Amafoto: Uruzinduko rwa Perezida Kagame i Washington D.C.
Ku mugoroba wo ku wa Kane tariki 4 Ugushyingo 2025, Perezida Paul Kagame na Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ndetse na Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, basinye Amasezerano y’Amahoro yari ategerejwe na benshi hirya no hino ku Isi. Muri urwo ruzinduko, Perezida Kagame yanahuye n’abandi bayobozi batandukanye, banagirana ibiganiro.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|