#COVID19: Abantu 3 bitabye Imana, abamaze gukingirwa doze zombi barenze Miliyoni

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 13 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 459 bakaba babonetse mu bipimo 10,027.

Abantu 3 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1,175. Abitabye Imana ni abagore babiri n’umugabo umwe.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka