#COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 10 mu bipimo 23,956

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 05 Ukuboza 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 10, bakaba babonetse mu bipimo 23,956.

Nta muntu wishwe n’icyo cyorezo kuri uwo munsi, abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda bazize icyo cyorezo ni 1,343.

Ibitekerezo   ( 2 )

TWIRINDE COVID SIBYO..

P.HIGH yanditse ku itariki ya: 9-12-2021  →  Musubize

tugomba kwirinda covid19 nubwo ababyeyi banze ko twiga ntabuvugizi dufite..

P.HIGH yanditse ku itariki ya: 9-12-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka