
Minisitiri w’ubuzima Diane Gashumba
Bubinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, ubuyobozi bwa MINISANTE buvuga ko iri tegeko rizatangira gushyirwa mu bikorwa tariki 01 Werurwe 2017.
Mu bihugu byinshi ntibemera ikoreshwa rya telefoni ku baganga mu masaha y’akazi kubera impamvu z’umutekano w’abarwayi na servisi nziza baba bakeneye.
Iyi ntambwe u Rwanda ruteye nayo ikaba ije yiyongera mu zindi zigamije kubungabunga no kwita ku buzima bw’abarwayi nk’uko minisitiri w’ubuzima Dr Diane Gashumba abivuga.
Ohereza igitekerezo
|
Nibyiza Ariko No Muzindi Nzego Bikorwe Cyane Cyane Muburezi.Kuko Umurezi Iyo Yibereye Kuri Phone Abana Barahagwa.
Nibyizako dutanga service nziza rwose kandi birababaje kujya kuri phone hari umurwayi imbere yawe. arikombona ataricyo kibazo gusa gihari kuko abakozi bakora mubuganga nabwo babona motivation ihagije, abayobozi bamwe nabamwe bayobora hospitals, health center bahengamiye muri politique cyane kurusha ubuzima bwabarwayi, bituma rero bafatanabi abakozi (nurses, Dr) babo bikarangira bigumuye bivamo gutanga service mbi, ahusanga nk umuyobozi w ibitaro atuka abakozi muri staff nkaho atarezwe cg wamusanga muri bureau ugasanga yibereye kuri phone, akakubwira nabi, nonese wibwirako uwo(nurse cg doctors) azatanga services nziza uwomunsi
It’s Wise To Do That Cuz You Find Some Nurses Give People Insuffient Service Due To Talkin’ To Phone While They’re Workin’
turabishyigikiye rwose