Poromosiyo ya Pasika: Terimbere hamwe na StarTimes

StarTimes yagabanyije ibiciro bya Dekoderi ku giciro kitari cyabaho mu Rwanda. Ubu ni muri StarTimes wasanga Dekoderi ya make ku isoko ryose. StarTimes yongeye kudabagiza abafatabuguzi bayo ndetse n’abifuza kuyigana muri Poromosiyo ya Pasika yise “TERIMBERE HAMWE NA STARTIMES”; aho mubasha gutsindira bimwe mu bikoresho byagufasha kwiteza imbere.

Iyi poromosiyo yatangiye tariki 15/03/2021 ikazarangira tariki 08/05/2021.

Harimo Ibihembo byinshi byo gutombora nka:

1. Televisiyo nini cyane (STARTIMES 55“ 4K LED Ultra HD Smart TV),
2. Firigo nziza cyane za made in Rwanda za FLORSA,
3. Telefone zigezweho cyane za Maraphones (Model: S, X1, ndetse na Z1),
4. Ekuteri za Airpods na bafure nto zikoresha Bluetooth z’ikigo iYOU,
5. Ndetse na Moto nk’igihembo nyamukuru.
6.
Icyitonderwa mu kuba umwe mu banyamahirwe bazatsindira ibihembo:

• KU MUGUZI USANZWE: Gura ifatabuguzi ry’ukwezi kuri bouquet iyo ari yo yose

• KU MUGUZI MUSHYA: Gura Dekoderi, televisiyo, cyangwa umurasire wa StarTimes.

Abatsinze bazajya batangazwa buri wa Gatandatu kuri ISIBO TV kuva 19:00 kugeza 19:30, tariki (27/03/2021; 03/04/2021; 17/04/2021; 24/04/2021; 01/05/2021, 08/05/2021).

Nyamuneka iyi Poromosiyo ntizagucike dore ko ifite ibihembo bishimishije.

StarTimes irabibutsa ko Dekoderi zayo zikiri iza mbere zihendutse ku isoko. Gana aho StarTimes ikorera cyangwa ku bacuruzi bayo baherereye hirya no hino mu gihugu ubundi wihahire nawe winjire mu banyamahirwe batsindira ibihembo muri Poromosiyo ya TERIMBERE HAMWE NA STARTIMES.

Wabasha no guhaha utiriwe uva mu rugo aho uhamagara StarTimes kuri 0788156600 cyangwa ugatumiza ukoresheje WhatsApp kuri 0784033202 ubundi ibikoresho bya StarTimes bikakugeraho mu rugo witurije.

Ntimuzacikwe kureba buri wa Gatandatu ISIBO TV kuva saa 7:00pm-7:30 z’umugoroba dore ko wasanga ari wowe wegukanye moto.

Ku bindi bisobanuro mwahamagara 0788156600, cyangwa mukandika ku mbuga nkoranyambaga za StarTimes: Facebook, Instagram, Twitter.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Umuntu ashaka tv hawe na decoderi na ngahe

Dushimimana elevansi yanditse ku itariki ya: 28-03-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka