Biteganyijwe ko Perezida Kagame yitabira ibirori byo kwizihiza Umunsi w’Ubwigenge bw’icyo Gihugu cya Tanzania kuri uyu wa Kane tariki 9 Ukuboza 2021.
Tanzania yabonye ubwigenge mu 1961, kuri ubu ikaba yizihiza isabukuru y’imyaka 60 y’ubwigenge yabonye mu 1960, ikaba yari yarakolonijwe n’u Bwongereza.
Perezida Kagame agiriye uruzinduko muri Tanzania, nyuma y’uko Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan na we yari aherutse kugirira uruzinduko mu Rwanda muri Kanama 2021.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|