#COVID19: Abantu 8 bitabye Imana, 6 basezerewe mu bitaro

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 12 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 227 bakaba babonetse mu bipimo 11,795.

Abantu 8 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 1,172. Abitabye Imana ni abagore bane n’abagabo bane.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka