Kuri uyu wa kane tariki ya 5 Ugushyingo 2015 mu kigo cya Africa Rising cycling Center I Musanze haramurikwa amagare yatanzwe na Nyakubahwa Perezida wa Republika y’u Rwanda
Ubuyobozi bwa FERWAFA bwahumurije abafite impungenge ku bikorwa byo kubaka ahazakinirwa CHAN2016 ko bizarangirana n’Ugushyingo 2015.
Shampiona y’icyiciro cya mbere irakomeza kuri uyu wa kabiri hakinwa imikino y’umunsi wa munani,ahategerejwe cyane umukino wa Mukura na Kiyovu
Umutoza w’Amavubi Johnny McKinstry yahamagaye abakinnyi 23 bagomba kwitegura umukino uzahuza Amavubi na Libya taliki 13/11/2015.
Muhitira Felicien na Nyirarukundo Salomé nibo begukanye isiganwa ryiswe “Kigali HeForShe Half Marathon” yabereye i Kigali kuri iki cyumweru
Kuri iki cyumweru mu mihanda y’umujyi wa Kigali harakinwa isiganwa "Kigali Half Marathon" rigizwe n’ibilometero 21
Kuri uyu wa gatandatu Shampiona y’icyiciro cya mbere irakomeza, mu gihe ku munsi w’ejo Mukura yatsinze Muhanga bigatuma iyobora urutonde
Ikipe ya Rayon Sport icumbitse mu karere ka Nyanza iri mu myitozo ikaze iharanira ishema ryo kuzatsinda Rwamagana City.
Harabura iminsi mike ngo ikipe y’igihugu yongere guhamagarwa,hari abakinnyi badaheruka guhamagarwa cyangwa batahamgawe ariko bagaragaza ubushobozi
Shampiona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru irakomeza kuri uyu wa gatanu hakinwa imikino y’umunsi wa karindwi
Ikipe y’abakobwa biga mu ishuri ryisumbuye ry’Indangaburezi mu karere ka Ruhango, bashimiwe tariki 28/10/2015 nyuma y’uko bazanye igikombe cya FEASSA.
Imwe mu mikino ya Shampiona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru yamaze kwimurwa kubera imyiteguro y’Amavubi
Mu murenge wa Byimana w’akarere ka Ruhango hari kubera umuhango wo gusezera ku mukinnyi w’umukino w’amagare Iryamukuru Kabera Yves witabye Imana kuri iki cyumweru
Mu isiganwa rya Rwanda Cycling Cup ryazengurutse ibice hafi ya byose by’u Rwanda,Nsengimana Bosco niwe warisoje ari uwa mbere
Aleluya Joseph,ukinira Amis Sportif yegukanye isiganwa ribanziriza irya nyuma,isiganwa rya kabiri yegukanye mu masiganwa ya Rwanda Cycling Cup uyu mwaka.
Mbere y’uko Rayon Sports yakira APR,Didier Gomes Da Rosa wahesheje Rayon Sports igikombe iheruka,yayigeneye ubutumwa bwo kwifashisha
Ikipe ya Rayon Sports n’umutoza wayo David Donadei wahagaritswe umukino umwe,bakomeje kwitana bamwana ku myitwarire ivugwa kuri Donadei
Abanyehuye batangiye kwitegura imikino ya CHAN izabera iwabo guhera tariki 16/1/2016, kandi ngo amakosa yagaragaye mu mikino ya FEASSSA ntazasubira.
Nyuma y’ukwezi kumwe ari umutoza wa Rayon Sports,David Donadei yahagaritswe ku mukino Rayon Sports izakiramo APR kuri uyu wa gatandatu
Mu gihe Cogebanque imaze igihe ari umuterankunga mu mukino w’amagare mu Rwanda, ubu irishimira umusaruro uva mu irushanwa rya Rwanda Cycling Cup
Mu mpera z’iki cyumweru Shampiona yari igeze ku munsi wa gatanu,aho Mukura yatsinze Sunrise 2-1,maze AS Kigali igakomeza kuyobora urutonde
Mu isiganwa ritegura Tour du Rwanda,Nsengimana Bosco ukinira Benediction yegukanye isiganwa ryaturutse Rwamagana ryerekeza Huye kuri iki cyumweru
Bintunimana Emile ukinira Benediction y’I Rubavu niwe wegukanye isiganwa ry’amagare ryaturutse I Nyagatare rigasorezwa I Rwamagana kuri uyu wa gatandatu
Abatuye umujyi wa Goma bahangayikishijwe no kutazareba imikino ya CHAN 2016 kubera amasaha igihugu cyabo cyashyizeho yo gufunga imipaka.
Abakinnyi bakomoka mu gihugu cy’u Burundi bakinira Mukura bibasiwe n’umutekano muke uhari,baracyategerejwe i Huye n’ubwo bitoroshye
Nyuma y’akaruhuko k’ikipe y’igihugu yari imaze icyumeru muri Maroc,Shampiona y’icyocro cya mbere irakomeza hakinwa imikino y’umunsi wa gatanu
Ubuyobozi bwa Rayon Sports burahakana amakuru avugwa ko umutoza wayo David Donadei yaba agiye,bukemeza ko agera i Kigali kuri uyu wa kane
Rutahizamu wanyuze mu makipe nka Mukura na Rayon Sports,Mahoro Nicolas yerekeje muri APR Fc ndetse na Emery Bayisenge Emery
Amavubi asoje imikino ya gicuti yakiniraga muri Maroc nta ntsinzi n’imwe,aho kuri iki cyumweru yongeye gutsindwa na Tunisia
Kuri uyu wa gatandatu nibwo Shampiona y’umukino wa Handball yasojwe,ubwo umukino wari utegerejwe warangiye Police yongeye gutsinda APR