n’abajyanama b’ubuzima babegereye zibafatiye runini mu buvuzi bw’indwara.
Ababyeyi, abavandimwe n’abaturanyi ba Rucyahintare Cyprien wiyise maneko w’u Rwanda mu Burundi, barahakana ko yigeze kuba umusirikare ndetse ko atigeze anabitekereza ngo wenda bimutere kubiyitirira.
Ubuyobozi bwa REG sitasiyo ya Nyagatare burihanganisha abishyuye ifatabuguzi ry’umuriro ntibawuhabwe kuko ngo byatewe n’ibura rya cash power.
Umuryango ‘Rwanda Women’s Network (RWN)’ watangije umushinga witwa ‘Indashyikirwa’ uzafasha abagore gusobanukirwa ihohoterwa ribakorerwa no kurirwanya kuko hari abarikorerwa ntibabimenye.
Mu Murenge wa Nyakarenzo mu Kagari ka Rusambu ho mu Karere ka Rusizi hatoraguwe umubiri w’umuntu bivugwa ko yishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Abaturage b’Akarere ka Nyamasheke basabwe gutinyuka bakarwanya ikibi uko cyaba kimeze kose bagamije kwimakaza umuco w’amahoro no gukumira jenoside.
Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Musoni James, arakangurira inganda za sima zo mu Rwanda n’izo mu karere kongera ubushobozi kuko hari isoko rinini.
Akarere ka Gakenke kavuga ko kifuza ko abafatanyabikorwa bagafasha kugaragaza ibyuho mu mihigo kihaye, aho kwirebera izindi gahunda zabo gusa.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasabye abitabiriye inama Nyafurika yiga ku bukungu, guhindura imitekerereze y’abantu n’uburyo umutungo ukoreshwa.
Ngango Etienne, umugabo w’imyaka 45 utuye mu Karere ka Ruhango, yafashe icyemezo cyo kujya kwiga amashuri abanza kugira ngo ajijuke, yiteze imbere.
Hari abana bo mu Murenge wa Nyakabuye mu Karere ka Rusizi babayeho nabi kubera kutitabwaho n’ababyeyi bavuga ko batabona babona.
Mu rwego rwo kwitegura igikombe cy’isi cya Volleyball y’abafite ubumuga,ikipe y’u Rwanda yatsinze Misiri,itsindwa na Slovenia mu Bushinwa ahazabera irushanwa