Abaje mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki 30 Mutarama 2016, baje basanga abandi baharaye n’abari basanzwe baba mu Rwanda.
Bose bazanywe no kureba umupira uhuza amakipe y’ibihugu byombi mu irushanwa rya CHAN ku gicamunsi cy’uyu wa gatandatu ku isaha y’isaa Cyenda.
Dore amwe mu mafoto agaragaza uko babukereye:
















Abafana b’Amavubi nabo bageze kuri Stade kare



National Football League
Ohereza igitekerezo
|
byiza cyane ikipe ya degoal yavuyemo cent pour cent derriere les leopard
byiza cyane ikipe ya degoal yavuyemo cent pour cent derriere les leopard
Hariko ko mbana abantu bacecetse ra! Ubu se insina ngufi hagati ya DRCongo na Rwanda ni ihe? Hariko tugomba kwemera ko abanyeCongo bazi umupira pe. Les Leopards oye. Abanyarwanda bose nda basaba ko tu komeza tu ka shigikira noneho benewacu ba banyeCongo.
Amavubi Ntakundi
AMAVUBI TUYARINYUMA INSINZI OYEEE
abashaka kuwubuna live nimurebe https://www.youtube.com/watch?v=usHPSlMwg9U
Harya bavuga isinzi cg intsinzi?