#COVID19 yishe umuhungu w’imyaka 13 i Musanze

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 08 Ukuboza 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 15, bakaba babonetse mu bipimo 9,186.

Umuntu umwe yishwe n’icyo cyorezo, akaba ari umuhungu w’imyaka 13 y’amavuko. Yujuje umubare w’abantu 1,344 bamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize icyo cyorezo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka