Ubuyobozi bwa Polisi ishami ryayo rikorera mu karere ka Ruhango, burasaba abakora akazi ko kwikorera imizigo, kugira amakenga mu kazi.
Aimable Kubana ari mu Rwanda aho yaje kumenyekanisha no kugeza ku Banyarwanda bimwe mu bikorwa bye by’ubuhanzi harimo n’igitabo yanditse.
Umugabo witwa Ndizihiwe Canisius yatawe muri yombi ashinjwa ko imbwa ye imaze iminsi irya abantu, akaba yarananiwe kuyizirika ndetse bigakekwa ko ishobora kuba idakingiye.
Ubuyobozi w’Akarere ka Gicumbi buravuga ko bwihaye gahunda ko muri 2018 abaturage bose bazaba batuye mu midugudu.
Mu gutangiza icyumweru cy’ubumwe n’ubwiyunge, mu Karere ka Kirehe wabereye mu Murenge wa Mushikiri ku wa 09 Ugushyingo 2015 abaturage bishimiye aho bageze mu bumwe n’ubwiyunge.
Kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2015, mu Kagari ka Gihara ho mu murenge wa Runda, hatashywe umuyoboro w’amazi wa kilometero 31 usongera 11% ku basanzwe bafite amazi meza.
Abacururiza muri Karitsiye Mateus basaba Umujyi wa Kigali kubasonera, igihe cyo kwimuka kikazaba nyuma y’iminsi mikuru isoza umwaka.
Ubuyobozi ndetse na bamwe mu batuye Karongi batangaza ko gahunda ya “House to house” basanga izagira uruhare rukomeye mu iterambere.
Mu karere ka Gicumbi indwara ya bwaki yagabanutseho abagera ku 9% kubera gahunda ya Girinka yabafashije kubona amata baha abana.
Abatuye isentere za Bwishyura na Rubengera zo mu karere ka Karongi, barasabwa kureka kubaho nk’abatuye mu dusantere ahubwo bakabaho nk’abatuye umujyi.
Abakora inkweto ziciriritse bo mu murenge wa Kiramuruzi, bavuga ko bataratera imbere n’ubwo bamaze imyaka itari mike bakora uyu murimo.
Abarokotse Jenoside n’abafite ababo biciwe muri Kiliziya ya Nyange muri Ngororero bishimiye ko noneho imirimo yo kuhubaka urwibutso yatangijwe.
Mu gikorwa cyo gutangiza Icyumweru cy’Ubumwe n’Ubwiyunjye mu Karere ka Gicumbi abaturage batangaza ko iterambere bamaze kugeraho barikesha ubuyobozi bwiza.
Kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2015, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyanza, John Habimana Kayijuka, yagejejwe imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Huye , ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo.
Abagore ba rwiyemezamirimo bavuga ko umuco ukibabera imbogamizi, kuko gutanga ingwate ivuye mu ngo zabo bitaboroheye.
Mukamana Immaculée utuye mu Murenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza yatoraguye uruhinja rukimara kuvuka ruzingazinze mu bitenge hafi y’urugomero rw’amazi.
Ngirabega Emmanuel, umwarimu ku Rwunge rw’Amashuri rwa Nyagatare, amaze amezi 5 adahembwa akarere kakavuga ko katari kazi icyo kibazo.
Abatuye Akarere Nyanza basabwe kuvana isomo kuri 17 biswe abarinzi b’igihango kubera uruhare bagize mu kurwanya amacakubiri na Jenoside.
Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana, aratangaza ko mu myaka ibiri iri imbere serivisi nyinshi zizajya zitangwa hifashishijwe ikoranabuhanga.
Abashoramari banini mu by’imiturire bagiye guhurira mu nama izabera i Kigali, igamije ku bahuza no kubereka amahirwe ari muri Afurika y’Iburasirazuba.
Sosiyete itunganya ikanatanga serivisi z’ingufu z’amashanyarazi EUCL iraburira abaturage by’umwihariko abafatabuguzi bayo ko guhera ejo saa yine z’ijoro ikorabuhanga ricuruza umuriro rizahagarara amasaha 14.
Donald Kaberuka wahoze ayobora Banki Nyafurika itsura Amajyambere (AfDB), atangaza ko imibare ku izamuka ry’ubukungu bw’Afurika mu myaka ishize ari ukuri.
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Kamonyi bavuga ko kwiyongera kw’abashoramari bitabagabanyiriza ikibazo cy’ubushomeri kuko bizanira abakozi.
Mu gikorwa cyo gutangiza icyumweru cy’ubumwe n’ubwiyunge mu karere ka Gicumbi abaturage batangaza ko iterambere bamaze kugeraho barikesha ubuyobozi bwiza.
Binyuze mu guhemberwa muri SACCO, abahinzi bo mu makoperative atandukanye ahinga umuceri mu bishanga bya Mwogo bamenye kudasesagura no kwizamira.
Mu murenge wa Kansi imiryango 262 itaragiraga aho guhinga, yatijwe n’abandi baturage ubutaka, kugira ngo nayo ihinge yivane mu bukene.
Abaturage bakora amasuku ku mihanda itandukanye yo muri Karongi baratangaza ko bamaze amezi agera ku munani badahembwa bakaba basaba kurenganurwa.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi buratangaza ko nta koperative y’icyitegererezo n’imwe igaragara muri buri murenge, bigatuma urubyiruko rwaho rutaka ubukene.
Imvura idasanzwe ivanze n’umuyaga yasambuye amazu umunani mu Mirenge ya Remera na Kazo ho mu Karere ka Ngoma.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe amagereza (RCS) kivuga ko cyarengeye miliyoni zirenga 600Frw mu miri 2013/2014, kubera gukoresha biyogaze nk’igicanwa cy’ibanze.
Amakipe 12 azakina CECAFA izabera muri Ethiopia kuva taliki 21/11 kugera taliki ya 06/12/2015 yamaze gushyirwa mu matsinda 3 .
U Rwanda rwungutse abatekinisiye b’indege bagera ku 10 mu bagera kuri 201 bahawe impamyabumenyi mu byo gutwara indege muri Ethiopia.
Ahari ikigo cy’imfubyi Mutagatifu Elizabeti i Ngoma mu mujyi wa Butare, hazajya hahugurirwa abana bacikirije amashuri mu bijyanye no guteka.
Bitewe n’uko gukoresha ifumbire bituma umusaruro wiyongera,mu karere ka Nyabihu ngo bagamije ko abayikoresha bava kuri 62% bakagera kuri 80%.
Umuhanzi Danny Vumbi yaraye afashe indege yerekeza muri Canada aho afite ibitaramo bitandukanye azahuriramo n’umuhanzi w’umurundi Farious.
Hakizimana Emmanuel ari mu maboko ya polisi guhera mu mpereza z’icyumweru dushoje, nyuma yo gufatanwa ikiyobyabwenge cya Kanyanga.
Ikgega cy’Iterambere mu Bucuruzi (BDF) na sosiyete ya MobiCash byafatanyije mu kugeza m gihugu hose uburyo bwo kwishyura serivisi wifashishije telefone.
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Rulindo biyemeje kugira uruhare mu mihigo Akarere kihaye muri uyu mwaka bakora ibikorwa bifatika kandi bakabirangiriza igihe.
Amakimbirane amaze iminsi hagati ya Bull Dogg na P Fla ngo yababaje bikomeye Green P, kuko yatumye abaraperi bongera gutakarizwa icyizere.
Ubuyobozi bw’ishuri mpuzamahanga EIPB rikorera i Huye, buvuga ko buteganya gutangira gukorera n’i Nyamagabe guhera mu mwaka utaha.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubumenyi ngiro (WDA), cyatangije gahunda yo kwigishiriza mu nganda kugira ngo abiga imyuga bihugure mu gihe gito.
Abanyeshuri barangije kwiga mu ishuri rya Kibogora Polytechnic (KP) basabwe kubyaza umusaruro ubumenyi bakuye mu ishuri bakagirira igihugu akamaro.
Abaturage bo mu karere ka Gicumbi batangaza ko kubyara abana bake bituma umubyeyi abasha kubarera neza no kubabonera ibibatunga bitamugoye.
Abarwanashyaka ba PPC mu karere ka Karongi barasabwa kwitinyuka bakiyimamariza ubuyobozi mu nzego z’ibanze mu matora ateganyijwe mu mwaka utaka.
Perezida wa Repuburika Paul Kagame aratangaza ko leta y’u Rwanda izahangana n’ushaka gusumba Imana ko yo itigeze ishaka gusumba Imana.
Perezida wa Repuburika Paul Kagame arasaba abanyarwanda kwihesha agaciro kugira ngo hatagira abakomeza kubayoresha ivu nk’agatebo.