Mu mukino wo guhatanira umwanya wa gatanu, ikipe y’igihugu ya Handball y’abatarengeje imyaka 20 yatsinze Ethiopia ibitego 40 kuri 33.
Paul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi niwe uyoboye urutonde rw’agateganyo mu matora, aho afite amajwi 5,433,890 angana na 98.66% mu turere twose, nk’uko bimaze gutangazwa na Komisiyo y’Amatora (NEC).
Perezida Paul Kagame n’umuryango we, abayobozi batandukanye ndetse n’abandi baturage batandukanye bitabiriye amatora ya perezida w’u Rwanda.
Abitabiriye amatora ya perezida w’u Rwanda baje barimbye, Annonciata Mafurebo Kayitesi bakunze kwita Anita yarushijeho kuko yatamirije ibyanganga.
Mu mukino wa nyuma w’amatsinda wabaye kuri uyu wa Kane, Senegal yatsinze u Rwanda ibitego 37-33 mu mukino wabereye kuri Stade Amadou Bary, Senegal ihita yerekeza muri 1/2.
Komisiyo y’igihugu y’amatora (NEC) itangaza ko Abanyarwanda bari mu Burundi n’abari muri Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo batatoye kubera ikibazo cy’umutekano muke muri ibyo bihugu.
Sosiyete ya VISA yamaze gushyiraho gahunda nshya ikoresha uburyo bwa QR code buzajya bworohereza abaturage kwishyura bakoresheje telefone.
Mu gihe habura amasaha make ngo Abanyarwanda batuye mu Rwanda batore Perezida wa Repubulika, hirya no hino mu gihugu batangiye imyiteguro.
Mu mukino wa kabiri wo mu matsinda, Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yatsinze u Rwanda ibitego 36-31 mu gikombe cy’Afurika cya Handball cy’abatarengeje imyaka 20.
Paul Kagame yakuriye inzira ku murima abiyita abahanga muri demokarasi banenga buri kintu u Rwanda rwagezeho kandi bamwe muri bo barahawe abayobozi na mudasobwa.
Mbere y’uko ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball ihura na DR Congo mu irushanwa riri kubera muri Senegal, Ambasaderi w’u Rwanda muri Senegal yasuye abakinnyi mu myitozo anabaha impanuro
Intore za FPR Inkotanyi ziba mu Mujyi wa Oxford mu Bwongereza, zihugiye mu gikorwa cyo kwamamaza umukandida wabo Paul Kagame.
Ku munsi wa mbere w’igikombe cy’Afurika cya Handball cy’abatarengeje imyaka 20 kiri kubera i Dakar muri Senegal, u Rwanda rutsinze Madagascar ibitego 35-24.
Ikompanyi Nyarwanda itwara abagenzi mu ndege, RwandAir yamaze gufungura icyicaro mu gihugu cya Benin, kizayifasha guha serivisi abatuye Afurika y’Iburengerazuba n’iyo hagati.
Paul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi yihanangirije abakunda kugenzura uko u Rwanda rubayeho ko bitagishoboka, kuko Abanyarwanda batazongera kwihanganira kwandagazwa n’umuntu utabatunze.
Mu kiganiro umutoza Okoko Godefroid yagiranye na KT Radio, mu kiganiro cyayo cya KT Sports yikomye bikomeye abantu bamushinja gukoresha amarozi.
Paul Kagame yavuze ko urugamba FPR-Inkotanyi yatangije, rukayitwara abantu benshi, rwari urwo guhindura imyumvire y’icyo bamwe mu bayobozi bitaga demokarasi ariko itaragiriraga neza abaturage.
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru mu Rwanda yamaze gutegurirwa umukino wa gicuti ugomba kuyifasha kwitegura Uganda bazakina bashaka itike ya CHAN 2018.
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu Sinamenye Jeremie yamaze kurekurwa n’inzego z’ubutabera, nyuma yo gufungwa azira kubangamira uburenganzira bw’abiyamamaza.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rya Uganda (FUFA) ryemeje Moses Basena nk’umutoza mushya w’ikipe y‘igihugu ugiye gusimbura Micho uherutse gusezera muri iyo kipe.
Barangajwe imbere na Harebamungu Mathias, Ambasaderi w’u Rwanda muri Senegal, Abanyarwanda batuye muri icyo gihugu bakiranye urugwiro ikipe y’igihugu ya Handball y’abatarengeje imyaka 20.
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru (Amavubi), Antoine Hey atangaza ko ikipe ye yiteguye kuzasezerera Uganda mu mikino ya nyuma yo gushaka itike ya CHAN 2018.
Umumotari, Ndayiramiye Donat agiye kujya agendera kuri moto ye nshya yahembwe kubera ubunyangamugayo yagaragaje ubwo yasubizaga amafaranga y’umugenzi yari ahetse wakoze impanuka agakomereka bikomeye.
Paul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi yavuze ko kugira ngo u Rwanda rutere imbere, rwafashe umwanzuro wo kwima amatwi abafite politiki yo kuyobya Abanyarwanda.
Amakipe ya MAGIC FC yo mu Karere ka Muhanga yihariye ibihembo bikuru mu marushanwa yo kwamamaza umukandida wa FPR-Inkotanyi, Paul Kagame.
Paul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi yavuze ko nta kindi kizageza u Rwanda ku iterambere rwifuza uretse gufatanya no gukorera hamwe kandi bidaheza.
Stade Amadou Bary ijyamo abatagera ku gihumbi ni yo izakira igikombe cy’Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 muri Handball kitabiriwe n’u Rwanda.