Amateka ya Sibomana Athanase wamamaye mu gitaramo no mu gucuranga gakondo (Ikiganiro)

Sibomana Athanase ni umusaza watangiye gucuranga Inanga akiri umwana kuko iya mbere yise umugani w’impaca yageze kuri Radio Rwanda afite imyaka 21. Yabaye umunyamakuru ukora igitaramo kuri Radio Rwanda guhera mu mpera za 1994. Abamuzi bamuziho gucuranga ibicurangisho byose bya gakondo.

Kurikira byinshi kuri we muri iki kiganiro yagiranye na KT Radio:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Birababaje, Asoreje urugendo ahantu habi. Asize urwibutso ntazibagirana mu mitima yaba Nyarwanda.

OK yanditse ku itariki ya: 2-09-2021  →  Musubize

Mbega ikiganiro gishimishije. Ariko uyu musaza ko ari umunyabigwi kuki abashinzwe ibijyanye n’umuco kuki bemeyeko azima koko!!!

Darren yanditse ku itariki ya: 2-09-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka