Maroc na Brazil, Senegal n’Ubufaransa: Uko tombola y’Igikombe cy’Isi 2026 yagenze

Kuri uyu wa Gatanu i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika habereye tombola y’uko amakipe azakina mu Gikombe cy’Isi 2026 cyizakirwa niki gihugu , Canada na Mexico isiga Brazil na Maroc mu itsinda rimwe ndetse na Senegal mu itsinda rimwe n’Ubufaransa.

Iyi tombola y’iki Gikombe bwa mbere cyizitabirwa n’ibihugu 48 mu mateka, yabaye hamaze kumenyekana ibihugu 42 bizagikina mu gihe hasigaye bitandatu bizamenyekana muri Werurwe 2026 binyuze muri kamarampaka, yitabirwa n’abanyacyubahiro batandukanye barimo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump.

Uko amakipe yagabanyijwe mu matsinda
Uko amakipe yagabanyijwe mu matsinda
Kalian Mbappé na Erling Haaland bazahurira mu gikombe cy'Isi
Kalian Mbappé na Erling Haaland bazahurira mu gikombe cy’Isi
Perezida Donald Trump yiziwe n'umuziki
Perezida Donald Trump yiziwe n’umuziki

Igikombe cy’Isi 2026, cyizatangira tariki 11 Kamana 2026 gisozwe tariki 19 Kamena 2026.

National Football League

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka