
Rwatubyaye yitabiriye imyitozo ya Rayon Sports
Ni imyitozo yabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo yitabirwa n’abafana benshi ba Rayon Sports, bari bafite amatsiko yo kubona uyu mukinnyi wahoze muri APR Fc mu mwambaro wa Rayon Sports.
Amafoto



Mbere y’imyitozo yasabye imbabazi abafana ba Rayon Sports bari baramubuze


Rwatubyaye Abdul na Yves Rwigema bavanye muri APR Fc

Rwatubyaye yitegereza ubwinshi bw’abafana ba Rayon Sports

Tidiana Kone (wambaye umukara), rutahizamu uturutse muri Mali, nawe yakoze imyitozo ye ya mbere muri Rayon Sports

Abafana bareba Rwatubyaye

Abafana binjiraga bishyuye kugira ngo barebe imyitozo
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Twishimiye uko Rayon yitwaye muri South Soudan nikomereze aho kandi tuzayigwa inyuma,abayobozi badufashe ibyayitesha agaciro bikorweho mu izina rya Yezu.Bikira Mariya nyina w’Imana udusabire.
Gikundiro tuzayigwinyuma pe!kand nzinezako izitwaraneza muri compfederation ricup
Ark ubu kiba meze gt iyo ntaza gufana rayon sport
Mukomeze muterbere nibyo tunifuriza ariko ntimwibagirwe ko APR ibahatse. Coments zanyu rwose ntabwo zijyanye nigihe turimo
Rayon tuyirinyuma ariko igomba kujya ifata ibyemezo bikarishye kubakinnyi bagaragaza imyitwarire mibi, cyacyane Ababa muri equipe bakagenda batavuze.
Rayon tuyirinyuma ariko igomba kujya ifata ibyemezo bikarishye kubakinnyi bagaragaza imyitwarire mibi, cyacyane Ababa muri equipe bakagenda batavuze.
Rayon Sport
turagukunda, Tukurinyuma ibihe byose.
kdi Abafana bawe bazahora ari benshi mururu Rwanda.
Rayon Sport
turagukunda, Tukurinyuma ibihe byose.
kdi Abafana bawe bazahora ari benshi mururu Rwanda.
Rayon Sport Ndayikunda, kdi ndayifuriza gukomeza kwiyubaka mu Mpande zose.
naho Abavuga ubusa bo ntibazabura, gusa urusaku rwibikeri ntirubuza Imbogo gushoka.
yewe rayon sport nubwo yazana (10 messi) nacyo byayimarira iki vugango yazanye umunya mali kandi ugasanga nacyo arusha umunyarwanda yewe akavuyo ka rayon! (KIYOVU SPORT oyeeeee)
Rayon sport tuzayigwa inyuma abanzi baganye
Rayon sport tuzakugwa inyuma abanzi baganye