• Weekend ya Ruhago kuri StarTimes!

    Nubwo igikombe cya Afurika cyarangiye StarTimes ikomeje gufata neza abafatabuguzi bayo by’umwihariko abakunzi ba Ruhago. Mu mpera z’íki cyumweru nibwo imikino yo mu matsinda ya CAF Champions League na CAF Confederations Cup ikinwa.



  • Sobanukirwa byinshi kuri tombola ya Jackpot Lotto ya Inzozi Lotto

    1. INZOZI JACKPOT LOTTO Ni IKI? INZOZI JACKPOT LOTTO ni umukino wa tombola woroshye kandi ushimishije, aho umuntu asabwa guhitamo imibare 6 hagati ya 1 na 49 yarangiza akayitondeka uko abyifuza. Ku munsi wo gutombola, sisitemu ihitamo imibare 6 hamwe n’umubare umwe wa bonus, abatsinze buri cyumweru ni abagiye bahuza (…)



  • #CAN2021 : Mohamed Salah na Sadio Mane kuri Final, Cameroon ishaka umwanya wa gatatu

    Mu makipe 24 yahataniraga igikombe cya Afurika hagomba kuvamo imwe itwara iki gikombe. Nyuma yo gusezerera Burkina Faso iyitsinze ibitego 3-1, ikipe iyobowe na Sadio Mane, umunyezamu Edouard Mendy n’umutoza Aliou Cissé bisanze ku mukino wa nyuma ku nshuro ya kabiri yikurikiranya.



  • Yatsindiye Miliyoni ebyiri muri Tombola ‘Inzozi Lotto’

    Umusore w’imyaka 29 ukomoka mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Huye, Mu Murenge wa Mbazi, avuga ko yatangiye gukina umukino wa Tombola muri Inzozi Lotto, ubwo watangizwaga mu Rwanda tariki 10 Ukuboza 2021.



  • CAN 2021 : Derby y’Abarabu (Misiri vs Morocco), Gambia na yo ishaka gukora amateka muri 1/4

    Ni ubwa mbere mu mateka ya CAN kuva mu 1998, imikino ya 1/4 cy’irangiza cy’iri rushanwa rigiye gukinwa hatarimo amakipe y’ibihangange yasezerewe nka Ghana na Nigeria. Ikipe ya Ghana yaviriyemo mu matsinda, mu gihe Nigeria yasezerewe n’ikipe ya Tunisia.



  • #CAN2021 : Birashyushye muri 1/8, Côte d’Ivoire na Misiri kuri StarTimes

    Imikino ya 1/8 cy’irangiza ry’igikombe cya Afurika (CAN 2021), igeze ahakomeye aho amakipe nka Nigeria na Gabon, yose yamaze gusezererwa. Ni imikino ica kuri shene ya ST World Football CH 254 (DTT) na CH 245 (DTH) na ST Sports Premium CH 252 (DTT) na CH 256 (DTH). Uzisanga kuri Classic na Smart Bouquet kuva iri rushanwa (…)



  • Nsabimana Theoneste w

    Sobanukirwa byinshi kuri tombola ‘Inzozi Lotto’

    Tombola ya Inzozi Lotto yamuritswe mu Rwanda tariki 10 Ukuboza 2021. Iyi tombola ishyirwa mu bikorwa na kompanyi yitwa Carousel Ltd, aho biteganyijwe ko amafaranga azajya ava muri iyo tombola azajya yifashishwa mu guteza imbere imikino mu Rwanda.



  • Nawe ubu watsindira Miliyoni ebyiri muri tombola ya Inzozi Lotto

    Abakina umukino wa ‘Inzozi Lotto’ ubu bafite amahirwe yo kuba batsindira amafaranga menshi kurushaho, kuko ubu ‘jackpot lotto’ igeze kuri Miliyoni ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda (2.000.000RWF). Jackpot yazamuye umubare w’amafaranga abantu batsindira ava kuri 1.000.000 RWF, agera kuri 2.000.000 RWF nyuma y’uko nta (…)



  • #CAN2021: Aho warebera imikino n’uburyo wayirebamo kuri TV

    Kuva tariki 9 Mutarama kugeza tariki 6 Gashyantare 2022, murakurikira imikino itandukanye y’igikombe cya Afurika cy’ibihugu, CAN 2021. Muri gahunda yo korohereza no gukomeza gufata neza abafatabuguzi mu gukurikira imikino ya CAN 2021 kuri StarTimes, wishyura ifatabuguzi ry’ukwezi bakaguha iryisumbuyeho ku ryo uguze. Naho (…)



  • Abandi banyamahirwe bahawe ibihembo muri ‘StarTimes Wisheya

    StarTimes ikomeje gutanga Noheli iha za miliyoni abanyamahirwe batsinze muri Poromosiyo yiswe ‘StarTimes Wisheya’

    StarTimes, sosiyete ya mbere mu Rwanda icuruza ibijyanye n’amashusho ku giciro buri wese yisangamo, ikomeje kuba ku isonga mu Rwanda by’umwihariko muri ibi bihe bya Noheli muri poromosiyo yiswe ‘StarTimes Wisheya’.



  • Abatsinze muri Poromosiyo ya Noheli bahawe ibihembo

    StarTimes yashyikirije ibihembo abatsinze muri poromosiyo ya Noheli

    Ku wa Gatandatu ushize StarTimes yatanze amafaranga arenga Miliyoni na Televisiyo ya puse 55” ku banyamahirwe batsinze muri poromosiyo StarTimes Wisheya.



  • Filime URURABO RWO MU ISHYAMBA igice cya 2 yahageze

    Hashize ibyumweru bigera kuri bibiri abakunzi ba filime y’uruhererekane URURABO RWO MU ISHYAMBA bategereje n’amatsiko menshi igice cya kabiri. Hari amakuru meza y’uko ubu yatangiye gutambuka kuri StarTimes BTV shene ya 124 kuri dekoderi ikoresha antene y’udushami no kuri shene ya 776 kuri dekoderi ikoresha dish (igisahane).



  • Mu mpera z’iki cyumweru umuriro uraka muri Bundesliga na La Liga kuri StarTimes

    StarTimes ikomeje kudabagiza abafatabuguzi bayo bakunda imikino ibereka shampiyona zitandukanye zo hirya no hino ku isi, zirimo La Liga yo muri Esipanye na Bundesliga yo mu Budage.



  • StarTimes yabateguriye ibyiza bitandukanye mu mpera z’uyu mwaka wa 2021

    Neston Muvunyi, umuyobozi mukuru wungirije wa StarTimes mu Rwanda, yasobanuye za ‘Platforms’ zitandukanye StarTimes yagejeje ku bafatabuzi bayo kuva yagera mu Rwanda guhera mu 2007. Harimo ‘Platform’ y’igisahani, ‘Platform’ ikoreshwa kuri anteni y’udushami. Nyuma y’izo ‘Platforms’ ebyiri, StarTimes ngo yongereye ibikorwa (…)



  • STARTIMES WISHEYA: Poromosiyo ya Noheli n’Ubunani

    Nyuma yo kongera amashene no kugabanya ibiciro bya Dekoderi, muri ibi bihe bya Noheli n’Ubunani, StarTimes ibazaniye Poromosiyo irimo na Tombola yiswe StarTimes We Share (STARTIMES WISHEYA).



  • StarTimes na RBA bagiye gufatanya gushyiraho shene nshya yitwa Magic Sports

    StarTimes hamwe n’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru mu Rwanda (RBA) basinyanye amasezerano y’imyaka itatu y’ubufatanye yo gushyiraho shene ya 3 nshya yitwa Magic Sports ya RBA kuri uyu wa 5 Ugushyingo 2021.



  • Abanyamigabane ba GOSHEN FINANCE PLC badafite imyirondoro yuzuye bahawe iminsi 14 yo kuyuzuza (Urutonde)

    Ubuyobozi bwa GOSHEN FINANCE PLC, ikigo cy’imari gitanga inguzanyo no kuzigama ku mishinga mito n’iciriritse mu Rwanda, buramenyesha abanyamigabane bagaragara ku rutonde rw’abadafite imyirondoro yuzuye ko bakwihutira kugeza imyirondoro yabo yuzuye kuri iki kigo bitarenze iminsi 14 babonye iri tangazo, kugira ngo imigabane (…)



  • BK yashyizeho uburyo bwo kwiyandikisha kuri Internet Banking hakoreshejwe ikoranabuhanga

    Mu kwezi gushize, Banki ya Kigali yatangaje ko yavuguruye imikorere ya serivisi ya ’Internet Banking’, cyangwa se ikoranabuhanga rifasha abakiriya b’iyi banki kubona serivisi zitandukanye bitabasabye kubanza kujya kuri banki ahubwo bakazibona bifashishije telefoni cyangwa se mudasobwa.



  • Ibigo biteza imbere ubucuruzi bwifashisha ikoranabuhanga biratumiwe muri BK kugira ngo byagure urubuga rw

    BK na Virtual Pay mu bufatanye bwo korohereza abacuruzi kwishyurwa hakoreshejwe ikoranabuhanga

    Banki ya Kigali yinjiye mu bufatanye n’ikigo mpuzamahanga cy’ikoranabuhanga mu kwishyura, Virtual Pay International, mu rwego rwo gufasha abacuruzi bo mu Rwanda no mu Karere kugeza ibicuruzwa byabo hirya no hino ku Isi hifashishijwe ikoranabuhanga bakishyurwa hakoreshejwe ikarita ya Visa cyangwa Mastercard.



  • Igiciro cya Dekoderi ya StarTimes cyagabanutse cyane: Ubu iragura 3,000Rwf

    Mu bihe byashize, Abanyafurika bakunze kwishyura ifatabuguzi ku biciro bihanitse kugira ngo babashe kureba amarushanwa akomeye abera hirya no hino ku Isi. Ibi ntibikwiye. Muri Afurika kureba imikino by’umwihariko umupira w’amaguru bigomba korohera buri wese.



  • Poromosiyo ya Pasika: Terimbere hamwe na StarTimes

    StarTimes yagabanyije ibiciro bya Dekoderi ku giciro kitari cyabaho mu Rwanda. Ubu ni muri StarTimes wasanga Dekoderi ya make ku isoko ryose. StarTimes yongeye kudabagiza abafatabuguzi bayo ndetse n’abifuza kuyigana muri Poromosiyo ya Pasika yise “TERIMBERE HAMWE NA STARTIMES”; aho mubasha gutsindira bimwe mu bikoresho (…)



  • SKOL yazirikanye uburinganire isaranganya amahirwe abakozi bayo

    Uruganda rukora ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, SKOL Brewery Ltd (SBL), rwiyemeje guteza imbere uburinganire mu bakozi barwo rubasaranganya amahirwe ahari mu byiciro byose.



  • Mu Munyenga na Mastercard: BK yatanze moto n’ibindi, jyamo nawe utsindire imodoka

    Banki ya Kigali(BK Plc) yijeje abakiriya bayo bakoresha amakarita ya ‘Mastercard’ mu guhaha, ko bafite amahirwe yo gutsindira ibintu bitandukanye birimo imodoka yo mu bwoko bwa Mahindra KUV 100 NXT, izatangwa muri iyi Poromosiyo izarangira tariki 05 Werurwe 2021.



  • Poromosiyo: Dore Diru ishyushye muri StarTimes: Ibiciro byahanantuwe!

    Dore Diru, Dore Diru! Hamwe na Poromosiyo ya StarTimes ubu wakwihahira Dekoderi ya make ku isoko ryose. Noneho igiciro cya Dekoderi za StarTimes cyakubiswe hasi bitari bwabeho mu Rwanda.



  • Ikirango cya ATLANTIQUE MICROFINANCE PLC

    Icyari AMIFA Rwanda Plc ubu ni “ATLANTIQUE MICROFINANCE PLC”

    Ikigo cy’Imari Iciriritse cyemewe mu Rwanda, Atlantique Microfinance for Africa, (AMIFA RWANDA Plc) cyatangarije abafatanyabikorwa n’abandi bose bakigana ko cyahinduye izina kikaba cyitwa “ATLANTIQUE MICROFINANCE PLC”.



  • Aya ni yo mashami ya Banki ya Kigali afunguye mu Mujyi wa Kigali

    Banki ya Kigali (BK) yamenyesheje abakiliya bayo ko ishingiye ku byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 18 Mutarama 2021, guhera tariki 19 Mutarama 2021 ingengabihe y’akazi y’amashami ya BK iteye mu buryo bukurikira nk’uko bigaragara muri iri tangazo:



  • Abakozi ba SKOL mu gikorwa cy

    Uruganda rwa SKOL rukomeje gufasha abaturage baruturiye

    Uruganda rw’inzoga rwa SKOL Breweries Limited, rutangaza ko rugiye gukomeza gufasha abaturage mu mibereho myiza, ubukungu n’iterambere ry’aho batuye, nk’imwe mu ntego rwihaye muri uyu mwaka wa 2021.



  • Uwineza Florence yegukanye igihembo cya moto

    Banki ya Kigali yahaye Ubunani abakiriya bayo bakoresha Mastercard

    Mu bukangurambaga bwa Banki ya Kigali, bukangurira abakiriya bayo kurushaho gukoresha Mastercard yise Mu Munyenga na Mastercard, ku wa Kane tariki 31 Ukuboza 2020 ku munsi usoza umwaka wa 2020 no kwinjira mu wa 2021, Banki ya Kigali yatanze igihembo cya mudasobwa ndetse n’igihembo cya moto ku banyamahirwe bakoresha Mastercard.



  • Ishyura Abonema ya STARTIMES ukoresheje MTN Mobile Money ubashe gutombora

    StarTimes ifatanyije na MTN MoMo byifuje guha abakiriya Noheli n’Ubunani. Muri iyi minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, StarTimes na MTN MoMo bigiye kuremera abakiriya aho ugura abonema ya StarTimes y’amezi abiri ukoresheje MTN MoMo ugahabwa amezi 2 yisumbuyeho cyangwa ukongezwa iminsi 10 ku buntu bityo bikanaguhesha amahirwe (…)



  • Umuyobozi Mukuru wa BK, Dr Diane Karusisi yahaye igikombe cy

    BK yashimiye abacuruzi bakoresheje ikoranabunga mu kwishyuza ibicuruzwa

    Banki ya Kigali (BK) iri gutanga impano za Noheli n’Ubunani ku bacuruzi bakoresha uburyo bw’ikoranabuhanga kurusha abandi by’umwihariko abakoresha imashini zayo za POS mu gufasha abakiliya kwishyura ibicuruzwa, hakoreshejwe ikarita ya Visa cyangwa Mastercard n’izindi mu kwishyura service cyangwa ibicuruzwa bitabaye ngombwa (…)



Izindi nkuru: