MENYA UMWANDITSI

  • Huye: Yataye umwana mu cyobo ashaka guhisha umugabo we ko yabyaye

    Urukiko rwisumbuye rwa Huye, mu cyumweru gishize rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Mukabalisa Antoinette icyaha cy’ubwinjiracyaha mu kwihekura, yakoreye umwana yari amaze kubyara, rumuhamya icyaha maze rumukatira igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandatu.



  • U Rwanda na Santarafurika byiyemeje gukomeza gukorana mu bya gisirikare

    Perezida wa Repubulika ya Santarafurika Faustin-Archange Touadéra n’itsinda rimuherekeje bakomeje uruzinduko rw’iminsi ine bagirira mu Rwanda, kuri uyu wa Gatanu tariki 06 Kanama 2021 bakaba bagiranye ibiganiro n’Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda.



  • #COVID19: Mu Rwanda abantu 10 bitabye Imana, abahawe doze ya mbere y’urukingo ni 44,584

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kane tariki 05 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 754 bakaba babonetse mu bipimo 14,393.



  • Ubusabane mu ruzinduko rwa Perezida Samia Suluhu mu Rwanda (Amafoto)

    Uruzinduko rwa Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, rw’iminsi ibiri mu Rwanda ku matariki ya 02 na 03 Kanama 2021, ni kimwe mu byagarutsweho cyane mu Rwanda no mu mahanga, dore ko ari rwo rwa mbere agiriye mu Rwanda kuva yatangira kuyobora Tanzania muri Werurwe uyu mwaka wa 2021 asimbuye Dr. John Pombe Magufuli wari (...)



  • #COVID19: Abantu 10 bitabye Imana, abakingiwe ni 5,685

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Mbere tariki 02 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 720 bakaba babonetse mu bipimo 6,429. Abantu 10 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 831.



  • #COVID19: Abantu 13 bitabye Imana, abanduye bashya ni 648

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku Cyumweru tariki 01 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 648 bakaba babonetse mu bipimo 7,614. Abantu 13 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 821. Abitabye Imana ni abagore 9 n’abagabo 4.



  • Samia Suluhu Hassan

    Menya ibikubiye mu ruzinduko rwa Perezida wa Tanzania Samia Suluhu mu Rwanda

    Ibihugu by’u Rwanda na Tanzania byemeje amakuru amaze iminsi avugwa y’uruzinduko rwa Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan mu Rwanda. Urwo ruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida Samia Suluhu ararugirira i Kigali ku matariki ya 02 na 03 Kanama 2021.



  • Igiciro cyo gupima #COVID19 mu buryo bwihuse (rapid test) cyagabanutse

    Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko guhera tariki ya 9 Kanama 2021 igiciro cyo gupima COVID-19 mu buryo bwihuse (rapid test) mu mavuriro yigenga kizaba ari amafaranga y’u Rwanda ibihumbi bitanu (Frw 5,000).



  • Kigali: Uko byifashe ku munsi wa mbere wo kuva mu rugo (Amafoto)

    Abaturage b’Umujyi wa Kigali n’abo mu turere umunani ari two Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro, bashyizwe muri gahunda ya Guma mu Rugo guhera tariki 17 Nyakanga 2021 kugeza tariki 31 Nyakanga 2021.



  • #COVID19: Abantu 10 bitabye Imana, abanduye bashya ni 860

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 31 Nyakanga 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 860 bakaba babonetse mu bipimo 9,519. Abantu 10 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 808. Abitabye Imana ni abagore 6 n’abagabo 4.



  • Yemera ko yasambanyije umwana we abitewe n’ubusinzi

    Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Ngoma, ku wa 28 Nyakanga 2021 bwaregeye mu mizi dosiye iregwamo umugabo ukekwaho gusambanya umwana we.



  • Yolande Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga

    Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 30 Nyakanga 2021, yagize Yolande Makolo Umuvugizi wa Guverinoma muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane. Iyi Minisiteri iyoborwa na Dr Vincent Biruta wari n’Umuvugizi wa Guverinoma.



  • Kamonyi: Hubatswe umuyoboro uha amashanyarazi ingo zo mu Mirenge itanu

    Ibikorwa byo kubaka umuyoboro w’amashanyarazi mu Karere ka Kamonyi mu Mirenge ya Karama, Nyamiyaga, Gacurabwenge, Kayenzi na Runda byageze ku musozo, uyu muyoboro ukaba witezweho kugeza amashanyarazi mu ngo zitarayabona muri iyi Mirenge, ndetse ingo nyinshi mu ziteganyijwe kuyahabwa zikaba zatangiye gucana.



  • Huye: Akurikiranyweho gusambanya umwuzukuru we

    Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Huye, ku itariki ya 27 Nyakanga 2021 bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umugabo w’imyaka 59 ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 14 abereye sekuru ubana n’ubumuga bwo kutavuga neza.



  • Bamwe mu banyeshuri barasubira ku ishuri kuri uyu wa Mbere

    Minisiteri y’Uburezi yamenyesheje abaturarwanda, abafatanyabikorwa mu burezi, ababyeyi, abayobozi b’ibigo by’amashuri n’abanyeshuri, ibijyanye no gusubukura amasomo muri bimwe mu byiciro by’amashuri, nk’uko bikubiye muri iri tangazo:



  • Perezida Kagame yahaye imbabazi abagore 10 bari barahamijwe icyaha cyo gukuramo inda

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahaye imbabazi abagore icumi bari barakatiwe n’inkiko kubera icyaha bakoze cyo gukuramo inda mu buryo butemewe n’amategeko.



  • Rubavu: Yafashwe akekwaho gusaba ruswa ishingiye ku gitsina

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), tariki ya 27 Nyakanga 2021, rwafunze Umuyobozi muri HIGH SEC CO.LTD ushizwe abasekirite barinda ibitaro bya Gisenyi n’ ishuri rya E.S Gisenyi witwa Habimana Emmanuel w’imyaka 35 y’amavuko.



  • Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Nyakanga 2021 yayoboye Inama y’Abaminisitiri yabereye muri Village Urugwiro, ibi bikaba ari ibiro by’Umukuru w’Igihugu.



  • King James, K8 Kavuyo na Shaddyboo mu bafatiwe i Rutsiro barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19

    Umunyamuziki Ruhumuriza James uzwi nka King James, Muhire William uzwi nka K8 Kavuyo na Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo hamwe n’abandi bari kumwe, bafatiwe mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba barenze ku mabwiriza yo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.



  • #COVID19: Mu Rwanda abantu 11 bitabye Imana, abanduye bashya ni 965

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kane tariki 29 Nyakanga 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 965 bakaba babonetse mu bipimo 9,875. Abantu 11 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 787. Abitabye Imana ni bagore 2 n’abagabo 9.



  • Tanzania: Perezida Samia Suluhu yasabye Abanyatanzania bose kwikingiza Covid-19

    Perezida wa Tanzania Samia Suluhu, kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Nyakanga 2021 yakingiwe Covid-19, ahamagarira n’abandi baturage b’icyo gihugu kwikingiza.



  • #COVID19: Abandi bantu 14 bitabye Imana, abanduye bashya ni 969

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 27 Nyakanga 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19bashya 969 bakaba babonetse mu bipimo 10,615. Abantu 14 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 771. Abitabye Imana ni bagore 4 n’abagabo 10.



  • Umukobwa ugaragara mu ndirimbo nshya ya Juno Kizigenza yavugishije abantu (Video)

    Umuhanzi Juno Kizigenza yashyize hanze indirimbo yise ‘Please me’ igaragaramo umukobwa wambaye mu buryo bamwe mu barebye iyo ndirimbo batangariye, dore ko kumutangarira byagaragaye na mbere mu minsi ishize ubwo uyu muhanzi yashyiraga ku mbuga nkoranyambaga amafoto ateguza iyi ndirimbo.



  • Polisi y’u Rwanda n’iya Malawi mu bufatanye bwibanda ku kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka

    Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda n’umuyobozi mukuru wa Polisi ya Malawi ku wa Mbere tariki ya 26 Nyakanga 2021 bagiranye ibiganiro mu rwego rwo gukomeza gushimangira ubufatanye buri hagati y’izi nzego zombi. Ni ubufatanye bwibanda ku kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka ndetse no guhanahana amahugurwa ku mpande zombi.



  • Minisitiri w

    Imirenge imwe n’imwe yashyizwe muri Guma mu Rugo

    Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) yatangaje ko imirenge imwe n’imwe isanzwe mu turere turi muri Guma mu Karere yashyizwe muri Guma mu Rugo mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.



  • #COVID19: Abantu 15 bitabye Imana, abakingiwe ni 1,171

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku Cyumweru tariki 25 Nyakanga 2021 mu Rwanda hafashwe ibipimo 11,339 bibonekamo abanduye 618. Abantu 10 bashyizwe mu mitaro, mu gihe abasezerewe mu bitaro ari 14.



  • Colonel Assimi Goita ubwo yarahiriraga kuba Perezida w

    Mali: Uwagerageje kwica Perezida yapfiriye muri Gereza

    Ku wa Kabiri tariki 20 Nyakanga 2021 nibwo umuntu yagerageje kwica Perezida w’inzibacyuho muri Mali, colonel Assimi Goïta, akoresheje icyuma.



  • Mu Rwanda abantu 14 bishwe na #COVID19, abakize ni 815

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 23 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 953 babasanzemo Covid-19, muri bo 176 bakaba babonetse i Kigali, ahandi habonetse benshi ni i Musanze bangana na 98, i Nyanza habonetse 70. Abakize ni 815, abantu 14 bitabye Imana, naho abarembye ni 71 nk’uko imibare (...)



  • Rubavu: Umuturage yavanze urumogi n’ibirayi ashaka kuruzana i Kigali

    Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu, kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Nyakanga 2021, yafashe uwitwa Muhawenimana Jeannette w’imyaka 25, afatanwa udupfunyika 500 tw’urumogi yaruhishe mu mufuka urimo ibirayi. Yafatiwe mu Murenge wa Kanzenze mu Kagari ka Kiremera, Umudugudu wa Bisesero, afatwa yari ategereje imodoka zitwara (...)



  • #COVID19: Abanduye bashya 1,309 babonetse mu bipimo 22,818

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Kane tariki 22 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 1,309 babasanzemo Covid-19, muri bo 189 bakaba babonetse i Kigali, ahandi habonetse benshi ni i Rubavu bangana na 79. Abakize ni 869, abantu 11 bitabye Imana, naho abarembye ni 78 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.



Izindi nkuru: