Abatuye Akarere ka Ngoma barataka guhenda kw’ibitoki bavuga ko byikubye gatatu kubera umuyaga waguye nabi ukagusha insina.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza burahumuriza abatuye mu Mujyi wa Kayonza bubabwira ko mu minsi mikuru isoza umwaka ikibazo cy’amazi kizaba cyarakemutse.
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwakatiye umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyanza, John Habimana Kayijuka gufungwa ukwezi by’agateganyo.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi buvuga ko mu bihugu bya Congo n’u Burundi hakiri ababiba amacakuburi mu bihugu by’ibiyaga bigari bagamije kubayobya.
Impanuka ya moto igonze ikamyo ikibirindura mu muhanda muri iki gitondo, yateje akavuyo muri kaburimbo yo ku muhanda ugana Kinamba - Nyabugogo.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu,umutoza mushya w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Minneart nibwo yari asesekaye ku kibuga cy’indege i Kanombe aje gusimbura David Donadei
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagre mu Rwanda ryongereye amasezerano ryari rifitanye na Skol,aho yongereweho imyaka itatu kuri uyu wa kane
Umunyeshuri witwa Mukasekuru Charlotte ufite imyaka 30 yageze mu kigo cya College Amis des Enfants aho yagombaga gukorera ikizami cya Leta afatwa n’ibise ahita ajya kwa muganga arabyara, ariko akomeza gukora ibizamini.
Umuherwe wo muri Hong Kong mu Bushinwa yaguriye umukobwa we impeta ya diyama mu cyamunara kuri miliyoni 48 z’amadorari.
Mu mwaka wa 2009, mu Rwanda hari ibibazo by’abana bigera ku 1000 ariko ubu ngo ntibigeze kuri 200 gusa.
Ministeri y’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga yasabye inzego zose kuwa 12/11/2015, kudasigara inyuma mu ikoranabuhanga Leta irimo guteza imbere.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro buratangaza ko abayobozi b’inzego z’ibanze bagize uruhare mu makosa yagaragaye muri gahunda ya “Gira inka” bagiye kuzakurikiranwa.
Nyuma yo kubyara abana 20 ku bagore 2 Banganshaka byamukururiye amakimbirane mu muryango n’abana yabyaye ntibakundana kubera ko badahuje ba nyina.
Bamwe mu bakiriya ba BK mu Karere ka Nyamasheke bavuga ko bananiwe kwishyura inguzanyo bitewe no kuba barazibahaye mu buryo budakwiye.
Ku bufatanye na Startimes,Rayon Sports igiye gukoresha irushanwa rizahuza amakipe atanu yo mu Rwanda,n’andi atatu yo hanze mu mpera z’Ugushyingo
Umuyobozi w’Akarere wungirije mu karere ka Nyamasheke asanga Leta yica abaturage bayo ikabaryanisha nta kindi kiyishyiraho uretse shitani.
Federasiyo y’amakoperative y’abahinzi b’ibirayi mu Rwanda igiye gushyiraho ikigega cya miliyoni 200 kizafasha mu gukemura ikibazo cy’imbuto y’ibirayi ku bahinzi.
Uwahoze ayobora ingabo za Loni zabungabungaga amahoro mu Rwanda 1994 Lt Gen Dallaire yasuye ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
Ambasaderi w’umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi (EU), kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2015 yasuye umuhanda w’ibitaka Rugarama-Mwogo-Nkungu watunganyijwe ku nkunga ys EU.
Abahahira mu masoko yo muri Kamonyi baratangaza ko ibiribwa by’ibanze bikenerwa n’umuturage mu buzima bwa buri munsi byiyongereye ku biciro.
Abarinzi b’igihango bo mu Murenge wa Nyarusange muri Muhanga, batangaza ko kwihanganira ibibazo no kureba kure ari byo byabaranze.
Perezida Paul Kagame wari witabiriye inama yiga ku iterambere rya Afrika yaberaga muri Maroc, yashyikirijwe igihembo cyo kwimakaza amahoro na demokarasi.
Indashyikirwa mu bumwe n’ubwiyunge zo mu Karere ka Rwamagana zirasaba abaturage kwimakaza ubumuntu kugira ngo ubwiyunge bwuzuye bugerweho.
Umuyobozi wa Banki y’isi mu Rwanda Sameh Waaba, aratangaza ko mu mezi ane isoko ryo kubaka imihanda mu Mujyi wa Muhanga riraba ryatanzwe.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero n’urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, batangiye kubaka igicumbi cy’intwari cy’abana b’i Nyange bakazaharuhukira bose.
Abaganga n’abaforomo bo ku Bitaro bya Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza batawe muri yombi bakekwaho kugira uburangare mu kazi bikavamo urupfu.
Umuryango wo mu Murenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara uherutse kubyara impanga eshatu uravuga ko nta bushobozi ufite bwo kurera abo bana, ukaba usaba ubufasha.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza buravuga ko inyubako nshya akarere kari kubaka izagabanya ubucucike bw’abakozi mu biro bwabangamiraga imitangire ya serivisi.
Koffi Olomidé, umuhanzi wo muri Repubulika Iharanira Demokrasi ya Kongo, avuga ko nyuma yo gukora umuziki yifuza kuba Perezida wa Afurika.
Leta y’u Rwanda yagiranye amasezerano n’abashoramari mu by’amabuye y’agaciro kuri uy wa 11 Ugushyingo 2015, kugira ngo bacukure menshi yo guhangana n’igabanuka ry’ibiciro.
Ministeri y’Abakozi ba Leta n’umurimo (MIFOTRA) yasabye abakoresha mu nzego zose, kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2015, kwirinda kuvunisha abakozi.
Perezida Paul Kagame yageze muri Maroc mu nama ahuriramo n’abandi bayobozi bakomeye ku isi biga ku iterambere ry’ubukungu bw’Afurika.
Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye aratangaza ko igitabo cy’amategeko ahana y’u Rwanda kigiye kuvugururwa, kuko hari ibyaha bisigaye bikorwa ntibibonerwe ibihano bigendanye.
Urwego rushinzwe umutekano w’abaturage (DASSO), rugiye kubakira umuturage utishoboye inzu ifite agaciro ka miliyoni 1,5 mu Karere ka Gatsibo.
Abanyeshuri 2668 nibo bakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye mu mashuri nderabarezi mu bigo 18 mu Rwanda.
Umuryango Handicap International wahaye igare ry’ababana n’ubumuga umwana wo mu Karere ka Kirehe umaze imyaka 14 arwaye, nyuma y’ubuvugizi Kigali Today yamukoreye.
Abagera kuri 400 bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda barifuza guhuzwa nabo bahemukiye kugira ngo babasabe imbabazi.
Mu gutangiza icyumweru cy’ubumwe n’ubwiyunge, mu karere ka Kirehe ho mu murenge wa Mushikiri abaturage bishimiye aho bageze mu bumwe n’ubwiyunge.
Inama ijyanye no gutegura amatora y’inzego z’ibanze ari imbere, yabereye mu Karere ka Rulindo ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru.
Abagura kawa y’u Rwanda barashima ubwitange bw’abayihinga nk’uko babivuze ubwo bahuraga na Koperative Twongere umusaruro ihinga kawa i Rwimishinya.
Abaturage bo mu Murenge wa Mahama muri Kirehe batoraguye uruhinja mu murima ruvirirana amaraso mu mazuru, ariko rupfira kwa muganga.
Abagore bikorera basaga 100 bishyize hamwe barimo gushaka ibyangombwa ngo bitangirize ikigo cy’imali mu rwego rwo gukemura ibibazo bahuraga na byo.
Abatuye mu Mudugudu w’Agahenerezo mu Murenge wa Huye, barasabwa gufata amazi y’imvura yo ku mazu n’ayo mu mirima kuko asenyera abaturanyi.
Ubuyobozi bwa Polisi ishami ryayo rikorera mu karere ka Ruhango, burasaba abakora akazi ko kwikorera imizigo, kugira amakenga mu kazi.
Aimable Kubana ari mu Rwanda aho yaje kumenyekanisha no kugeza ku Banyarwanda bimwe mu bikorwa bye by’ubuhanzi harimo n’igitabo yanditse.
Umugabo witwa Ndizihiwe Canisius yatawe muri yombi ashinjwa ko imbwa ye imaze iminsi irya abantu, akaba yarananiwe kuyizirika ndetse bigakekwa ko ishobora kuba idakingiye.
Ubuyobozi w’Akarere ka Gicumbi buravuga ko bwihaye gahunda ko muri 2018 abaturage bose bazaba batuye mu midugudu.