Perezida wa Tanzania Dr. John Pombe Magufuli yamaze kugera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Mata 2016, aho yakiriwe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ku mupaka wa Rusumo mu Ntara y’Iburasirazuba.
Umuhanzi Justin Bieber yatangaje ko Taylor Swift ari we wabaye kidobya yo kudasubirana na Selena Gomez bahoze bakundana.
Kuri uyu wa gatatu nibwo hakinwa imikino ibiri ya nyuma y’ibirarane isoza imikino ibanza muri Shampiona y’cyiciro cya mbere u Rwanda
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mahama mu Karere ka Kirehe bimuwe mu byabo bizezwa urugomero rubafasha kuhira imyaka none amaso yaheze mu kirere.
Abayobozi b’inzego z’ibanze mu Ntara y’Amajyepfo barasabwa kwegera abaturage bakabakemurira ibibazo bakirinda kwikorera amarira n’imivumo yabo.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buravuga ko bwongereye ingamba zo gukumira ibiza zirimo gutunganya imihanda no gusana amazu nyuma y’aho imvura ikaze itwaye ubuzima bw’abantu ikanangiza byinshi muri uyu mujyi.
Umurambo wa Nyakwigendera Jacques Bihozagara wiciwe i Burundi wagejejwe mu Rwanda, nyuma y’amananiza iki gihugu cyari cyashyize ku muryango we wifuzaga kumucyura.
Mbyayingabo François yataye Mukabarinda Jacky bari bagiye gusezerana imbere y’amategeko mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza.
Itsinda ry’abanyeshuri, abarimu n’abayobozi bagize Kaminuza ya Gisirikare ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, rimaze iminsi risura u Rwanda.
Habura iminsi ibiri ngo hatangizwe icyunamo cyo Kwibuka 22 , mu Karere ka Gisagara hakomeje kugaragara imibiri y’ abazize Jenoside itarashyingurwa mu cyubahiro.
Ikigo nderabuzima cya Kirinda mu Karere ka Karongi cyatashye inyubako nshya kuri uyu wa 04 Mata 2016, cyemeza ko igiye kugifasha kunoza serivisi.
Perezida wa Tanzaniya, Dr. John Pombe Magufuli, azasura u Rwanda ku munsi w’ejo tariki 06 Mata 2016 akaba ari rwo rugendo rwa mbere azaba akoreye hanze y’igihugu kuva yatorwa kuyobora icyo gihugu.
Abaturage bakina ndetse n’abitabira amarushanwa y’Umurenge Kagame Cup baratangaza ko aya marushanwa ari ingirakamaro kuribo.
Abayobozi b’utugari dukora ku ishyamba ry’Ibisi bya Huye mu Karere ka Huye barasabwa guhagurukira abaturage baryangiza.
Nyuma y’imyaka umunani Beyonce na Jay Z bakoze ubukwe hagaragajwe bimwe mu bintu bitari bizwi byabaye ku munsi w’ubukwe bwabo.
Mu Mudugudu wa Rwezamenyo, Akagari ka Kidahwe ho mu Murenge wa Nyamiyaga haravugwa umugabo wasabye umugore w’abandi kujya kumuraza, ngo agezeyo baramukubita bimuviramo gupfa.
Bamwe mu bana bajya mu muhanda baravuga ko babiterwa no kutumvikana kw’ababyeyi babo, bigatuma bayijyamo kuko ari ho babonera amahoro.
Abakongomani batuye mu Karere ka Rusizi bakorera ubucuruzi mu Rwanda baravuga ko bishimira umutekano bafite utuma bakora akazi kabo neza.
Abatuye ku buryo bwa Peyizana (Paysanat) mu Murenge wa Mugina mu Karere ka Kamonyi, bavuga kwegerana byabahaye umutekano n’iterambere.
Umuhanzi wamamaye mu kuririmba indirimbo zihimbaza Imana mu Itorero rya Zion Temple na Eglise Vivante, Sam Murenzi, yashinze ishuri ry’umuziki.
Guverinoma y’u Burundi kuri uyu wa 4 Mata 2015 yashyize yemera kurekura umurambo wa Amb. Jacques Bihozagara ngo uzanwe gushyingurwa mu Rwanda.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) irasaba abakangurambaga b’ihungabana kongera ingufu mu kazi kabo muri iki gihe cyo kwibuka kuko rigenda rihindura isura.
Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare yatumiwe mu irushanwa rizabera muri Colombia mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka
Urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF), rutangaza ko ruzagira uruhare rugaragara mu bikorwa ngarukamwaka byo kwita izina abana b’ingagi.
Umuhanzi Ruremire Focus yasheje umuhigo yahize ubwo yasabaga Imana ko nimufasha agakora muzika akanamenyekana, azayiririmbira.
Abanyamuryango ba AERG & GAERG barashimira igihugu ubumenyi cyabahaye kuko mu gihe abandi bigishwa n’imitungo y’ababyeyi, bo bigishijwe n’igihugu.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi Byoherezwa mu Mahanga (NAEB), cyafashe toni 10 za kawa yari ijyanwe Uganda idafite ibyangombwa bitangwa n’iki kigo.
Abagore bo muri Huye barasabwa kugira umuco usanzwe uranga Abanyarwanda wo gufashanya, bakegera birushijeho abarokotse Jenoside mu gihe cyo kwibuka.
Irondo ryo mu Karere ka Gisagara ryafashe abasore babiri bo mu Murenge wa Tumba muri Huye, bavuga ko bazitumwe n’abacuruza ibyuma bizwi “nk’injyamani.”
Ngirinshuti Jonas avuga ko yamaze guhimba umukino witwa Boneza ball,ukaba ari umukino utangiye kwamamara mu Rwanda n’ubwo nta handi wawusanga ku isi.
Imiryango ya AERG na GAERG yashimiwe uruhare igira mu kunganira ubuyobozi, kubera ibikorwa by’iterambere yakoze mu cyumweru cyateguraga kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ubuyobozi bushya bwa FPR Inkotanyi mu Karere ka Ngoma bwiyemeje guca uburiganya buvugwa muri gahunda za Leta zigenewe gufasha abatishoboye.
Mu mikino ya Shampiona itari yarakiniwe igihe yabaye kuri iki cyumweru,APR yanganyije na Marines,mu gihe Police Fc yatsinze AS Kigali
Ubuyobozi bwa Transparency Rwanda buratangaza ko bugiye gufasha abafungwa batishoboye kuburana mu rwego rwo kurinda gutinza imanza.
Abambuwe na sosiyete DN International yakoraga mu bwubatsi bavuga ko guhagarika umucungamutungo w’igihombo cy’iyi sosiyete byatuma ikibazo cyabo gisubira inyuma kuko ngo ari we wagikurikiranye.
Iryivuze Ezekiel w’imyaka 25 nyuma yo kwiga amashuri y’imyuga yakoze imbabura icanishwa amabuye ya radiyo agamije gufasha kurengera ibidukikije.
Mu myaka 11, Umuryango Imbuto Foundation umaze utangiye, abakobwa ibihumbi 4 na 455 bashimiwe gutsinda neza amasomo yabo mu byiciro by’amashuri bitandukanye.
Mu rwego rwo gusoza ibikorwa byahariwe ukwezi k’umugore, muri Kaminuza y’Abalayiki b’Abadiventiste ya Kigali (UNILAK), batashye ku mugaragaro icyumba cy’abakobwa.
Mu cyanya cy’Ingoro y’Umurage w’u Rwanda y’i Huye, hatewe ibiti Abanyarwanda bo hambere bifashishaga mu kuvura indwara zimwe na zimwe.
Abaturage b’i Kirehe bitabiriye umuganda mu gutangirana isuku icyumweru cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro ya 22.
Abanyafurika barasabwa kubakira ku mitekerereze ya “Kinyafurika” kugira ngo babashe kugera ku iterambere nyaryo ribabereye aho guhora bashingira ibitekerezo ku by’abazungu.
Bamwe mu bari mu bikorwa by’itorero ry’abanyeshuri baratangaza ko bibafasha gutuma bazabasha kwibeshaho mu minsi iri imbere.
Abo mu muryango wa nyakwigendera Amb Jacques Bihozagara bimwe umurambo we ngo bajye kuwushyingura na bo barikomwa ku buryo ubuzima bwabo buri mu kaga.
Sacco Tea Shagasha y’abahinzi b’icyayi bo mu turere twa Rusizi na Nyamasheke ibarizwa mu Murenge wa Giheke yabaye ikinze nyuma yo guhomba miliyoni 20.
Minisitiri w’Ubutaber,a Busingye Johnson, aratangaza ko ababyeyi bareka abana bakajya kuba ku mihanda bagiye kuzajya bakurikiranwa mu mategeko.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi butangaza ko bwihaye ukwezi ngo bugaruze amafaranga agera kuri miliyoni 200 yanyerejwe muri gahunda ya VUP.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda n’iya Uganda z’abatarengeje imyaka 20 zanganije igitego 1-1 mu mukino ubanza wabereye kuri Stade ya Kigali kuri uyu wa gatandatu
U Burundi buri gushyira amananiza ku muryango wa Jacques Bihozagara uherutse gupfira muri Gereza ya Mpimba yo muri iki gihugu, buyisaba kubanza kubaha inyandiko ibuhanaguraho icyaha.