• Karongi: Uwize ububaji arifuza gutaka ibiro bya Perezida

    Jean Baptiste Nshimiyimana w’imyaka 30 y’amavuko avuga ko yize amashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro aseta amaguru kubera ko ngo kera yahoze yigwamo n’abatsinzwe andi masomo none ubu ngo ageze ku iterambere ku buryo yifuza gutaka ibiro bya Perezida wa Repubulika akoresheje amakaro ava mu mbaho.



  • Nyagatare: Barashimira Kagame wabaruhuye ingobyi zari zarabaciye ibitugu

    Bamwe mu baturage b’Umurenge wa Katabagemu bashimira Paul Kagame wubatse amavuriro ku buryo ufashwe n’indwara n’ijoro ahita abona umuganga nyamara mbere uwarwaraga yarahekwaga mu ngobyi n’abatuye segiteri yose kugira ngo agere kwa muganga.



  • Abarezi baracyafite imbogamizi mu kwigisha abana bafite ubumuga kubera ibikoresho bicye

    Nyagatare: Abarimu barifuza kwigishwa ururimi rw’amarenga no kubona ibikoresho

    Ishimwe Thadee umwarimu ku rwunge rw’amashuri rwa Ntoma kimwe mu bigo byakira abanyeshuri mu buryo bw’uburezi budaheza arifuza ko abarimu bose bakwigishwa ururimi rw’amarenga kugira ngo babashe gufasha abanyeshuri bafite ubwo bumuga ariko hakanaboneka ibikoresho bibafasha kwiga neza.



  • Constance avuga ko ubu ari nyina w

    Video: Arashima FPR yamukuye ku gutungwa n’inkashi no kurara ku mashara

    Constance Muziranenge wo mu Murenge wa Matimba avuga ko FPR yamufashije kwiteza imbere yigisha abana be nyamara mbere yaratunzwe no kurya ibitoki by’inkashi n’ibindi yasabye abaturanyi bwakwira akarara ku mashara y’insina.



  • Valley dam ya Gihorobwa abaturage batinya ko amazi yayo azagenda

    Nyagatare: Baramarwa impungenge ko idamu yabo itazagenda

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare burahumuriza abaturage b’Imidugudu ikoresha amazi ya Valley dam (ikidendezi) ya Gihorobwa ko impeshyi izarangira hamaze kuboneka igisubizo cy’amazi yamaze kurenga umucungiro, bigatera abaturage impungenge ko rimwe buzacya basanga amazi yose yagiye.



  • Abarwanashyaka ba PS Imberakuri

    PS Imberakuri yijeje kuvugurura Mituweli n’Ubuhinzi

    Mukabunani Christine Umuyobozi w’Ishyaka PS Imberakuri akaba n’umukandida ku mwanya w’Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko, yijeje abaturage ba Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza ndetse na Nasho mu Karere ka Kirehe ko ishyaka rye niriramuka ritowe rikagira ubwiganze azavugurura ubwisungane mu kwivuza ndetse n’ubuhinzi.



  • Mpayimana Filippe ngo azateza imbere indanda nto ko kuvugurura ubuhinzi

    Kandida Perezida Mpayimana yijeje guteza imbere inganda nto

    Umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Mpayimana Filippe, avuga ko natorerwa kuyobora u Rwanda azateza imbere inganda nto no gushyiraho amategeko agenga ubukomisiyoneri.



  • Guverineri Rubingisa yasabye ko abazana kanyanga mu nda babicikaho

    Abazana kanyanga mu nda bateza amakimbirane n’urugomo - Guverineri Rubingisa

    Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, arasaba bamwe mu baturage bajya mu Gihugu cya Uganda kunywerayo kanyanga kubicikaho kuko bagaruka mu ngo zabo bagateza amakimbirane n’urugomo mu nzira bagenda banyuramo zose.



  • Ikiraro gihuza Cyonyo na Rurenge

    Nyagatare: Bishimiye ikiraro cyo mu kirere bubakiwe

    Bamwe mu baturage b’Umurenge wa Nyagatare n’ab’Umurenge wa Rukomo barishimira ko bubakiwe ikiraro cyo mu kirere kizabafasha guhahirana no kujya mu mirima yabo bitabagoye.



  • Iyi misambi bikekwa ko yayicaga akayigurisha abayirya

    Nyagatare: Umuturage yafunzwe akekwaho kwica imisambi icumi

    Umuturage witwa Sindikubwabo Jean Marie Vianney, afungiye kuri RIB Sitasiyo ya Rwempasha mu Karere ka Nyagatare akekwaho kwica imisambi 10. Bikekwa ko yayicaga akoresheje imiti y’uburozi yashyiraga mu binyampeke harimo ibigori n’umuceri, iyo misambi yabirya igapfa.



  • Imbangukiragutabara 246 zaguzwe zizihutisha ibikorwa by’ubuvuzi

    Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yatangaje ko Minisiteri y’Ubuzima ku bufatanye n’izindi nzego, bashakishije ubushobozi bwo kugura imbangukiragutabara 246 ku buryo iza mbere 80 zamaze gutangira kugezwa mu bitaro hirya no hino mu Gihugu.



  • Abana bayobotse ingo mbonezamikurire bitabwaho neza bakanahabwa indyo yuzuye

    Rwamagana: Ingo mbonezamikurire zafashije ababyeyi gukora imirimo ibaha amafaranga

    Bamwe mu babyeyi bafite abana mu rugo mbonezamikurire rwa Buyanja, Akagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Munyiginya, bavuga ko rwabafashije gukora imirimo ibaha amafaranga ku buryo binyuze mu itsinda bishyiriyeho, batangiye kwiteza imbere.



  • Mucunguzi yatangije ibihumbi 50 none ageze kuri Miliyoni 10

    Imyambaro n’impapuro bishaje bimaze kumwinjiriza arenga Miliyoni 10

    Mucunguzi Ronald, wo mu Karere ka Rwamagana, nyiri Kompanyi, Golden Art and Paints, ikora imitako mu mpapuro n’imyambaro bishaje, avuga ko amaze kwinjiza arenga Miliyoni 10 mu gihe cy’imyaka ibiri gusa amaze akora ndetse akaba afite intumbero ko mu myaka itanu (5) iri imbere azaba ageze ku gishoro kinini kandi akoresha (…)



  • Alex Mugabo yifuza ko Leta yarushaho kwegera abahinzi ikabafasha guhinga ibihingwa bifite isoko mpuzamahanga

    Ubuhinzi: Urubyiruko rutinya ibiciro bito ku isoko n’igihombo

    Urubyiruko rukora ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi ruvuga ko impamvu bagenzi barwo batitabira ibikorwa by’ubuhinzi cyane harimo imyumvire micye, gutinya guhomba bitewe n’imihandagurikire y’ikirere ndetse n’igishoro kiruta ikiguzi bahabwa ku musaruro.



  • Nyiracari, wari waraye abyaye yamaze iminsi itanu muri Pariki y

    Nyagatare: Inkotanyi zamurokoye amaze iminsi azengurukana uruhinja muri Pariki y’Akagera (ubuhamya)

    Nyiracari Peace, warokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi muri Gakirage, avuga ko batewe n’Interahamwe n’abasirikare ba EX-FAR, amaze umunsi gusa abyaye, amara iminsi itanu azengurukana uruhinja muri Pariki y’Akagera yarimo inyamanswa z’inkazi ariko ntizamurya ku bw’amahirwe ahahurira n’Inkotanyi arokoka ubwo.



  • Abohereza umusaruro ukomoka ku buhinzi hanze y

    Abohereza ibicuruzwa hanze bagiye gushyirirwaho ikoranabuhanga ribafasha kubona ibyangombwa

    Umukozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, ushinzwe gusesengura ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga, Gasasira Martin, avuga ko ibigo byose bitanga ibyangombwa ku bohereza ibicuruzwa hanze y’Igihugu byashyizwe hamwe ku buryo batagisiragira kandi mu minsi ya vuba hazashyirwaho uburyo bw’ikoranabuhanga bazajya bifashisha mu (…)



  • Umworozi yasigariye aho nyuma y

    Nyagatare: Inka 60 zimaze gukurwa mu bworozi kubera indwara y’uburenge

    Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) Sitasiyo ya Nyagatare, John Kayumba, avuga ko inka 60 ari zo zimaze gukurwa mu bworozi kubera indwara y’uburenge yagaragaye mu cyumweru gishize mu rwuri rw’umworozi wo mu Murenge wa Tabagwe.



  • Niba wibonyeho ibi bimenyetso, irinde kujya mu bantu - RBC

    Umukozi wa Minisiteri y’Ubuzima ushinzwe Itangazamakuru, Julien Mahoro Niyingabira, arasaba abanyarwanda ko mu gihe amaso yabo atangiye kuryaryatwa, kuzana amarira no kubyimba bakwiye kwihutira kugana ivuriro ribegereye ariko bakanirinda kujya mu ruhame rw’abantu benshi kugira ngo batabanduza amaso yandura cyane.



  • Imiryango 15 itishoboye niyo yorojwe mu rwego rwo kwikura mu bukene

    Kwita ku bo muhuje imyemerere ukirengagiza abakene Imana ikureba nabi - Bishop Gakwaya

    Umuyobozi w’Itorero Apostles and Prophets Church of Christ Jesus, Bishop Augustine Gakwaya, avuga ko kwita ku bo muhuje imyemerere ukirengagiza abakene Imana ikureba nabi.



  • Urubyiruko rwasabwe kwirinda uwarubibamo ingengabitekerezo ya Jenoside no kurinda ibyagezweho

    Nyagatare: Urubyiruko rwasabwe gufatira ku rugero rw’Inkotanyi rukarinda ibyagezweho

    Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe Ubukungu, Matsiko Gonzague, arasaba urubyiruko cyane urwiga muri za kaminuza n’amashuri makuru gufatira ku rugero rw’Inkotanyi zahagaritse Jenoside, rukarwanya uwagerageza kurubibamo ingengabitekerezo yayo ariko rukanarinda ibyagezweho.



  • Abaturage bishimira ko gukorana n

    Kayonza: Abaturage barishimira ko KIIWP yabahinduriye ubuzima

    Abaturage bakorana n’umushinga wo guteza imbere ubuhinzi bw’imbuto, KIIWP, mu Mirenge ya Kabarondo na Murama, barishimira ko watumye ubutaka bwabo bwongera gutanga umusaruro ku buryo ubu batangiye kwiteza imbere nyamara mbere bari abakene.



  • Visi Meya, Mutoni Jeanne avuga ko abafashirizwaga aho bimukiyeho hose bigiye kurangira

    ’Systeme Imibereho’ izafasha mu gutahura abahabwaga inkunga bimukiye mu tundi Turere

    Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana wungirije ushinzwe Imibereho myiza, Mutoni Jeanne, avuga ko ’Systeme Imibereho’ yitezweho gufasha kumenya abaturage bakeneye kunganirwa kwikura mu bukene b’ukuri kuko uburyo byakorwagamo mbere hazagamo amarangamutima ariko nanone ikazanafasha gutahura abahabwaga inkunga ibafasha kwikura mu (…)



  • Nyagatare: Kwanga gusaba no guharanira kwigira byamugejeje ku ruganda rwa Miliyoni zirenga 100

    Uwamwezi Merciane w’imyaka 53 y’amavuko, utuye mu Mudugudu wa Rukundo Akagari ka Ntoma Umurenge wa Musheri avuga ko gukura yanga gusabiriza no guharanira kwigira byamugejeje ku ruganda rufite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda arenga Miliyoni 100 n’ubwo ingaruka za COVID-19 n’ibikorwa byahereweho ahabwa ubuzirange bw’ibyo akora (…)



  • Mugorewishyaka avuga ko gukora amavaze mu ibumba n

    Uwafashwaga na Leta ubu yihangiye umurimo umwinjiriza ibihumbi 100Frw ku kwezi

    Mugorewishyaka Latifat w’imyaka 63 y’amavuko avuga ko yinjiza amafaranga y’u Rwanda 100,000 ku kwezi abikesha gukora amavaze mu ibumba ndetse n’imigongo nyamara yarahoze ari umukene ufashwa na Leta.



  • Yafashwe yari agitunze indangamuntu ya kera irimo amoko

    Nyanza: RIB yafunze ucyekwaho icyaha cya Jenoside wari umaze imyaka 23 mu mwobo

    Tariki ya 16 Gicurasi 2024, Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwafunze Ntarindwa Emmanuel w’imyaka 51 y’amavuko akekwaho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 na Mukamana Eugenie w’imyaka 53 ukekwaho kuba ikitso cy’ukekwaho icyaha aho yamuhishe mu mwobo wacukuwe mu nzu yari amazemo imyaka 23.



  • Ibiro by

    Nyagatare: Bamwe mu baganga banga gukorera mu cyaro

    Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe Imibereho myiza, Murekatete Juliet, avuga ko muri rusange Ibigo Nderabuzima byo mu Karere bifite ikibazo cy’abaganga bacye ariko by’umwihariko ibyo mu cyaro ariho hari ikibazo cyane kuko hari abahabwayo akazi bakanga kujyayo.



  • Minisitiri Uwamariya yagaragaje uruhare rw

    Iyo abagore bakora neza ubukene burahunga hakaza iterambere - Min. Uwamariya

    Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Dr Valentine Uwamariya, avuga ko iyo inzego z’abagore zikora neza ibibazo by’amakimbirane mu miryango, imirire mibi mu bana ndetse n’ubukene bitabaho ahubwo habaho iterambere.



  • Urubyiruko rugera kuri 400 nirwo rwahawe serivisi yo kwifotoza

    Kayonza: Mu minsi itatu 400 bahawe serivisi y’indangamuntu

    Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza, Nyemazi John Bosco, avuga ko mu minsi itatu gusa y’imurikabikorwa ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere, urubyiruko 400 aribo bifotoje kugira ngo babone indangamuntu n’ubwo iyi serivisi ikomeza mu Mirenge yose.



  • Nyiramafayida yiyubakiye inzu abikesha inkunga y

    Rwamagana: Ku myaka 84 aragira inama abandi kudapfusha ubusa inkunga bahabwa na Leta

    Cesaria Nyiramafayida w’imyaka 84 y’amavuko wo mu Murenge wa Munyiginya Akarere ka Rwamagana aragira inama abahabwa inkunga y’ingoboka kuyibyaza umusaruro bagana amatsinda yo kubitsa no kugurizanya aho kuyashora mu bindi bitabafasha kwiteza imbere nk’uko uyabaha abyifuza.



  • Iburasirazuba: Abantu bane bapfuye barohamye mu minsi ibiri gusa

    Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, SP Hamdun Twizeyimana, avuga ko tariki ya 30 Mata na 01 Gicurasi 2024, abantu bane barimo umwarimu bapfuye barohamye mu mazi.



Izindi nkuru: