Ikibazo cy’amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza (MUSA) n’isuku nke ni bimwe mu byakomeje kwigaragaza biganiro byatangiwe hirya no hino mu gihugu.
Abagize uruhare mu kubaka ibyumba by’amashuri, mu murenge wa Gashari mu karere ka Karongi bavuga ko bamaze igihe bategereje kwishyurwa barahebye.
Imwe mu mihanda yari yaratinze kubakwa kuri ubu inama y’umushyikirano yanzuye ko yakwihutishwa nka Ngoma-Bugesera-Nyanza, Ngororero-Nyabihu hamwe na Cyanika –Musanze-Ngororero
Minisiteri y’Ubutabera itangaza ko Leta yahombye miliyari 126 muri 2014, kubera amasezera yakozwe nabi n’adakurikiranwa bikayishora mu manza.
Umwaka wa 2015 urangiye habaye impinduka zijyanye n’ubukungu mu Rwanda, ariko impuguke zekemeza ko hari icyizere ko butazahungabana cyane.
Abaturage batandukanye bo mu karere ka Karongi baremeza ko ubuzima bwabo bumaze guhinduka kubera imikoranire yabo n’umushinga USAID-EJOHEZA
Kuva umwaka wa 2015 watangira MINAGRI yashyize imbaraga mu kuzamura umusaruro w’ibihingwa, ariko mu mpera zawo haza ibiza byangiza imyaka ahenshi.
Umwaka wa 2015 waranzwe n’ibikorwa bitandukanye by’imyidagaduro mu Rwanda birimo ibitaramo by’ibyamamare isi yose ihora yifuza kubona.
Umwaka wa 2015 wose waranzwe n’ibyifuzo by’abaturage byasabaga guhindura ingingo ya 101 y’Itegeko Nshinga kugera ngo Perezida Kagame azakomeze kubora no gutsura umubano w’u Rwanda n’amahanga.
Mu Gushyingo 2015 Komisiyo ishinzwe kuvugurura amategeko yahawe inshingano zo kuvugurura igitabo cy’amategeko ahana y’u Rwanda kuko atari akijyanye n’ibyaha bihari.
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba Madame Mukandasira Caritas asaba abaturage b’ iyi ntara, kwitabira umugoroba w’ababyeyi nk’ishingiro ryo kwikemurira ibibazo abaturage baba bifitemo.
Nk’uko u Rwanda rukomeje kugira umuvuduko mu ikoranabuhanga umwaka wa 2015 usize hari byinshi rugezeho birimo ikoranabuhanga ryihuta rya 4G no kwakira inama mpuzamahanga ku ikoranabuhanga.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu mwaka wa 2015 yakunze kugaruka kuri politiki y’imiyoborere myiza haba ku Rwanda n’Afurika muri rusange, by’umwihariko agahamagarira Abanyarwanda n’abany-Afurika kwiteza imbere aho gutegereza kubeshwaho n’abanya Burayi.
Muri 2015 inzego z’umutekano z’u Rwanda zaranzwe no kubungabunga umutekano w’imbere mu gihugu n’uwo hirya no hino ku isi ndetse u Rwanda rwakira Inama ya Polisi Mpuzamahanga, INTERPOL.
N’ubwo ubuyobozi buhamagarira abantu gufata amazi, abaturiye ishuri rya“Morning Stars”bahangayikishijwe n’amazi ahaturuka kuko abangiriza.
Imvura yaguye mu minsi yashize yateye ubukene butuma abacuruzi b’i Huye bavuga ko batazizihiza Noheri n’Ubunani uko babyifuzaga.
Umuhanzi Kid Gaju asanga uburyo Album ye ikomeye atayimurikira mu kabyiniro kandi ngo ntiyayimurika Radio na Weasel badahari ngo anabashimire.
Abakora akazi ko gutwara abantu n’ibintu ku magare bibumbiye muri koperative “Abisunganye” mu Karere ka Gatsibo, bavuga ko aka kazi kabafatiye runini.
Abatuye Akarere ka Kirehe barashima Leta y’u Rwanda kuri gahunda ya Gira inka, kuko ifasha abakene mu iterambere no mu mibereho myiza.
Abarimu b’impuguke mu bumenyi butandukanye bashinze kampani ya VBC Ltd mu Karere ka Nyanza barwaniye inyungu ziyikomokaho bashaka kwicana.
Perezida wa Repuburika Paul Kagame arasaba inzego zishinzwe uburezi gukura mu nzira vuba na bwangu ikibazo cya buruse z’abanyeshuri zitinda.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yijeje ko ibinengwa ku Rwanda bizakosorwa, ku buryo ngo inama y’Umushyikirano itaha izagaragaza impinduka nyinshi.
Minisiteri y’Imari n’Igendamigambi iratangaza ko Leta ifite gahunda yo kubakira icyarimwe imijyi itandatu y’icyitegererezo mu Rwanda.
Inzego za Leta na bamwe mu bafatanyabikorwa bitabiriye Inama ya 13 y’Umushyikirano barizeza gukaza ingamba zikumira icuruzwa ry’abantu.
Abaturage bo mu mu murenge wa Nkombo baravuga ko amacumbi yabubakiwe mu rwego rwo kubakura mu bwigunge atarakorerwamo icyo yagenewe kandi yaruzuye.
Ministiri w’imari n’igenamigambi, Amb Claver Gatete yatangaje ko kuba Abanyarwanda 90% batarazigamiye izabukuru, icumbi n’uburezi bw’abana ari ikibazo gikomeye.
Alain Patrick Ndengera, Umunyarwanda uba muri Canada afatanyije na bagenzi, bagiye kubaka Imidugudu y’amazu akodeshwa, “real estate” mu mujyi wa Kigali.
Icyizere ni cyose ku batuye Akarere ka Rutsiro, nyuma y’uko imirimo yo gukora umuhanda wa kaburimbo Perezida Kagame yabemereye yatangiye.
Nkunzumuryango Feston w’imyaka 18 wo mu kagari ka Nasho Umurenge wa Mpanga mu karere ka Kirehe yarohamye kagera ubwo yageragezaga kwiyambutsa mu bwato.
Abatuye umurenge wa Cyanika, bishimira ko besheje umuhigo w’ubumwe n’ubwiyunge, icyo bashyize imbere ari umurimo ubageza ku iterambere atari amacakubiri.
Bamwe mu banyarwanda bakiri impunzi mu mahanga barishimira ko n’umuturage wo mu cyaro atanga igitekerezo kigahabwa agaciro.
Ubuyobozi bw’Urugaga rw’Abikorera, PSF, mu Ntara y’ Iburengerazuba ku wa 19 Ukuboza 2015 bwatangije imurikagurisha ry’iminsi icumi rizabafasha kwizihiza minsi mikuru.
Imwe mu miryango yari ifite ikibazo cy’imirire mibi mu Karere ka Muhanga iravuga ko kwitabira amatsinda ya FARN byatumye barwanya Bwaki.
Umuhanzi w’Umunyarwandakazi Princess Priscilla arahakana amakuru avugwa ko yaba akundana n’umuhanzi The Ben.
Guhera muri Mutarama 2016, Abanyarwanda ndetse n’abandi bakoresha icyambu cya Mombasa, bazajya basorera ibicuruzwa byabo ku biro bishinzwe imisoro mu Kenya “Kenya Revenue Authority (KRA)” mbere y’uko bagera ku kibuga.
Abanyeshuri bo muri Kaminuza ya Harvard muri Amerika, baje kwigira kuri Perezida Kagame n’ibyo yagejeje ku Banyarwanda nk’Umukuru w’Igihugu.
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje imibare ntakuka y’ubwitabire bwa referandumu, igaragaza ko abaturage 98.3% batoye basaba ko itegeko nshinga rihinduka.
Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside, yavuze ko Abanyarwanda bageze ku bumwe bagendeye ku bikorwa bihitiyemo.
Inama y’Umushyikirano yashimye uburyo amashuri n’amavuriro byegerejwe abaturage, ariko abayikurikiranye basabye kunoza ireme ry’uburezi no guhashya indwara ya Malariya.
Abafite imodoka zitwara abagenzi zashyizwemo utwuma tugabanya umuvuduko "Speed Governor" bavuga ko tuzangiza mu gihe RURA ivuga ko ari urwitwazo.
Ministiri w’Ububanyi n’amahanga, Louise Mushikiwabo, yagaragaje uburyo imikerereze y’Abanyarwanda yahindutse, ku buryo byabahesheje kugira uruhare mu bikorerwa ku isi hose.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko igihe cyo guhererekanya inshingano z’ubuyobozi bw ’Igihugu nikigera bizakorwa neza mu mutuzo nk’uko Abanyarwanda babyizeye.
Byatangarijwe mu gitaramo cy’urubyiruko “inkomezamihigo” rusaga 3000 baturutse mu turere dutandukanye tw’u Rwanda cyabereye kuri Petit Stade Amahoro i Remera.
Abaturage batandukanye b’Akarere ka Karongi bavuga ko umwe mu myanzuro bifuza ku mushyikirano ari uwakemura imyishyurire ya ba rwiyemezamirimo.
Abari abana mu gihe cya Jenoside bagahungishirizwa i Burundi babifashijwemo na Laurien Ntezimana, tariki 20/12 bahuriye mu ishuri NDPK baramushimira.
Abanyamuryango ba kampani yitwa “KAMU Mutual Plan” bavuga ko abantu bishyize hamwe ntacyo batageraho, bagahamagarira Abanyarwanda kwishyira hamwe bahuza imbaraga.