Sauti Sol yaje mu Rwanda, imurika Album yise " Live and Die in Africa"

Ku mugoroba wo ku wa gatandatu tariki ya 17 Nzeli 2016, itsinda ry’abahanzi ryitwa "Sauti Sol" ryo mu gihugu cya Kenya, ryaje mu Rwanda, rimurika album nshya ryise" Live and Die in Afrika"

Iri tsinda rigizwe n’abaririmbyi bane barimo Willis Chimano, Savara Mudigi, Bien-Aimé Baraza na Polycarp Otieno.

Abitabiriye iki gitaramo cyabereye muri Expo Ground i Gikondo, babanje gususurutswa n’abahanzi b’abanyarwanda, barimo itsinda 3 Hills rigizwe na Eric Mucyo, Hope Irakoze na Jackson Kalimba.

Harimo kandi umuhanzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda witwa Yvan Buravan, Neptunez band, S.A.M, DJ Miller, na DJ Toxxyk.

Abagize itsinda rya Sauti Sol batangaza ibijyanye n'igitaramo cyabo
Abagize itsinda rya Sauti Sol batangaza ibijyanye n’igitaramo cyabo
willis chimano, Savara Mudigi na Bien Aime Baraza baririmbira abafana babo
willis chimano, Savara Mudigi na Bien Aime Baraza baririmbira abafana babo
Eric Mucyo, Hope Irakoze bagize itsinda rya 3 Hills basusurikije abitabiriye iki gitaramo
Eric Mucyo, Hope Irakoze bagize itsinda rya 3 Hills basusurikije abitabiriye iki gitaramo
Yvan Buravan Aririmbira abitabiriye iki gitaramo cya Sauti Sol
Yvan Buravan Aririmbira abitabiriye iki gitaramo cya Sauti Sol
Basabaga abafana kuririmbana nabo
Basabaga abafana kuririmbana nabo
Bien Aime wa Sauti Sol yegereye abafana kugirango barusheho gusabana
Bien Aime wa Sauti Sol yegereye abafana kugirango barusheho gusabana
Abafana bari benshi mu gitaramo
Abafana bari benshi mu gitaramo
Igitaramo cyagaragayemo aba DJ bavangavangaga umuziki abantu bakaryohewa
Igitaramo cyagaragayemo aba DJ bavangavangaga umuziki abantu bakaryohewa
Baryohewe n'abafana nabo bararyoherwa
Baryohewe n’abafana nabo bararyoherwa
Savara Mudigi yakoresheje imbaraga nyinshi asusurutsa abakunzi ba Sauti Sol
Savara Mudigi yakoresheje imbaraga nyinshi asusurutsa abakunzi ba Sauti Sol
Uvugiriza ingoma Sauti Sol yatangaje cyane abafana bayo kubera ubuhanga bwe
Uvugiriza ingoma Sauti Sol yatangaje cyane abafana bayo kubera ubuhanga bwe
Arthur Nkusi uzwi cyane mu rwenya hano mu Rwanda ni we wayoboye iki gitaramo
Arthur Nkusi uzwi cyane mu rwenya hano mu Rwanda ni we wayoboye iki gitaramo

Ayandi mafoto kanda hano

Photo: Muzogeye Plaisir

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka