Mu Rwanda hagaragaye abantu batandatu banduye virusi ya Omicron

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye abantu batandatu banduye virusi yihinduranyije ya COVID-19 izwi ku izina rya Omicron. Abo bantu ni abagenzi ndetse n’abahuye na bo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka