Abageze mu za bukuru bo muri Karere ka Kamonyi bahamya ko VUP yabahinduriye imibereho, kuko inkunga bahabwa zibafasha kubona ibyo bakenera.
Ubuyobozi bukuru bw’igihugu burahumuriza abaturage bo mu Karere ka Nyamasheke ariko bukabasaba kubahiriza amategeko, nyuma y’imvururu zaguyemo abaturage babiri.
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi buratangaza ko hari abantu 500 badafite ubushobozi bwo kwibonera umusanzu wa Mituweri.
U Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu muri Afurika, mu bihugu byahize ibindi mu iterambere ry’ubukungu no mu bikorwa remezo.
Hari ababona ko amafaranga akunze gutangwa ku banyamakuru mu bikorwa bitandukanye asanzwe amenyerewe nka “Giti” ashobora kuba ahishe ruswa.
Imwe mu miryango itishoboye yo karere ka Kicukiro yashyikirijwe amazu 20 yujuje ibyangombwa byo guturwa, biyifasha gusezerera ubukodi.
Ministeri y’Ubuzima yamaganye inatangaza urutonde rw’amavuta harimo n’azwi nk’umucango cyangwa umukorogo yo kwisiga abujijwe mu gihugu, avugwaho kwangiza ubuzima bw’abantu
Abakinnyi 23 barimo abakina hanze nibo bagomba kwerekeza mu mwiherero uzabera muri Maroc mu gihe cy’iminsi 10.
Umusore w’imyaka 26 w’Umunyarwanda amaze iminsi itatu mu maboko ya Polisi y’u Burundi imukekaho ko ari maneko w’u Rwanda.
Umugabo witwa Nsanzabandi Jean Paul bita Tababu yishe umwana w’umuturanyi we, mu karere ka Nyanza, avuga ko amutanzeho igitambo.
Nzajyibwami Simeon utuye Umurenge wa Mubuga, Akarere ka Karongi, afite ubumuga bw’amaguru, asanga kugira ubumuga bitavuze gutungwa no gusabiriza.
Abatuye mu Isantere ya Ryanyirakabano mu Murenge wa Rubengera muri Karongi, barinubira kuba utuzu twatekerwagamo ibyitwa ibidiya twafunzwe tumaze kuba indiri y’ibiyobyabwenge.
Umuryango w’abafite ubumuga mu Rwanda urasaba ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro kongera ibikorwa remezo bifasha abafite ubumuga kugama ishuri nk’abandi.
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Imiturire buravuga ko hamaze gufatwa ingamba z’uko umwaka wa 2016 uzarangira isakaro rya Asbestos ritakigaragara mu Rwanda.
Minisitiri w’umuco na Siporo, Uwacu Julienne, arasaba abahanzi bo mu Rwanda kubakira ku muco nyarwanda ibyo kwigana uw’ahandi bikaza nyuma.
Ama-G The Black arasaba abahanzi bakizamuka kuririmba ibifasha Abanyarwanda aho kwitaka kuko ngo ari yo ntwaro izabafasha kumenyekana.
Abahinzi b’ikawa mu karere ka Nyamagabe bahangayikishijwe n’indwara y’udusimba tumunga ikawa zikuma izindi na zo zigahinduka umukara.
Perezida wa Reppubulika y’u Rwanda Paul Kagame asanga hatabayeho ubufatanye mpuzamahanga intego isi yihaye zidashobora kugerwaho.
Mu gusobanura amabwiriza y’imiturire, Ikigo cy’Igihugu cy’Imiturire (RHA) kirasaba uturere gukora igenamigambi mu miturire kandi abaturage bakabigiramo uruhare.
Amakipe 17 niyo amaze kwemera kwitabira irushanwa ry’akarere ka gatanu rihuza rizabera mu Rwanda kuva 4/10/2015 kugeza 11/10/2015 muri Basketball.
Umugore yatunguranye yinjira mu rusengero ateruye umwana, ubwo pasiteri yiteguraga gusezeranya abageni avuga ko uwo mwana ari uw’umugeni w’umusore babyaranye.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza buratangaza ko imwe mu mirenge irimo udusantere ariyo iza ku isonga mu kugira umubare w’ibyaha byinshi.
Ubuyobozi bw’ Ikigo International Potato Center buratangaza ko ibijumba bikungahaye kuri Vitamine A yakoreshwa nk’igisubizo ku kurwanya imirire mibi.
Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bategetse ko imiryango 173 yatujwe mu butaka bw’uwitwa Ngirira Matayo mu 1995 babwimukamo bugasubirana nyirabwo.
Polisi yataye muri yombi abagabo batandatu bari bigize abakozi ba EUCL mu karere ka Rubavu bagatwara Cashpower z’abaturage bakabaka n’amafaranga.
Abanyamigabane ba kaminuza ya Rusizi Internationl university (RIU) bakomeje kudahuza mu byo bakora nk’uko byagaragaye mu inama bongeye guhuriramo.
Banki Nkuru y’igihugu iratangaza ko muri 2015, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse kuri 7% mu gihe muri 2014 bwa kuri 6,1%.
Abitabira umunsi nyarwanda wiswe “Rwanda Day” uhuza Abanyarwanda baba mu gihugu n’abari mu mahanga, bawushima kuba ari urubuga rushakirwamo ibisubizo.
Abakirisitu ba Paruwasi ya Musaza barishimira amateka bakoze yo kubakira abapadiri babo igorofa, rikaba ari na ryo rya kabiri mu Karere ka Kirehe kose.
Huye havugwa umwenda Mituweli irimo amavuriro, ibitaro bikuru bya kaminuza bya Butare CHUB byo ngo ibifitiwe umwenda ukabakaba Miliyari imwe n’igice.
Abikorera bo mu Rwanda baranengwa kutitabira kubyaza umusaruro isoko rigari ry’abaturage miliyoni 150 batuye mu bihugu by’Afurika y’Iburasizuba.
Minisitiri Johnston Busingye yatangaje ko n’ubwo muri Afurika y’uburengerazuba hakiri ibihugu bigicumbikiye abakekwaho Jenoside, nta n’umwe ucumbikiwe n’igihugu cya Gambia.
Koperative Abizerwa Byumba (KAB) yorojwe inka 10 muri gahunda ya Girinka zizabafasha kwiteza imbere no kongera umusaruro w’ubuhinzi.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, bwamaze gufata icyemezo cy’uko urwego rushinzwe umutakano Dasso, rugomba kuzamurirwa umushahara.
U Rwanda, Amerika n’u Buholandi bigiye gutangira gahunda yo guhugura abajya mu butumwa bw’amahoro muri Afurika.
Umuhanda Sashwara Kabatwa watumye abaturage b’Umurenge wa Kabatwa mu Karere ka Nyabihu babona ibicuruzwa bitabahenze kandi unongerera agaciro ibirayi bihera.
Nyuma y’ukwezi kumwe ari umutoza wa Kiyovu,Seninga arerekeza mu mahugurwa mu busuwisi,akazasigarirwaho na Kanamugire Aloys mu gihe cy’amezi abiri
Muneza Christophe uzwi nka Christopher arahamagarira abahanzi bakizamuka gukora imishinga y’igihe kirekire, aho gushaka kuba ibyamamare by’ako kanya kuko bitaramba.
Abaturage bo mu murenge wa Gahunga mu karere ka Burera bakusanyije umusanzu bakora n’umuganda biyubakira ikiraro cyabatezaga ibyago.
Umuryango FPR-INKOTANYI uranenga abayobozi bo mu karere ka Rusizi ko bategera abaturage ngo babasobanurire neza gahunda za Leta banabakemurire ibibazo.
Mu isiganwa ry’amagare ry’amagare riri kubera muri Cote d’Ivoire,ikipe y’u Rwanda iyobowe na Hadi Janvier yiganje mu myanya itanu ya mbere
Abiga mu ishami ry’ubuhinzi mu ishuri rikuru IPB, batangiye kwigisha abaturage gahunda zigendanye n’ubuhinzi bwa kijyamembere no kubungabunga ibidukikije.
Straton Nsanzabaganwa yemera ko umuco ukura uhinduka akanahumuriza urubyiruko ruhora rubwirwa ko rwataye umuco kuko ngo “nta ngoma itagira ab’ubu”.
Abakristo b’Itorero “Umusozi w’Ibyiringiro” basohowe mu rusengero rw’umwe mu bapasiteri baryo; batangaza ko barenganye kuko batabanje gusubizwa ibyo barutanzeho.
Abarangije mu mashuri y’imyuga akunze kwitwa TVET, barasabwa kugaragaza ibyo bazi gukora ndetse n’ubwiza bwa byo kugira ngo bareshye abikorera.
Bamwe mu batuye mu Karere ka Kayonza bavuga ko amananiza bashyirwaho muri Mituweri ari kimwe mu bituma ubwitabire butiyongera.
Ambasaderi wa Korea y’Epfo, Park Yong-Min yijeje Ministiri w’Intebe, Anastase Murekezi, kuri uyu wa 28 Nzeri 2015, gukomeza umubano w’ibihugu byombi.
Abasivili, abapolisi n’abasirikare 20 bava mu bihugu icyenda bya EASF batangiye amahugurwa azibanda ku kurinda umwana mu butumwa bw’amahoro.