#COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 10 mu bipimo 23,956

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 05 Ukuboza 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 10, bakaba babonetse mu bipimo 23,956.

Nta muntu wishwe n’icyo cyorezo kuri uwo munsi, abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda bazize icyo cyorezo ni 1,343.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

TWIRINDE COVID SIBYO..

P.HIGH yanditse ku itariki ya: 9-12-2021  →  Musubize

tugomba kwirinda covid19 nubwo ababyeyi banze ko twiga ntabuvugizi dufite..

P.HIGH yanditse ku itariki ya: 9-12-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka