Perezida Kagame yayoboye inama ihuza abayobozi b’ingabo z’u Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yayoboye inama ihuza abayobozi bakuru b’ingabo z’u Rwanda.

Iyo nama yateranye kuri uyu wa Kane tariki 09 Nzeri 2021 iba buri mwaka, igafatirwamo ibyemezo bitandukanye ndetse igashyiraho n’umurongo ngenderwaho mu mikorere y’ingabo z’Igihugu muri gahunda zitandukanye.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka