MENYA UMWANDITSI

  • Abanyarwanda barenga ijana batahutse

    Impunzi z’abanyarwanda bamaze imyaka 31 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Ntara ya Kivu y’ Amajyaruguru bakiriwe mu Rwanda



  • Ibirundo by

    Goma: Bakoze umuganda wo gusukura umujyi

    Kuri uyu wa Gatandatu tariki 1 Gashyantare 2015, abaturage ba Goma bakoze umuganda wo gukuraho imyanda yanyanyagijwe mu mujyi mu gihe cy’imirwano ya M23 n’abasirikare ba FARDC ubu bamaze kwamburwa intwaro, abacanshuro bagasubira mu bihugu bakomokamo, naho FDLR na Wazalendo bakishyikiriza umutwe wa M23.



  • Goma yavuye mu mwijima

    Goma yavuye mu mwijima

    Umuhuzabikorwa wa AFC/M23, Corneille Nangaa yabwiye itangazamakuru ko bakemura ikibazo cy’umuriro mu masaha 48 mu mujyi wa Goma no mu nkengero zaho, ariko mu isaha imwe 75% by’abakoresha umuriro mu mujyi wa Goma batangiye gucana.



  • Corneille Nangaa avuga ko AFC itarwanya igihugu ahubwo irwanya ubutegetsi bwacyo

    Ntiturwanya igihugu, turarwanya ubutegetsi - Nangaa

    Umuhuzabikorwa wa AFC, Corneille Nangaa, yatangaje ko batarwanya igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ahubwo barimo kurwanya ubutegetsi butagize icyo bumarira abaturage.



  • M23 yahamagariye abayirwanyije kugaruka mu kazi

    Perezida wa M23 Bertrand Bisiimwa yahamagariye abantu bose bayirwanyaga kimwe n’ abanyamakuru bayivuga nabi kugaruka mu kazi.



  • M23 yavuze ko igiye gutanga amazi na internet

    Umuhuzabikorwa wa AFC Corneille Nanga yagiranye ikiganiro n’ abanyamakuru mu mujyi wa Goma atangaza ko bihaye amasaha 48 bagakemura ibibazo basanze mu mujyi wa Goma bagakomeza urugamba ruberekeza i Kinshasa gukuraho ubutegetsi.



  • Abacanshuro bahunze DRC bashimiye u Rwanda kubakira

    Abacanshuro 288 bari bahungiye mu kigo cya MONUSCO mu mujyi wa Goma nyuma yo gutsindwa na M23 bashimiye u Rwanda kubakira neza rukabaha inzira yo gusubira iwabo.



  • Abacanshuro barwaniraga DRC banyuze mu Rwanda bahunga

    Abacanshuro ba Wagner’s 288 barwanaga ku ruhande rw’ingabo za Leta ya Kinshasa FARDC muri Kivu y’ Amajyaruguru banyujijwe mu Rwanda basubizwa mu bihugu byabo.



  • Abakongomani(barangajwe imbere n

    Abanyekongo baherutse guhungira mu Rwanda batangiye gutahuka

    Impunzi z abanyecongo bari bahungiye mu Rwanda mu Karere ka Rubavu kubera imirwano yarimo kubera mu mujyi wa Goma batangiye gusubira mu ngo zabo mu mujyi wa Goma.



  • M23 yamaze gufata Goma

    M23 yamaze gufata Goma, imipaka irafungurwa

    Imipaka ihuza Goma na Gisenyi yongeye gufungurwa abantu bari baheze i Goma bataha mu Rwanda, nyuma y’uko uyu mujyi ufashwe na M23.



  • Impunzi ziva i Goma zikomeje kuza mu Rwanda

    Impunzi nyinshi z’Abanyekongo zirimo kwinjira mu Rwanda

    Impunzi z’Abanyekongo zongeye kwinjira mu Rwanda, batinya imirwano ikomeje kubera mu mujyi wa Goma.



  • Imirwano irakomeje mu mujyi wa Goma

    Imirwano irakomeje hagati y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demikarasi ya Congo (FARDC) n’abarwanyi ba M23 mu mujyi wa Goma.



  • Brig. Gen. Ronald Rwivanga, umuvugizi wa RDF

    Ubwirinzi bw’ u Rwanda bwagize uruhare mu gukumira ibisasu

    Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga atangaza ko ingabo za FARDC zarashe ibisasu mu Rwanda bigahitana abantu batanu, abandi 35 bagakomereka.



  • MONUSCO irimo guhungisha abakozi bayo

    MONUSCO irimo guhungisha abakozi bayo

    Abakozi ba MONUSCO n’imiryango yabo babaga mu mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batangiye guhungishirizwa mu Rwanda.



  • Abahungira mu Rwanda bakomeje kwiyongera mu gihe imirwano ikomanga i Goma

    Abantu amagana barimo barinjira mu Rwanda bakoresheje umupaka munini uhuza Goma na Gisenyi, mu gihe umupaka muto umaze gufungwa ku ruhande rwa Repuburika Iharanira Demokarasi ya Kongo.



  • Abakozi ba UN batangiye guhunga bava mu mujyi wa Goma

    UN yatangiye gukura abakozi bayo mu mujyi wa Goma

    Umuryango w’Abibumbye (UN), watangiye gukura abakozi bawo badakenewe cyane mu mujyi wa Goma, mu kwirinda ko bahura n’ikibazo cy’umutekano muke kubera imirwano isatiriye uyu mujyi.



  • Goma mu mwijima

    Ikigo Virunga Energies gicuruza amashanyarazi muri Kivu y’Amajyaruguru, cyane cyane mu mujyi wa Goma, cyatangaje ko kidashobora gutanga amashanyarazi mu mujyi wa Goma na Nyiragongo kubera imirwano yaciye insinga z’amashanyarazi mu bice bya Nyiragongo.



  • Imirimo irakomeje mu mujyi wa Gisenyi n

    Meya Mulindwa yahumurije abagenda muri Rubavu

    Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu Mulindwa Prosper, atangaza ko imirimo mu Karere ka Rubavu ikomeje, agasaba abaturage bajya mu mujyi wa Goma gukoresha imipaka izwi, kwirinda ibihuha no kumva inama bahabwa z’abayobozi.



  • Abatuye mu mujyi wa Goma bari guhungira mu Rwanda

    Abaturage batuye mu mujyi wa Goma babwiye Kigali Today ko bafite ubwoba bw’ imirwano isatira uyu mujyi nyuma y’ uko abarwanyi ba M23 bivuzwe ko binjiye mu mujyi wa Sake uri ku birometero 27 uvuye mu mujyi wa Goma.



  • Imirwano irakomeye hagati ya M23 na FARDC

    RDC: Imirwano irasatira Goma

    Imirwano irakomeje mu nkengero z’imisozi ikikije umujyi wa Sake muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu bilometero bitagera kuri 30 ngo ugere mu mujyi wa Goma.



  • Etincelles FC irimo gushakirwa ubushobozi

    Rubavu: Abikorera biyemeje gufasha Etincelles FC kwiyubaka

    Urugaga rw’abikorera mu Karere ka Rubavu, rwashyize ahagaragara amakarita azakoreshwa mu gutera inkunga Etincelles FC, ikipe y’umupira w’amaguru ibarizwa mu Karere ka Rubavu, bigaragara koigihura n’ikibazo cy’amikoro.



  • Ikamyo yakomerekeje abantu igonga n

    Rubavu: Bane bakomerekeye mu mpanuka y’ikamyo

    Ikamyo yo mu bwoko bwa Howo yakoze impanuka abantu bane barakomereka, inagonga ibitaro bya Gisenyi, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Mutarama 2025.



  • Zafashwe ijyanywe muri Congo mu buryo butemewe

    Inka umunani zafashwe zijyanywe muri Congo mu buryo butemewe

    Inka umunani zafatiwe ku mupaka uhuza Goma na Gisenyi mu Murenge wa Rubavu, bikekwa ko zari zigiye kubagirwa mu mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), ziciye mu nzira zitemewe.



  • Abikorera barashaka kubaka ‘Huye Ishyushye’

    Urugaga rw’abikorera (PSF) mu karere ka Huye rwahigiye guhindura Huye umujyi bandebereho mu nyubako z’ubucuruzi n’amacumbi, ndetse n’imyidagaduro.



  • Barimo kubaka ahazamurikirwa ibicuruzwa

    Rubavu: Hateguwe imurikagurisha rizafasha abantu gusoza umwaka neza

    Urugaga rw’Abikorera mu Ntara y’Iburengerazuba, rwateguye imurikagurisha ryo ku mazi y’ikiyaga cya Kivu, kugira ngo rizafashe abazaryitabira kuruhuka no guhaha biboroheye muri izi mpera z’umwaka.



  • Rubavu: abangavu barasaba igishoro mu gukumira ibishuko

    Abakobwa b’abangavu babitangaje mu gihe ikigo cy’ urubyiruko Vision Jeunesses nouvelle kibakangurira kwirinda Virusi itera sida yandurira mu busambanyi.



  • Aborozi baha inka ibibabi by

    Rubavu: Imirire mibi y’inka iratesha agaciro amata

    Aborozi bo mu karere ka Rubavu mu mirenge ya Bugeshi, Busasamana, Mudende na Kanzenze baravuga ko amakusanyirizo y’amata amaze iminsi yanga kwakira amata y’inka zabo, kuko ngo arimo impumuro itari nziza ituruka ku bwatsi bwanduye.



  • Iki cyambu cyuzuye gitwaye miliyoni 9,17 z

    Rubavu: Hatashywe icyambu cyitezweho kwagura ubuhahirane bw’u Rwanda na RDC

    Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA), yatashye ku mugaragaro icyambu cya Nyamyumba cyubatse mu Karere ka Rubavu, kikaba cyitezweho koroshya ubuhahirane mu Turere tugize Intara y’Iburengerazuba hamwe n’Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.



  • Umuyobozi w

    Ntitwahagaritse ibicuruzwa ahubwo twakuyeho amananiza - Meya Mulindwa

    Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu Mulindwa Prosper, yahakanye amakuru atangazwa n’abacuruzi bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bashinja ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu gukumira ibicuruzwa bivanwa mu Rwanda bijyanwa mu Mujyi wa Goma, avuga ko icyo bakoze ari ugukuraho amananiza yashyizweho n’ishyirahamwe (…)



Izindi nkuru: